author

Horace Gates

I'm Imazirungu Horace a dedicated Journalist. I'm Rwandan Delivering breaking news, growing our community

Abanyeshuri ba UR-Huye mu muryango RASA babonye ubuyobozi bushya

Inshamake kuri RASA RASA mu magambo arambuye ni Rwanda Anglican Students Association; mukinyarwanda RASA ni umuryango w’abanyeshuri b’itorero angilikani mu Rwanda. uyu muryango ukorera mu mashuri makuru na kaminuza hirya no hino mu gihugu. Umuryango RASA wavutse mu mwaka wa 1997 uvukira mu mujyi wa Butare, mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda Université Nationale […]

DJ Toxxyk mu mazi abira: Aritegura kuburana ku mpanuka yahitanye umupolisi

Umuvanzi w’umuziki uzwi cyane mu Rwanda, DJ Toxxyk, yisanze mu bihe bikomeye nyuma y’aho dosiye ye ishyikirijwe ubutabera, akurikiranyweho mu kirego cy’impanuka y’imodoka yahitanye ubuzima bw’umupolisi wari mu nshingano ze. Dosiye ya DJ Toxxyk yatangiye kwinjwirwamo n’ubushinjacyaha ku wa 29 Ukuboza 2025. Ibi bije nyuma y’aho habaye impanuka y’ikinyabiziga bivugwa ko uyu mu-DJ yari atwaye, […]

FDA yahagaritse umuti witwa RELIEF ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyatangaje ko cyahagaritse itumizwa, icuruzwa no gukwirakwiza ku isoko ry’u Rwanda imiti yitwa Relief kuko itujuje ubuziranenge. Itangazo rya Rwanda FDA ryo ku wa 11 Kamena 2025 rigaragaza ko binyuze mu igenzura rihoraho ry’ubuziranenge bw’imiti iri ku isoko, yatahuye “imiti itemewe yitwa “RELIEF” y’ibinini iri […]

MU CYARO HARI BENSHI BATAGIRA IMYENDA Y’IMBERE: DR ANICET ASOBANURA AKAMARO K’ISUKU MU GIHE CY’IMIHANGO

Mu Rwanda, cyane cyane mu byaro, haracyagaragara ibibazo bikomeye bijyanye n’isuku y’abagore n’abakobwa mu gihe cy’imihango. Kimwe mu bibazo bikunze kugarukwaho n’abaganga n’impuguke mu by’ubuzima ni ukutagira imyenda y’imbere iboneye, bikaba bishobora gutera indwara zitandukanye n’ingaruka ku buzima bw’imyororokere.Dr Anicet, umuganga w’inzobere mu buzima rusange, agaragaza ko iki kibazo kidakwiye gufatwa nk’ikintu gito, kuko gifitanye […]