Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru tariki ya 16 ukuboza 2025, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera ibirori byo kwigisha urubyiruko no guhuza abakozi n’abakoresha CARREER SUMMIT 2025. Ni ibirori bizitabirwa n’itsinda rigari ry’abanyarwenya rimenyerewe mu gusetsa abantu Genz comedy. Aba banyarwenya bazaba barangajwe imbere na Boss wabo Ndaruhutse Fally uzwi cyane nka […]
Iki gice kizaba ari Season yiswe iya 3 ariko kizaba ari igice cya 2 cya season ya 2 kikazagaragaramo abakinnyi bakunzwe muri iyi filimi barimo Taylor Polidore Williams ukina ari Kimmie ari na we cyane ishingiyeho, kikazajya hanze ku wa 19 Werurwe 2026. Kuva iyi filimi yajya hanze mu 2024, yasamiwe hejuru ndetse imara ibyumweru […]
