Kubakurikira Ruti Joël babona amagambo yuzuye urukundo aba abwira inkumi yihebeye, ndetse aherutse no kwemeza ko ari yo yamutwaye umutima.Icyakora, inshuro nyinshi Ruti Joël yagiye abera ibamba abanyamakuru bifuzaga kumenya byinshi kuri iyi nkumi yamutwaye umutima. Ikiganiro aherutse kugirana na IGIHE, Ruti yavuze ko “Ntarankundira kumuvuga, uragira ngo mbengwe rugikubita? Nankundira kuvuga uwo ari we […]
Nsengimana Joseph, Minisitiri w’Uburezi, yatumiwe mu gitaramo cy’urwenya ‘Gen-Z Comedy’ cyahariwe gusezera abanyeshuri bagiye kuva mu biruhuko, basubira ku masomo. Igitaramo giteganyijwe kubera muri Camp Kigali ku wa 27 Kanama 2026, aho byitezwe ko Minisitiri Nsengimana azaganiriza urubyiruko ruzacyitabira ku ngingo zitandukanye zijyanye na gahunda z’uburezi bw’u Rwanda. Minisitiri w’Uburezi azanatanga ubutumwa bw’impamba ku banyeshuri […]
Iradukunda Nadine we n’umusore ugiye ku murongora, umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda nka Nana Nadine, yafashe irembo iwabo wa Nadine Icyumweru gishize nibwo uyu musore yagiye gufata irembo kwa Nana Nadine, nyuma yo kumwambika impeta amusaba kuzamubera umugore, mu gikorwa cyabaye ku wa 15 Nyakanga 2026. Mu butumwa yaherekesheje amafoto yasangije abamukurikira ubwo […]
Rusine Patrick na Lucky Nzeyimana bajyanye na King James mu Bubiligi aho agiye gutaramira abakunzi be mu gitaramo cya mbere mu by’uruhererekane azakorera hirya no hino ku Isi, mu rwego rwo gukomeza kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki. Iki gitaramo cyabimburiwe n’ibindi bibiri yakoreye i Kigali mu ntangiriro za Kanama 2026 byashimangiye ko imyaka 20 […]
Nyuma yo gusohora indirimbo ye nshya yise ‘Look at me’ Tom Close yahise ateguza album ye nshya azashyira hanze mu cyumweru gitaha, iyi ikazaba ikurikira iyo yise ‘Essence’ yamurikiye abakunzi be mu 2023 Hashize imyaka itatu asohoye album yaherukaga gushyira hanze, Tom Close yabwiye IGIHE ko afite album nshya icyakora yirinda kugira byinshi ayivugaho cyane […]
Umuhanzi Rayvanny w’Umunya-Tanzania, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Rwanda’, yakoranye n’umuhanzi Kusslove, aho bombi bagaruka ku rukundo, ubwiza bw’u Rwanda n’Abanyarwandakazi. Muri iyi ndirimbo, Rayvanny agaragaza ko ubwiza bw’Abanyarwandakazi bwamukoze ku mutima, ndetse akavuga ko afite amatsiko yo gusura u Rwanda. Iyi ndirimbo ‘Rwanda’ iri mu njyana za Bongo Flava na Afro-pop, yashyizwe ahagaragara ku […]
Angélique Kidjo, umuhanzi ukomoka muri Benin yaciye agahigo ko guhabwa inyenyeri kuri ‘Hollywood Walk of Fame’ nk’Umunyafurika wa mbere uhawe iyo nyenyeri ifatwa nk’urwego rw’ikimenyabose mu ruganda rw’imyidagaduro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Hollywood Walk of Fame ni umuhanda uzwi cyane uherereye i Los Angeles, ushyirwamo inyenyeri zanditseho amazina […]
Igitaramo cya Usher na Chris Brown cyabaye mu ijoro ryo ku wa 17 Kanama 2026, cyitabiriwe n’umuhanzi Platin P aho yatashye ahamya ko nubwo Amerika yateye imbere, ibyishimo by’abakunzi b’umuziki ntaho bitaniye n’ibyo yabonye mu bitaramo King James aherutse gukorera i Kigali. Platini ubwo yabazwaga umwihariko yabonye mu gitaramo cya Usher na Chris Brown yitabiriye, […]
Shizzo umuraperi uherutse kurushinga n’umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy yateye utwatsi amakuru yo gutabwa muri yombi, avuga ko ari mu rugo kandi ari mu mudendezo. Aya makuru y’itabwa muri yombi rya Shizzo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ku mugoroba w’itariki 17 Kanama 2026, aho byavugwaga ko yitabye Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ngo yisobanure ku magambo amaze […]
The Ben indirimbo ye nshya yise ‘InshaAllah’ yujuje miliyoni z’abayirebye mu minsi ibiri gusa imaze ishyizwe ku rubuga rwa Youtube, bituma uyu muhanzi akuraho agahigo kari kamaze imyaka itanu gafitwe na Meddy. Iyi ndirimbo ‘Inshallah’, The Ben yayishyize hanze tariki 16 Kanama 2026, yakirwa neza n’abakunzi b’umuziki kuva ku munsi wa mbere isohotse, bishimangirwa n’uko […]
