author

Ubukene bumeze nabi mu muryango w’abibumbye UN

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko uyu Muryango wugarijwe n’ibura ry’amafaranga ku buryo nta hatagize igikorwa, amafaranga ufite azashira bitarenze mu kwezi kwa Nyakanga 2026. Ni ibikubiye mu ibaruwa Antonio Guterres yandikiye ibihugu binyamuryango 193 bya LONI. Antonio Guterres yavuze ko uyu Muryango uri mu kibazo cyo kuba washiranwa n’amafaranga kuko ibihugu byinshi […]

Police FC yegukanye Igikombe cy’Intwari 2026 itsinze APR FC kuri penariti 7-6

Ikipe ya Police FC yegukanye Igikombe cy’Intwari 2026 nyuma yo gutsinda APR FC kuri penariti 7-6, mu mukino wa nyuma wabaye kuri iki Cyumweru muri Stade Amahoro, urangira amakipe yombi anganyije 1-1 mu minota 90 isanzwe y’umukino bitabaza Penariti. Iyi nsinzi Police FC iyikesheje uruhare rukomeye rw’umunyezamu Niyongira Patience, wakuyemo penariti y’ingenzi, nyuma yo kwinjira […]

Rayon Sports yatandukanye n’umunyezamu Pavelh Ndzila

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’umunyezamu Pavelh Ndzila ukomoka muri Congo Brazzaville, nyuma y’amezi atandatu gusa yari amaze ayikinira. Uyu munyezamu w’imyaka 31, yari yarageze muri Gikundiro mu mpeshyi ya 2025, ariko ntiyabashije kugumana umwanya we mu izamu nyuma y’igihe gito, aho aherukaga gukina mu Ugushyingo 2025. Ndzila yatangiye gutakaza icyizere cy’abatoza n’abafana, […]

Nyagatare: Umusore w’imyaka 20 yatemye mugenzi we ijosi

Nshimiyimana Robert, wo mu Mudugudu wa Mugali, Akagari ka Rutaraka, Umurenge wa Nyagatare, yatawe muri yombi akekwaho gutema mugenzi we ijosi, nyuma y’amakimbirane bagiranye ubwo barimo basangira inzoga mu kabari. Uru rugomo rwabaye mu gicuku gishyira mu rukerera rwo ku wa Gatanu, aho aba basore bombi bari basangiye inzoga mu kabari, bikaza kurangira bagiranye amakimbirane […]

CAF yafatiye ibihano bikomeye Sénégal na Maroc kubera imvururu zo kuri final ya AFCON 2025

Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Marocco, nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Uyu mwanzuro watangajwe mu ijoro rishyira ku wa Kane, nyuma y’inama ya komisiyo […]

Senegal yegukanye igikombe cya Africa Cup of Nations (AFCON) 2025

Abakunzib’umupira w’amaguru muri Africa ndetse no ku is hose bamaze hari ukwezi kose baryoherwa n’irushanwa rikomeye ku mugabane w’Afrika, AFCON 2025 kugeza rishyizweho akadomo n’umukino wanyuma wahuje ikipe y’igihugu ya Morocco (Les Lions de l’Atlas) n’iya Senegal (Les Lions de la Téranga), umukino wasize Senegal irara neza. Uyu mukino wabaye mu mwuka wihariye, aho amakipe […]

RIB Yafunze Sheikh Bahame Hassan ushinjwa gukoresha ishimisha mubiri rishingiye ku gitsina abagororerwa mu kigo cya Gitagata

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenza cyaha mu Rwanda RIB Dr B Murangira Thierry    yatangaje ko uru rwego rwafunze umuhuzabikorwa w’ikigo ngorora muco cya Gitagata BAHAME Hasan ukekwaho icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite no gusaba cyangwa gukoresha ishimisha mubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe baba baje kugororerwa muri iki kigo BAHAME Hassan […]

Ibihugu 5 mur’ Afurika bifite indege nyinshi kandi zikomeye kurusha ibindi mu mpera za 2025.

Kugira indege nyinshi ntibikiri inzozi cyangwa kwiyemera ku bihugu by’ Afurika bihanganye n’ibibazo by’umutekano bikomeye, intumbero z’ubukungu, n’iterambere ry’ibihugu; ahubwo ni ibisabwa ku rwego rwa politiki n’umutekano. Kugira ubushobozi bwo kugenzura ikirere bituma igihugu kibasha gusubiza vuba ku bibazo nk’ibyiterabwoba, ubucuruzi bwa magendo, ndetse no kugenzura imikorere y’ibidafite uburenganzira. Gufata neza no kugira indege zikomeye […]

Championa y’ u Rwanda Iragaruka mu kwezi kwa 8, Dore uko ingengabihe yayo Iteye.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje amakipe ko FERWAFA Super Cup izaba tariki ya 2 Kanama, naho Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere igatangira tariki ya 15 Kanama 2025. Ibi ni bimwe mu bikubiye mu ngengabihe y’amarushanwa ateganyijwe mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26, yashyizwe hanze ku wa Mbere, tariki ya 16 Kamena 2025.  Umwaka w’imikino […]