Umuhanzi w’umunyanigeria Paddy K yiseguye kubanyarwanda kubera atarabasha kwifatanya nabo mugushyigikira Kwizera Olivier mumukino urahuza Rayon Sports na APR FC muri 1000 Hills derby uyu munsi, ninyuma yaho Kwizera yamukindishije abanyarwanda mundirimbo ye irigukundwa cyane muriyiminsi yitwa anxiety. Mubutumwa uyumuhanzi Paddy K yacishije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati: “Ndababaye kuba ntaribubashe kuba ndi kumwe […]
Umuhanzikazi Olivia Rodrigo akomeje kuvugisha abantu nyuma yo gutungurana agashyirwa ku mwambaro wa FC Barcelona, uyu muhanzikazi wegukanye ibihembo bya Grammy azagaragara ikirango cye ku mwambaro wa Barça ubwo bazahura na Real Madrid ku wa 10 Gicurasi, bityo abe abaye umuhanzi ukiri muto ubikoze binyuze mu bufatanye bw’iyi kipe na Spotify. Mu mukino uzahuza Barcelona […]
Ikipe ya Sabah FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya Azerbaijan (Misli Premyer Liqası) ya 2025/26 ku nshuro ya mbere mu mateka yayo. Ni intsinzi ikomeye cyane kuko bayegukanye hasigaye imikino ine ngo shampiyona irangire. Ku wa 30 Mata 2026, ikipe ya Neftçi PFK yatsinze Qarabağ FK ibitego 2–1 bishimangira ko Sabah FC itwaye igikombe bidasubirwaho. […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ku mugaragaro ko rishyigikiye Gianni Infantino kongera kwiyamamariza kuyobora FIFA muri manda ya 2027–2031. Ibi byatangajwe binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’urubuga rwa FERWAFA, aho bagaragaje ko bishimiye gushyigikira uyu muyobozi usanzwe uyoboye FIFA kuva mu 2016. Iki cyemezo cya FERWAFA kijyanye n’indi myanzuro yafashwe n’ibihugu byo ku mugabane […]
Perezida wa Kenya William Ruto yakiriye ku mugaragaro Umunyakenya Sebastian Sawe kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2026, amushimira anamuha ishimwe ryihariye nyuma yo kwandika amateka mashya mu gusiganwa ku maguru, aho yashyizeho agahigo gashya k’isi muri marato yabereye i Londres izwi nka London Marathon. Umukinnyi w’Umunyakenya Sebastian Sawe yanditse amateka mashya muri marato, […]
Ku wa Gatatu i Vancouver muri Canada perezida wa UEFA Aleksander Čeferin na perezida wa CAF Patrice Motsepe mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umupira w’amaguru no kuwugira igikoresho cy’ubumwe n’iterambere rusange, impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA) n’iy’Afurika (CAF) byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire (MoU) azamara kugeza ku wa 30 Kamena 2031. […]
Nkuko tubikesha ikinyamakuru 433 iyi ni imikino myiza yabayeho muri iki kinyejana cya 21 hashingiwe kuko imikino yagenze umwe kurumwe ndetse ningano yabari bayikuri nibyavuye muri buri mukino Ni imikino yiganje iya UEFA Champions league bisanzwe bizwiko iba irimo ishyaka ryinshi ndetse hagaragaramo nimikino yigikombe cy’isi mumyaka itandukanye ndetse hagaragaramo nimikino ya UEFA Europa league […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 Bank of Kigali yasinyanye amasezerano na Rwanda Premier League angana na miliyari 3.25 z’amafaranga y’u Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice, atangiza ku mugaragaro izina rishya rya shampiyona BK Pro League agamije kuzamura urwego, ubunyamwuga n’iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice […]
Murinominsi hari gucicikana amafoto, amavidewo kumbuga nkoranyambaga y’umukinnyi wa Real Madrid n’ubufaransa muburyo bwa memes yambaye imyenda ya gisirikare agaragara nk’umunyagitugu, ujya wibaza aho byaturutse? Iyi meme yatangiye hafi mu 2024, nyuma y’uko Mbappé yashatse gufatira ibyemezo mu mategeko unyamakuru/umuinfluencer w’Umufaransa witwa Mohamed Henni, wari wamwise izina atebya ashyira izina rye ku ifunguro rya kebab.Henni […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2026 ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yamaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru Liam Rosenior nyuma y’uruhererekane rw’imikino mibi yagaragayemo gutsindwa inshuro eshanu zikurikiranye muri Premier League. Rosenior w’imyaka 41 y’amavuko yagiye kuri izinshingano muri Mutarama asimbuye Enzo Maresca, asinya amasezerano y’imyaka 6 yagombaga kugeza mu mwaka wa 2032, […]
