author

Ibyaranze umukino wa Gicuti wahuje urubyiruko rwa EAR cathederal Butare na RASA

Ku wa 28 Werurwe saa Saba z’amanwa(13:00p.m) Umukino wahuje Urubyiruko rw’Anglikani Cathral ya Butare ndetse n’abanyeshuri b’abangilikani biga muri Kaminuza (All RASA) wari utangiye . Ni umukino wabereye ku kibuga cya Groupe officiel. Umukino wateguwe na Cathedral ya Butare ndetse na RASA mu rwego rw’ivugabutumwa ndetse no kongera ubucuti, ubumwe ndetse n’ubusabane bw’urubyiruko rw’itorero Angilikani […]

Byinshi ku Itsinda ‘Abapansiyone’ rikomeje kwibutsa abakuze ubuto

Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kugaragara amashusho y’itsinda ry’Abanyarwanda rizwi nka Abapansiyone, rikurura benshi kubera uburyo baryoherwa no kubyina indirimbo za kera zizwi nka “karahanyuze”, bambaye imyambaro ijyanye n’igihe cya kera cyane cyane mu myaka ya 1980. Abakurikirana ibikorwa by’iri tsinda bavuga ko ribibutsa ibihe byahise, by’umwihariko ku bantu bakuze bageze mu myaka […]

California: Urukiko rwategetse Bill Cosby kwishyura miliyoni 19,2$uwo yasambanyije mu 1972

Urukiko rwo muri Leta ya California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwafashe icyemezo ku rubanza ruregwamo Bill Cosby, ruvuga ko ahamwa n’icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina cyakorewe Donna Motsinger mu mwaka wa 1972. Ibi byemejwe hashingiwe ku byatangajwe n’ubuyobozi bw’urukiko. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 23 Werurwe 2026, aho urukiko rwategetse Cosby kwishyura Motsinger […]

Marina agiye kongera kwitabira Iwacu na Muzika festival nyuma yimyaka 5

Umuhanzikazi Marina yemejwe ko azitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byateganyijwe kuzenguruka u Rwanda mu mwaka wa 2026, nyuma y’imyaka itanu atagaragara ku rutonde rw’abahanzi babitaramamo. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Marina yatangaje ko yishimiye kongera kubona amahirwe yo gutaramira abakunzi b’umuziki mu bice bitandukanye by’Igihugu, nyuma y’igihe yari amaze atitabira ibi bitaramo. Yagize […]

Koffi Olomidé yasezeranye n’umukunzi we nyuma y’imyaka 20 bakundana

Icyamamare mu muziki wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomidé, yasezeranye byemewe n’amategeko n’umukunzi we bamaze igihe kinini bakundana, Cindy Le Cœur, nyuma y’imyaka igera kuri 20 bari mu rukundo. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu mu gace ka Gombe mu Mujyi wa Kinshasa, ahazwi cyane nk’agace gatuyemo abakomeye n’abafite ibikorwa bikomeye mu gihugu. […]

Umunyamakuru wa Radio Rwanda “Gloria Mukamabano” yeguye

Umunyamakuru wabaye n’umuhanzi, Gloria Mukamabano, wamenyekanye cyane asoma amakuru kuri Televiziyo Rwanda, yasezeye ku mirimo ye mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, Rwanda Broadcasting Agency (RBA), nyuma y’imyaka icyenda akorera iki kigo. Amakuru yatangajwe agaragaza ko yasezeye kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026. Mu gihe yamaze muri RBA, Gloria yigaragaje nk’umwe mu banyamakuru bubashywe […]

Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kubera imyiteguro ya FIFA Series 2026

Kubera imyiteguro y’irushanwa ritegurwa na FIFA rizwi nka FIFA Series 2026, Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kugira ngo ibanze itunganywe. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa Rwanda Premier League, Jules Karangwa, ubwo yasobanuraga impamvu habayeho impinduka mu mikino imwe n’imwe ya shampiyona. Mu kiganiro yagiranye na RBA, Karangwa yavuze ko iki kibuga kitari mu bikoreshwa muri iki […]

Amateka ya Lt Colonel Willy Ngoma wishwe na FRDC n’uruhare rwe muri M23

Ahagana saambiri za mugitondo zo kuwa 24 Gashyantare 2026, nibwo amakuru yatangiye gucicikana avuga ko Umuvugizi w’Igisirikare cy’Ihuriro rya AFC/M23, Lieutenant-Colonel Willy Ngoma yishwe arasiwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote z’uruhande rwa FARDC ihanganiyemo n’iri huriro. Willy Ngoma yamenyekanye cyane ubwo Umutwe wa M23 (Turi busobanure hasi ) warwaniraga uburenganzira bwawo mu ntangiriro z’umwaka wa […]

Minisitiri Nduhungirehe yavuzeko FDLR igihari imvugo z’urwango zitazacika mu karere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zishobora gukomeza gukwirakwira mu karere igihe cyose umutwe wa FDLR ugihari. Yabivugiye mu nama mpuzamahanga yo kurwanya ivangura yabereye mu Busuwisi ku wa 23 Gashyantare 2026. Mu ijambo rye, Minisitiri Nduhungirehe yagarutse ku ngaruka z’imvugo zibiba urwango, avuga ko iyo zititaweho kandi zigafatwa […]