Mu kiganiro inyumva nkumve cyangwa imbonankubone Live cyabaye ku ikoranabuhanga kuri uyu wa 12 kanama 2026, urubyiruko rwiganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga bakunze kwita (influencers) baganiriye biratinda cyane cyane ku bijyanye n’inzoga zitujuje ubuziranenge zimaze kuba umwanzi w’abanyrwanda muri iki gihe. Iki kiganiro cyari cyateguwe na Burikanu na Buringuni ndetse kitabirwa, kinakurikirwa n’abandi bamenyerewe cyane muri […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Shema Fabrice yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 kanama 2026. Amakuru y’ifungwa rya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatangajwe n’umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry kuri uyu wa kabiri. Dr Murangira B. Thierry yavuze ko Shema Fabrice akurikiranyweho […]
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryemeje amakuru avuga ko APR FC itazitabira irushanwa rya super cup 2026, nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’igihugu yanditse imeneyesha FERWAFA ko itazitabira iri rushwanwa kubera ryahinduriwe uburyo ryakinagwamo itamenyeshejwe. Igikombe cya super cup cyari gisanzwe gihuza ikipe yabaye iya mbere muri shampiyona n’ikipe yatwaye igikombe cy’amahoro, nkuko bigaragazwa […]
Argentine yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1. Ni ibitego byatsinzwe na Enzo Fernandez na Lautaro Martinez mu minota ya nyuma Ubwo Anthony Gordon yari yafunguye amazamu mu minota ya mbere y’igice cya kabiri. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nyakanga 2026, ni bwo […]
Kuri uyu wa 5 Nyakanga 2026, Umuryango fruits of Love wasubukuye igikorwa cy’urukundo cyo gusanira inzu umukecuru w’imyaka 74 usanzwe utuye mu karere ka nyarugenge umurenge wa Nyamirambo akagali ka Rugarama umudugudu wa Kiberinka mu isibo ya Ubutwari. Byatangiye ari ikifuzo cyo gufasha umwe mu barokotse Genoside yakoretwe abatutsi mu 1994, ariko birangira kivuyemo ubuhamya […]
Ku wa 13 Kamena 2026, itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ryatangaje ko rihagaritse imikoranire ryagiranaga na Sosiyete ya MIE Entertainment Ltd yari iyobowe na Irene Murindahabi uzwi nka M Irene, nyuma y’imyaka itanu bakorana. Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo, aba bahanzikazi bagize itsinda Vestine na Dorcas bagaragaje ko […]
Nyirabagande Drocelle Fridaus ’Langwida’ wamenyekanye cyane binyuze mu ikinamico Urunana yo kuri Radiyo Rwanda yakinagamo, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Kamena 2026. Yemejwe na Urunana Development Communication bakoranaga ndetse n’ubuyobozi bw’Umudugudu wa Itetero mu Murenge wa Nyamirambo aho yari atuye. Umwe mu bantu […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko ibizamini ngiro bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 bitangizwa ku mugaragaro kuri uyu wa 3 Kamena 2026, bikazarangira ku wa 22 Kamena 2026. Ni ibizamini bifatwa nk’inkingi ikomeye mu guteza imbere ireme ry’uburezi bushingiye ku bushobozi n’ubumenyi ngiro, aho abanyeshuri basabwa […]
Mu gihe urubyiruko rukomeje gushaka ubumenyi bubafasha kubona akazi no kwihangira imirimo, Isaac Barista Training Center ikomeje gufasha benshi binyuze mu mahugurwa y’umwuga ajyanye no gutegura ikawa, ibinyobwa ndetse n’ibiribwa bigezweho. Iki kigo kimaze imyaka itatu gitanga amahugurwa mu bigo bitandukanye n’amahoteli, cyimuriye ibikorwa byacyo mu gace korohereza buri wese kukigeraho, mu Karere ka Huye […]
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda nshya yiswe Resilience in Secondary Education (RISE Rwanda), igamije guha amahirwe ya kabiri urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye kugira ngo rubashe kubona impamyabumenyi ihwanye n’iy’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A2 Equivalent Certificate). Iyi gahunda igenewe urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35 rwacikirije amashuri yisumbuye, aho ruzahabwa amahirwe yo kongera kwiga hakoreshejwe […]
