Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje igihano cy’igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu kuri DJ Toxxyk, amazina ye nyakuri akaba ari Shema Arnaud de Bosscher, nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano n’impanuka yahitanye ubuzima bw’umupolisi. Icyemezo cyasomwe ku wa 22 Gicurasi 2026, nyuma y’uko urukiko rumusanze afite uruhare mu byaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, guhunga nyuma yo […]
Mu gihe cy’ubwami bwa Urban Boyz mu muziki w’u Rwanda, indirimbo yabo yitwa “Agafaranga” yabaye ikimenyabose, aho baririmbaga bashimangira ukuntu ifaranga rigira uruhare rukomeye mu buzima, ndetse n’ukuntu ryongerera imbaraga n’icyubahiro uyafite. Nyuma y’imyaka icyenda iri tsinda risenyutse, ayo magambo yongeye kugaruka mu bitekerezo bya benshi, nyuma y’uko hagaragaye ibimenyetso by’uko Humble Jizzo, Safi Madiba, […]
Ikibazo cy’amakimbirane n’ihohoterwa bikomeje kuvugwa hagati y’umuhanzi n’utunganya umuziki, Yampano, n’umukunzi we, Vava, cyashegeshe abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga. Mbere y’uko yitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) i Kanombe. Yampano yabanje gufata amashusho asobanura intandaro y’ubwumvikane buke buri hagati yabo, agerageza gutanga uruhande rwe mbere y’uko ashyikirizwa inzego z’umutekano. Mu kwiregura kwe, Yampano yashinje Vava kuba intandaro […]
Imyaka yari ibaye myinshi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru z’urukundo rwa Inkindi Aisha na Murindahabi Iréné wamamaye mu itangazamakuru nka M. Iréné, ariko uyu musore we yamaze gutangaza ubukwe n’undi mukobwa wo mu Bubiligi. Izi nkuru uretse kuba zarabaye nyinshi, zanakundaga gutizwa umurindi nuko ba nyirazo batigeze bazihakana ahubwo inshuro nyinshi iyo babaga bari mu […]
Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Murindahabi Irene wamamaye nka M Irene, yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane bari bamaze igihe kinini bakundana, nyuma yo kumwambika impeta y’urukundo mu gihugu cy’u Bubiligi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2026, M Irene washinze inzu ifasha abahanzi ya MIE Empire, yifashishije amafoto atandukanye agaragaza […]
Mukigaaniro umuhanzi Kabarankuru Icon yagiranye n’umunyamakuru Taikun Ndahiro wa Isibo akagira na youtube channel yitwa “Narababwiye TV” yatangaje ko abona umuhanzi akaba n’umuraperi mugenzi we Bushali yarakabirijwe atari kurwego bamufataho nurwo bamushyiraho. yagize ati ” ngewe mbona Bushi akabirizwa cyane ariko agira performance(uko umuhanzi yitwara kurubyiniro) nziza akomeza agira ati ” ngewe kugiti cyange ahantu […]
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge gukatira Shema Arnaud de Bosscher, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, igifungo cy’imyaka itanu(5) no kumuca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda 2.210.000, buvuga ko ibihano yari yarakatiwe n’urukiko rwa mbere ari bito cyane. DJ Toxxyk yatawe muri yombi tariki ya 21 Ukuboza 2025, nyuma yo gukorera impanuka mu Karere ka […]
Hari mu birori bidasanzwe byo gusoza inama mpuzamahanga ya Africa Forward Summit yabereye i Nairobi muri Kenya, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026.Iyi nama yari imaze iminsi iteraniye i Nairobi yigira hamwe icyerekezo gishya cy’ubukungu n’ishoramari muri Afurika, yasojwe n’igitaramo cy’akataraboneka cyiswe “Africa Forward Concert”. Sherrie Silver ntabwo yari […]
Uruhererekane rwa filime Fast & Furious, rumaze imyaka irenga 20 ruri mu zikunzwe cyane ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko, rugiye gutangira icyiciro gishya nyuma y’uko icyamamare Vin Diesel atangaje ko uyu mushinga ugiye kwagurirwa kuri televiziyo. Uku kwaguka kuje nk’igisubizo ku byifuzo by’abafana bamaze igihe kirekire bifuza kumenya birambuye inkuru z’abakinnyi b’imena b’iyi filime […]
Mu mateka y’imyidagaduro yo mu Rwanda, gake cyane ni bwo hagaragara ubutwari bwo gutanga imbabazi mu bihe bikomeye biba byatanyije imitima n’imbaga y’abantu. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026, umuhanzi Uworizagwira Florien, uzwi nka Yampano, yanditse amapaji mashya mu buzima bwe, atangaza ko yahisemo inzira y’imbabazi n’ubwiyunge ku bantu bose bagize uruhare […]
