Ku itariki ya 26 Mutarama 2026, igiciro cya zahabu cyazamutse cyane kirenga amadorali 5,000 kuri ounce imwe (garama 28), biba ku nshuro ya mbere bibayeho mu mateka y’isoko mpuzamahanga ry’imari. Iri zamuka rikomeye ryatewe n’uko isi iri mu bihe by’ubwoba n’ukutizera ubukungu, biterwa n’amakimbirane ya politiki, intambara z’ubucuruzi, ndetse n’igabanuka ry’agaciro k’idolari rya Amerika. Ibi […]
Imbuga nkoranya mbaga zikomeje kuba igikoresho cyo kubaka amazina akomeye kuri social media gusa benshi bavugako bishobora kuba intandaro y’ihungabana. Umunyarwenya Japhet Mazimpaka yabigaragaje mu buryo bwihariye mu gitaramo yise “Social Media Influenza”, cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 23 Mutarama 2026, aho yasobanuye mu rwenya n’ubuhamya uko ubwamamare bwo ku mbuga […]
Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru tariki ya 16 ukuboza 2025, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera ibirori byo kwigisha urubyiruko no guhuza abakozi n’abakoresha CARREER SUMMIT 2025. Ni ibirori bizitabirwa n’itsinda rigari ry’abanyarwenya rimenyerewe mu gusetsa abantu Genz comedy. Aba banyarwenya bazaba barangajwe imbere na Boss wabo Ndaruhutse Fally uzwi cyane nka […]
Ikigo cy’ikoranabuhanga gifatwa nk’icyambere mu gusakaza amakuru ku isi cyatangaje ko kigiye gutangira kugerageza uburyo bushya buzajya bwifashishwa mu gusobanura indimi zitanduakanye mu gihe abantu bari kuganira bakoresha indimi zirenze rumwe kandi zitandukanye. Biri mu murongo mugari w’iki kigo cy’ikoranabuhanga wo guteza imbere ibijyanye n’ubusemuzi. Bisobanuye ko mu gihe umuntu azajya avuga mu rundi rurimi […]
Iki gice kizaba ari Season yiswe iya 3 ariko kizaba ari igice cya 2 cya season ya 2 kikazagaragaramo abakinnyi bakunzwe muri iyi filimi barimo Taylor Polidore Williams ukina ari Kimmie ari na we cyane ishingiyeho, kikazajya hanze ku wa 19 Werurwe 2026. Kuva iyi filimi yajya hanze mu 2024, yasamiwe hejuru ndetse imara ibyumweru […]
