Imbuga nkoranya mbaga zikomeje kuba igikoresho cyo kubaka amazina akomeye kuri social media gusa benshi bavugako bishobora kuba intandaro y’ihungabana. Umunyarwenya Japhet Mazimpaka yabigaragaje mu buryo bwihariye mu gitaramo yise “Social Media Influenza”, cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 23 Mutarama 2026, aho yasobanuye mu rwenya n’ubuhamya uko ubwamamare bwo ku mbuga […]
Umuvanzi w’umuziki uzwi cyane mu Rwanda, DJ Toxxyk, yisanze mu bihe bikomeye nyuma y’aho dosiye ye ishyikirijwe ubutabera, akurikiranyweho mu kirego cy’impanuka y’imodoka yahitanye ubuzima bw’umupolisi wari mu nshingano ze. Dosiye ya DJ Toxxyk yatangiye kwinjwirwamo n’ubushinjacyaha ku wa 29 Ukuboza 2025. Ibi bije nyuma y’aho habaye impanuka y’ikinyabiziga bivugwa ko uyu mu-DJ yari atwaye, […]
Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru tariki ya 16 ukuboza 2025, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera ibirori byo kwigisha urubyiruko no guhuza abakozi n’abakoresha CARREER SUMMIT 2025. Ni ibirori bizitabirwa n’itsinda rigari ry’abanyarwenya rimenyerewe mu gusetsa abantu Genz comedy. Aba banyarwenya bazaba barangajwe imbere na Boss wabo Ndaruhutse Fally uzwi cyane nka […]
Iki gice kizaba ari Season yiswe iya 3 ariko kizaba ari igice cya 2 cya season ya 2 kikazagaragaramo abakinnyi bakunzwe muri iyi filimi barimo Taylor Polidore Williams ukina ari Kimmie ari na we cyane ishingiyeho, kikazajya hanze ku wa 19 Werurwe 2026. Kuva iyi filimi yajya hanze mu 2024, yasamiwe hejuru ndetse imara ibyumweru […]
