​Nyuma yo gusigara muri Canada: Ishimwe Vestine yibarutse imfura ye mu nkubiri yo gutandukana n’umugabo

Umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu bagize itsinda ry’abanyarwanda ryamamaye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana rya ‘Vestine & Dorcas’, yibarutse umwana we w’imfura w’umukobwa mu Mujyi wa Vancouver muri Canada. Amakuru yizewe ashimangira ko uyu mwana yavutse muri Werurwe 2026, bityo akaba yenda kuzuza amezi abiri y’amavuko. Uyu mubyeyi yabyariye muri uyu mujyi aho atuye kuva […]

La Casa de Papel igiye kugaruka: Netflix yashyize hanze itariki ntarengwa!

Mu gihe benshi bari bazi ko umushinga wa filime y’amateka “La Casa de Papel” (Money Heist) washyiriweho akadomo mu mwaka wa 2021, urubuga rwa Netflix rwatunguranye rwemeza ko iyi nkuru ikomeje mu cyiswe “Money Heist Universe”. Nyuma y’imyaka itanu y’izihirwa n’ibice byabanje, ubu ubutumwa bushya bwagaruye amatsiko n’imyiteguro idasanzwe mu bakunzi ba sinema hirya no […]

Kevin Kade Yahishuye Inkomoko ya Milioni 30Frw ku ndirimbo “Ndi Ready” anyomoza Prophete Joshua

Umuhanzi Kevin Kade, umwe mu bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yongeye kugarukwaho nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ndi Ready”. Iyi ndirimbo imaze iminsi ivugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ntivugwaho gusa ubuhanga buyigize, ahubwo n’ingengo y’imari ikomeye yayigendeyeho n’impaka z’uwaba warayiteye inkunga(miliyoni 30Frw). Mu gihugu cya Namibia​ mu kiganiro Kevin Kade yagiranye […]

Urubuga rwa Instagram ruri gusiba konti (account) zigera kuri miliyoni

Abakoresha Instagram hirya no hino ku isi bazindutse babona igihombo gikomeye cy’ababayoboke (Followers) bagiye overnight Abantu bamaze kubura abafollowers benshi hano mu Rwanda harimo Mutesi Jolly ndetse na Shaddyboo…bamaze kubura abarenga ibihumbi ijana (100k) Shaddyboo wari usanzwe ukurikirwa n’abagera kuri miliyoni 1.2M followers , kuri ubu ageze kuri miliyoni 1.1M followers ni mugihe Mutesi Jolly […]

Monia Fleur yashyize umucyo ku byo gutandukana na Lino G

Umuhanzikazi wo mugihugu cyabaturanyi cy’Uburundi Monia Fleur yateye utwatsi ibyo gutandukana numuhanzi akaba n’umukunzi we Lino G, nyuma y’iminsi bivugwa cyane cyane kumbuga nkoranyambaga Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Landry, Monia yashimangiye ko agikundana na Lino G, nta kibazo bafitanye ndetse hari n’imishinga itandukanye bari gutegurira abakunzi babo. Inkuru zo gutandukana kwabo zatangiye kuvugwa mu minsi […]

Kimenyi Yves mu rukundo n’umugore uba muri Australia; bavuga ko bafitanye abana b’impanga

Kimenyi Yves wahoze ari umunyezamu wa Amavubi ndetse wanakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko ari mu rukundo n’umugore uzwi nka Nana uba muri Australia. Ibi byagarutsweho mu kiganiro banyujije kuri TikTok bari kumwe n’uwitwa GodFather, aho bombi bagiye bavuga ku mubano wabo ndetse n’ibimaze igihe bivugwa […]

ISURA NYAKURI Y’UBUZIMA BW’IBINYOMA: Ukuri kwihishe inyuma ya “Soft Life” yo mu Mijyi

Mu myaka ya vuba, mu mijyi ikura cyane nka Kigali na Kampala, hagaragaye umuco mushya w’imibereho wigaruriye cyane urubyiruko: “Soft Life.” Ni ubuzima bugaragara nk’ubwiza, bwuzuyemo kwinezeza, ibirori bidashira, amafoto meza n’ubuzima bw’icyubahiro ku mbuga nkoranyambaga. Ariko se inyuma y’iyo shusho nziza, haba hari iki? Ubuzima bugaragara vs ubuzima nyakuri Ujya winjira mu tubari dukunzwe […]

IBIDASANZWE: King James Yakoze Amateka Yo Kuzuza BK Arena Mu Minsi Mike

Mu mujyi wa Kigali, umuhanzi nyarwanda King James yongeye kwerekana urwego umuziki we ugezeho, nyuma yo kugurisha amatike yose y’igitaramo cye cyari giteganyijwe muri BK Arena. Nk’uko byatangajwe n’abateguye iki gitaramo, amatike yatangiye kugurwa iminsi mike mbere y’itariki y’igitaramo, ariko ku muvuduko wihuse cyane. Mu byiciro byose harimo VIP, ndetse na Regular (ahasanzwe) amatike yose […]

Elvin Cena Yanditse Amateka: Indirimbo ye “Let Me Be” Yicaye ku Ntebe ya Mbere kuri Billboard

Urugero rw’umuziki nyarwanda rugeze ku rundi rwego mu ruhando mpuzamahanga, nyuma y’aho umuhanzi Elvin Cena yanditse amateka adasanzwe. Indirimbo ye yise ‘Let Me Be’ ubu ni yo iyoboye izindi 10 zo mu njyana ya Afrobeat zumvwa cyane ku rubuga rwa Billboard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuhigo utari usanzwe ugerwaho n’abahanzi bakiri bato mu […]

Umuhanzi Paddy K yageneye ubutumwa abanyarwanda kubera ko atarabasha kureba 1000 hills derby ngo ashyigikire Kwizera Olivier

Umuhanzi w’umunyanigeria Paddy K yiseguye kubanyarwanda kubera atarabasha kwifatanya nabo mugushyigikira Kwizera Olivier mumukino urahuza Rayon Sports na APR FC muri 1000 Hills derby uyu munsi, ninyuma yaho Kwizera yamukindishije abanyarwanda mundirimbo ye irigukundwa cyane muriyiminsi yitwa anxiety. Mubutumwa uyumuhanzi Paddy K yacishije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati: “Ndababaye kuba ntaribubashe kuba ndi kumwe […]