Cristiano Ronaldo ashobora kongera gukora amateka akomeye mu mupira w’amaguru, aho bishoboka ko yazakinana n’umuhungu we, Cristiano Ronaldo Jr, mu ikipe imwe mu mwaka utaha. Uyu mukinnyi ufite imyaka 41 akomeje kwiyemeza kugera ku ntego yo gutsinda ibitego 1,000 mu mwuga we, aho asigaje ibitego 31 gusa ngo agere kuri uwo mubare udasanzwe. Kuri ubu, […]
Ikipe ya APR Cycling Club y’abasiganwa ku magare yatangiye gushaka abakinnyi b’abahungu bakiri bato bafite impano yo gusiganwa ku magare, bari hagati y’imyaka 14 na 16. Ni gahunda yatangiriye i Musanze kuri uyu wa Kabiri, aho izakorwa kugeza ku wa Mbere, tariki ya 20 Mata 2026, Izajya inyura mubice bitandukanye by’igihugu buri munsi kuva Saa […]
Nshuti Innocent, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice bamaze igihe bakundana amusaba kumubera umugore. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, ni bwo uyu mukinnyi yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze buhuriyeho na bombi, abukurikiza amagambo yuje urukundo. Yagize ati: “Ndacyishimiye ko […]
Ku wa 28 Werurwe saa Saba z’amanwa(13:00p.m) Umukino wahuje Urubyiruko rw’Anglikani Cathral ya Butare ndetse n’abanyeshuri b’abangilikani biga muri Kaminuza (All RASA) wari utangiye . Ni umukino wabereye ku kibuga cya Groupe officiel. Umukino wateguwe na Cathedral ya Butare ndetse na RASA mu rwego rw’ivugabutumwa ndetse no kongera ubucuti, ubumwe ndetse n’ubusabane bw’urubyiruko rw’itorero Angilikani […]
Mohamed Salah yatangaje ko azava muri Liverpool FC mu mpera za shampiyona ya 2025-2026, nyuma y’imyaka icyenda yari amaze muri iyi kipe. Ikipe ya Liverpool yemeje ko habayeho ubwumvikane hagati yayo n’uyu mukinnyi w’imyaka 33, nubwo yari agifite amasezerano azarangira mu 2027. Salah azava muri Liverpool ari umwe mu bakinnyi bakoze amateka akomeye, aho yatwaye […]
Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’ izakina imikino ya FIFA series 2026, izabera mu Rwanda guhera kuwa 26-30 werurwe 2026. Ku wa mbere nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi izatangira umwiherero, umuzamu Kwizera Olivier akazaba ari muri iyikipe”President wa FERWAFA Shema Fabrice, mu kiganiro RTV kickoff kuri Rwanda tv yahamije aya makuru. kuwa 16 werurwe nibwo ikipe […]
Rayon Sports F.C. yatangaje ko, ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Bruno Ferry wari umutoza mukuru w’iyi kipe. Ikipe yashimiye cyane umusanzu we mu gihe yayitozaga, imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye biri imbere. Uyu Mufaransa atandukanye n’iyi kipe yatozaga kuva mu Kuboza 2025, ayisize muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro. Bruno Ferry asize kandi Rayon sports […]
Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yavuze ko kuba atarahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda-Amavubi, yitegura imikino ya FIFA Series 2026, bitamuciye intege, ahubwo azakomeza kwitwara neza kugira ngo ubutaha nawe azahamagarwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Werurwe 2026, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’umukino wo kwishyura muri 1/4 cy’igikombe cy’amahoro wabereye […]
Ikipe y’igihugu ya Senegal national football team yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations mu buryo butunguranye cyane nyuma y’amezi abiri gusa bagitwaye banakoze ibirori byo kugishimira. Ibi byabaye nyuma y’uko Confederation of African Football yemeye ubujurire bwa Morocco national football team, wavugaga ko Senegal yishe amategeko y’umukino ubwo abasore bayo bavanwaga mu kibuga mu […]
Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bazifashishwa muri FIFA Series 2026. Nurutonde rwasohowe na FERWAFA, ruriho abakinnyi bakina mu myanya itandukanye ndetse n’amakipe bakinamo. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda national football team Amavubi iyobowe n’umutoza Stephen Constantine, dore urutonde rwabakinnyi bahamagawe: Abazamu Aba defenders Abakina hagati Abataka Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, […]
