Igitaramo cya Summer Country Tour cyabereye i Bugesera ku wa Gatandatu tariki ya 27 Kamena 2026, cyasize urwikekwe n’ibibazo byinshi ku bafana, nyuma y’uko umuhanzikazi Bwiza atagaragaye ku rubyiniro nk’uko byari byitezwe. Nubwo impamvu y’impanuka yari itangajwe, ukuri kw’ibyabaye inyuma y’inyegamo (backstage) kugaragaza amakimbirane y’imyitwarire hagati y’uyu muhanzikazi na mugenzi we Kitoko Bibarwa. Imizi y’impaka […]
Umuraperi Bebe Cool yatangaje ko yafashe umwanzuro wo guhagarika intambara y’amagambo yari amaze iminsi ahanganyemo na Miss Jolly Mutesi, nyuma y’ubuhuza bw’umugaba w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Bebe Cool yemeje ko yagiranye ibiganiro kuri telefone na Gen. Muhoozi, akaba ari na we wamugiriye inama yo kureka guterana […]
Umwuka si mwiza hagati ya Miss Jolly Mutesi n’umuhanzi w’Umunya Uganda Bebe Cool, nyuma y’aho uyu mukobwa atangarije ko agiye kwiyambaza amategeko kubera ibirego uyu muhanzi amushinja, avuga ko ari ibinyoma byambaye ubusa bigamije kumwangiriza izina. Abanyamategeko ba Jolly Mutesi bamenyesheje Bebe Cool ko ibyo yatangaje byose nta shingiro bifite. Bagaragaje ko nta sano iyari […]
Nyampinga w’u Rwanda w’amateka, Jolly Mutesi, yaciye amarenga ko umuhanzi w’icyamamare wo muri Uganda, Bebe Cool, yaba yaguye mu mutego w’abamwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho uyu muhanzi amushinje kumutuburira yitwaje izina ry’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. Intambara y’amagambo yavutse ubwo Bebe Cool yandikaga kuri X (yahoze ari Twitter), ashinja Jolly Mutesi ko yamutekeye imitwe […]
Ku wa 13 Kamena 2026, itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryatangaje ko rihagaritse imikoranire ryagiranaga na Sosiyete ya MIE Entertainment Ltd yari iyobowe na Irene Murindahabi uzwi nka M Irene, nyuma y’imyaka itanu bakorana. Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo, aba bahanzikazi bagize itsinda Vestine na Dorcas bagaragaje ko […]
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abahanzi Vestine na Dorcas, aba bakobwa bamenyesheje abakunzi b’umuziki ko basezeye ku masezerano y’imikoranire bari bafitanye n’inzu ifasha abahanzi ya MIE. Nk’uko byasobanuwe muri iyi baruwa, uyu mwanzuro uje nyuma yo kubitekerezaho neza no kubyigaho. Aba bahanzi bashimangiye ko uyu mwanzuro wo guhagarika imikoranire uhita utangira gukurikizwa guhera uyu munsi.Mu magambo […]
Mu gihe sinema y’u Rwanda ikomeje kwagura imbibi, hari amazina yagiye aba inkingi za mwamba mu kugaragaza ubushobozi bw’abanyarwanda ku ruhando mpuzamahanga. Eliane Umuhire, umukinnyi w’amafilime wigaragaje kuva kera mu bikorwa bifite uburemere bw’ubuhanzi, yateye indi ntambwe ikomeye yinjira mu muryango w’Abanyabugeni b’i Burayi (European Film Academy). Iyi ntabwo ari intambwe isanzwe, ahubwo ni igihamya […]
Umunyamakuru akaba numu Dj Philpeter yagize ibyo atangaza kubyo umunyamakuru mugenzi we akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat yamutangajeho mubihe bitandukanye Mubiganiro bimaze iminsi binyuzwa kuri youtube channel ya Yago pondat yumvikanye kenshi yikoma abantu batandukanye bazwi mu myidagaduro yo m’Urwanda barimo Dj Brianne, Fatakumavuta na Djihad kurubu bafunze kubera ibyaha bitandukanye bahamijwe […]
Ku wa 1 Kamena 2026 hasigaye iminsi icyenda gusa ngo igikombe cy’Isi cya FIFA 2026 gitangire muri Amerika ya Ruguru, IShowSpeed, uzwi ku izina rya Darren “IShowSpeed” Watkins Jr., yakoze icyo amenyereweho kurusha ibindi: kuzana akavuyo ke ku rwego rw’isi yose. Nta bufatanye bwa FIFA yari afite, nta kampanyi ikomeye yari yateguye ibikorwa byo kuyamamaza, […]
Inkuru ya Isaac Wright Jr. ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko kwihangana, ubwenge, no gushaka ubutabera bishobora guhindura ubuzima, ndetse n’igihe umuntu afunzwe arengana. Igifungo cy’akarengane mu mwaka wa 1991, Isaac Wright Jr. yari umuproducer w’umuziki utuye muri New Jersey, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ubuzima bwe bwahindutse akaga ubwo yafatwaga agashinjwa kuba […]
