Inshamake kuri RASA RASA mu magambo arambuye ni Rwanda Anglican Students Association; mukinyarwanda RASA ni umuryango w’abanyeshuri b’itorero angilikani mu Rwanda. uyu muryango ukorera mu mashuri makuru na kaminuza hirya no hino mu gihugu. Umuryango RASA wavutse mu mwaka wa 1997 uvukira mu mujyi wa Butare, mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda Université Nationale […]
Nyuma y’uko hamaze igihe hari umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’epfo, Minisitiri w’Imari muri Afurika y’Epfo Enoch Godongwana yemeje ko igihugu cye kigiye kuba cyikuye byagateganyo mu Ihuriro ry’ibihugu 20 bikize kw’isi rya G20 mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziyoboye uyu muryango. Ibi yabivugiye munama mpuzamahanga yabereye […]
Umuvanzi w’umuziki uzwi cyane mu Rwanda, DJ Toxxyk, yisanze mu bihe bikomeye nyuma y’aho dosiye ye ishyikirijwe ubutabera, akurikiranyweho mu kirego cy’impanuka y’imodoka yahitanye ubuzima bw’umupolisi wari mu nshingano ze. Dosiye ya DJ Toxxyk yatangiye kwinjwirwamo n’ubushinjacyaha ku wa 29 Ukuboza 2025. Ibi bije nyuma y’aho habaye impanuka y’ikinyabiziga bivugwa ko uyu mu-DJ yari atwaye, […]
Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyatangaje ko cyahagaritse itumizwa, icuruzwa no gukwirakwiza ku isoko ry’u Rwanda imiti yitwa Relief kuko itujuje ubuziranenge. Itangazo rya Rwanda FDA ryo ku wa 11 Kamena 2025 rigaragaza ko binyuze mu igenzura rihoraho ry’ubuziranenge bw’imiti iri ku isoko, yatahuye “imiti itemewe yitwa “RELIEF” y’ibinini iri […]
Mu Rwanda, cyane cyane mu byaro, haracyagaragara ibibazo bikomeye bijyanye n’isuku y’abagore n’abakobwa mu gihe cy’imihango. Kimwe mu bibazo bikunze kugarukwaho n’abaganga n’impuguke mu by’ubuzima ni ukutagira imyenda y’imbere iboneye, bikaba bishobora gutera indwara zitandukanye n’ingaruka ku buzima bw’imyororokere.Dr Anicet, umuganga w’inzobere mu buzima rusange, agaragaza ko iki kibazo kidakwiye gufatwa nk’ikintu gito, kuko gifitanye […]
