Big Fizzo umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, yatangaje ko Umunyarwanda Kenny Sol ari mu bahanzi bazagaragara kuri album ye nshya yise ‘S.O.A: Son of Alkebulan’, azashyira hanze mu minsi iri imbere. Iyi album ya Big Fizzo igizwe n’indirimbo 14, aho igaragaraho abahanzi batanu bo mu bihugu bitandukanye barimo na Kenny Sol wo mu Rwanda.Aya makuru yuko […]
Hashize imyaka ine Yvan yitabye Imana, Yvan Buravan agiye kwibukwa mu gitaramo cyo gusigasira ibigwi bye ari nako bakomeza ubukangurambaga ‘Turikumwe Campain’ bwo kurwanya kanseri. Iki igitaramo cyateguwe n’umuryango YB Foundation. Kikaba kizabera muri “Atelier du Vin” ku wa 17 Kanama 2026. Muri iki gitaramo hategerejwemo abarimo Uncle Austin, Ish Kevin , Impakanizi, DJ June […]
Ku wa 15 Kanama 2026 mu ijoro, Nel Ngabo ari kumwe na Kivumbi King ndetse n’Umunya-Nigeria C Kay, bataramiye mu iserukiramuco rya ‘AfrOstrava 2026’ ryari rimaze iminsi ribera muri Repubulika ya Tchèque kuva ku wa 14 Kanama 2026. Nel Ngabo muri iki gitaramo yatanze ibyishimo ku bakunzi be mu ndirimbo zirimo ‘Muzadukumbura’, ‘Nywe’ na ‘Zoli’, […]
Dr. Utumatwishima Abdallah, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi,yeretse urubyiruko ibyarufasha gutera imbere birimo ubuzima, uburezi, ugutozwa no kujya mu myanya ifatirwamo ibyemezo, avuga ko iyo ubyujuje uba ushobora gutanga umusanzu wawe ku gihugu nawe ubwawe ukiteza imbere. Minisitiri yabivuze ubwo mu Karere ka Gatsibo hizihirizwaga umunsi Mpuzamahanga w’urubyirukUtumatwishima yavuze ko hari ibintu byafasha urubyiruko kwigirira akamaro, […]
Ally Soudy utegura ibirori ‘Ally Soudy&Friends’ byaherukaga kuba mu 2023, yabihinduriye izina byitwa ‘Cabaret Kigali’, bikazabera muri Kigali Universe ku wa 27 Ugushyingo 2026. Mu itangazo Ally Soudy yashyize hanze, yavuze ko icyahindutse ari izina ry’igitaramo ariko kizakomeza uko cyateguwe. Yavuze ati “Nyuma y’igitaramo cya Ally Soudy&Friends live show’ twishimiye kubamenyesha ko cyahawe izina rishya […]
Hashize igihe bivugwa ko Bwiza na Uhujimfura Jean Claude usanzwe ari umujyanama we bakundana ariko bitarerurwa ngo bibe inkuru mpamo, ariko mu makuru Imbaga yamenye nuko aba bombi bari mu myiteguro y’ubukwe. Aya makuru avuga yuko nyuma y’imyaka itanu Bwiza yinjiye muri KIKAC Music ya Uhujimfura, umubano watangiye nk’uw’akazi waje kurushaho gukomera, uvamo urukundo. Kuri […]
Kimenyi Yves na Muyango Claudine bitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, aho baburanye ku bijyanye no gutandukana kwabo byemewe n’amategeko kuri uyu wa 14 Kanama 2026. Uru rubanza ntirwatinze kuko rwamaze iminota mike cyane, aho Kimenyi Yves na Muyango Claudine bombi bari bitabiriye iburanisha. Icyakora, ubwo ryari ritangiye, umucamanza ntiyemeye ko hari undi muntu winjira mu […]
Ibyamamare muri cinema nyarwanda, Lynda Priya n’umuvandimwe we Nkusi Queen (bahuje umubyeyi umwe), bamaze iminsi bacyocyorana cyane ku mbuga nkoranyambaga baterana amagambo akakaye, bitewe n’igitekerezo uyu muvandimwe wa Linda yatanze muri rusange. Nkusi Queen ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube ya MIE, hari aho yageze atanga urugero ku bagore batubahisha abagabo babo ku […]
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye mu buryo bukomeye ibyamamare n’abahanzi mu Rwanda kugaragara mu rugamba rwo guca burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge bizwi nk’ ‘Ibyuma’, rugasaba ko bakoresha ubwamamare bwabo mu kwerekana ko bari baribeshye no gukangurira abaturage kuzirinda. Ubu ubutumwa bwatanzwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa Kane tariki ya 13 […]
Umuhanzi w’icyamamare umaze imyaka 18 yose mu muziki, Mugisha Benjamin (The Ben), yagiriye inama zikomeye urubyiruko rushaka kwinjira mu buhanzi n’imyidagaduro, abasaba gushishoza no kumenya gutandukanya icyo kubona abantu benshi bakureba (gushungerwa) bivuze n’ukuri kw’abakunda ibyo ukora (gukundwa). Ibyo The Ben yabivuze ku wa 13 Kanama 2026, mu kiganiro ‘Meet me tonight’ gishingiye ku gitaramo […]
