Kuri uyu wa kabiri 07/04/2026, mu karere ka Musanze, umurenge wa Kimonyi habereye umuhango wo gutangiza kumugaragaro igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenocide yakorewe abatutsi 1994. Abaturage bahuriye Ku biro by’umurenge wa Kimonyi aho baje muri icyo gikorwa. Mu kiganiro cyatanzwe n’umuturage Ev NSHIZIRUNGU Emmanuel yagarutse ku byiza u Rwanda rwagezeho nyuma yo […]
Mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 2 Mata 2026, mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Nyakabuye, habereye amahano aho umugabo yagejeje umugore n’abana ku munsi w’imperuka, ashaka kubatwikira mu nzu nyuma yo gushyamirana n’umugore we bapfuye amafaranga y’itsinda. Uyu mugabo witwa Kwizera Eric, w’imyaka 29, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’aho […]
Mu mpera z’iki cyumweru kuwa 2 Mata 2026, Inama y’Abaminisitiri yateranye yize ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw’igihugu, guhera ku mateka, ubukungu, kugeza ku mavugurura mu buyobozi bukuru bw’igihugu. Ingingo yabanje kwitabwaho cyane ni imyiteguro yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Guverinoma yatangaje ko icyumweru cy’icyunamo kizatangira ku itariki ya […]
Kuri uyu wa gatatu, urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatanze ikiganiro cyihariye ku banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, kigamije kubakangurira gusobanukirwa isi nshya batuyemo ya “Internet” n’ibyaha biyikorerwamo. Mu kiganiro Ygiranye n’abanyeshuri ndetse n’abayobozi muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, Dr. Murangira B. Thierry yagaragaje ko abakoresha ikoranabuhanga bose bamaze guhinduka […]
Mu Karere ka Musanze, by’umwihariko mu mirenge ya Busogo na Gataraga, gupfusha uwawe si agahinda k’urupfu gusa, ahubwo ni n’intangiriro y’ibibazo by’ubukungu n’ingendo ndende zisiganya imiryango. Abaturage baratunga agatoki ubuyobozi ko kutagira amarimbi mu gace batuyemo bibatindura, bikaba bibashyira mu bukene bukabije. Kuri ubu, abaturage bo muri iyi mirenge biyambaza irimbi ryo mu Murenge wa […]
Kuri uyu wa gatandatu ahagana mu masaha ya saa munani z’amanywa, mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 11. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Rugerero, mu marembo y’ibitaro bya Gisenyi, ahantu hazwiho kugira umuhanda umanuka cyane kandi ukunze kuberamo impanuka za hato na hato bitewe n’imiterere yawo. Iyi mpanuka yatewe n’ikamyo […]
Mu minsi ibiri ishize, mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, haguye imvura ikaze ivanzemo inkuba n’imiyaga ikomeye, yateje igihombo gikomeye abaturage nyuma y’aho inkuba ikubise inka icumi, eshanu muri zo zigahita zipfa ako kanya. Ibi byago byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri no ku wa Gatatu w’iki cyumweru, bishyira mu kaga imiryango […]
Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026 hijihijwe imyaka 25 ishize Leta y’u Rwanda ishyizeho ubwisungane mu kwivuza bwa mituweli (Mutuelle de sante), ndetse hanerekanwa ku mugaragaro uburyo bwo kwishyura mituweli bijyanye n’imisanzu mishya ivuguruye bikaba byabereye mu karere ka Gasabo na Kayonza. Hatangajwe serivisi ziyongereye kuzari zisanzwę zihabwa abakoresha mituweli zirimo kuyungurura amaraso ku bafite […]
Mupende Ramadhan, wamenyekanye cyane nka Bad Rama akaba n’uwahoze ayobora inzu ifasha abahanzi ya The Mane, akomeje gutungura benshi kubera amagambo y’ibihuha n’ukwibasira ubutegetsi bw’u Rwanda yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze 22 Gashyantare 2026. Iyi myitwarire yatunguye inshuti n’abavandimwe be bavuga ko atigeze arangwa n’ishyaka rya politiki, ahubwo ikaba ishobora kuba ari ingaruka z’ibibazo by’ubukungu […]
Kuri uyu wa 13 muri kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye hari kubera ibirori byo gutangira icyerekezo gishya cyafunguriwe abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda mu ishami ry’ubuzima CMHS birori bya White Coat Ceremony 2026. Ibi birori byitabiriwe n’abayobozi batandukanye, ababyeyi, abanyamakuru, ndetse n’abanyeshuri ba nyir’ukubitegurirwa. Mubayobozi bitabiriye ibi birori harimo n’uhagarariye ibitaro bikuru bya kaminuza […]
