Umunyamakuru akaba numu Dj Philpeter yagize ibyo atangaza kubyo umunyamakuru mugenzi we akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat yamutangajeho mubihe bitandukanye Mubiganiro bimaze iminsi binyuzwa kuri youtube channel ya Yago pondat yumvikanye kenshi yikoma abantu batandukanye bazwi mu myidagaduro yo m’Urwanda barimo Dj Brianne, Fatakumavuta na Djihad kurubu bafunze kubera ibyaha bitandukanye bahamijwe […]
Ku wa 1 Kamena 2026 hasigaye iminsi icyenda gusa ngo igikombe cy’Isi cya FIFA 2026 gitangire muri Amerika ya Ruguru, IShowSpeed, uzwi ku izina rya Darren “IShowSpeed” Watkins Jr., yakoze icyo amenyereweho kurusha ibindi: kuzana akavuyo ke ku rwego rw’isi yose. Nta bufatanye bwa FIFA yari afite, nta kampanyi ikomeye yari yateguye ibikorwa byo kuyamamaza, […]
Inkuru ya Isaac Wright Jr. ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko kwihangana, ubwenge, no gushaka ubutabera bishobora guhindura ubuzima, ndetse n’igihe umuntu afunzwe arengana. Igifungo cy’akarengane mu mwaka wa 1991, Isaac Wright Jr. yari umuproducer w’umuziki utuye muri New Jersey, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ubuzima bwe bwahindutse akaga ubwo yafatwaga agashinjwa kuba […]
Umuhanzi Florien Uworizagwira, uzwi cyane mu muziki Nyarwanda nka Yampano, yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo yisobanure ku byaha bitandukanye akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha. Mu iburanisha ryagarutse ku buzima bwe n’imibanire ye, uyu muhanzi yafashe umwanya wo kwisobanura ku byaha bikomeye ashinjwa.Mu buryo bw’iyemeracyaha, Yampano yemeye imbere y’urukiko ko yakoresheje urumogi mu bihe bitandukanye. Yavuze ko […]
Umuhanzi King James n’itsinda bari gufatanya gutegura igitaramo cye cyiswe “20 Years of King James”, batangaje ko hiyongereyeho umunsi wa kabiri w’iki gitaramo nyuma y’uko amatike y’umunsi wa mbere ashize ku isoko mu gihe cy’iminsi itatu gusa. Ibi byatangajwe na King James afatanyije na Bruce Intore uhagarariye Intore Entertainment, sosiyete iri gufasha uyu muhanzi mu […]
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Olivier, akomeje kubera umugisha ukomeye abahanzi bakiri bato bo mu gihugu cya Nigeria, binyuze mu buryo bwihariye akoresha mu kumenyekanisha n’ugukundisha abanyarwanda indirimbo zabo. Mu minsi ishize, uyu munyezamu yagaragaye mu mashusho atandukanye aryoshye ari kuririmba indirimbo z’abahanzi bataramamara cyane, bituma zikurikirwa n’abantu benshi mu […]
Gutandukana gutunguranye kwa Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation byabanje guteza urujijo n’impaka zikomeye. Uyu muryango wavugaga ko guhagarika imikoranire byatewe n’uko umwana atarangwaga n’indangagaciro zabo nko kwiga, imyitwarire myiza n’ubunyangamugayo. Ku rundi ruhande, Iranzi we yashinjaga umuryango kumubuzamo ubwisanzure, kumunaniza no gushaka kuzimya impano ye binyuze mu kumwohereza ku kigo gicumbikira abanyeshuri i […]
Rango Teng Teng, umwana w’Umugande yamenyekanye cyane ku isi kubera amashusho ye n’utubyiniriro dushimishije, kuri ubu ari mu gahinda n’umuryango we nyuma yo gushwana bikomeye na Michael Kabonge wahoze areberera inyungu ze (Manager) mu bya muzika n’ikoranabuhanga. Ikibazo nyamukuru cyavutse igihe umuryango wa Teng Teng umenyeye ko Kabonge (manager wa Teng) yahinduye ama-password (ijambo ry’ibanga) […]
Inkuru ikomeje kugarukwaho cyane mu myidagaduro mu Rwanda ni iy’itandukana ritunguranye rya Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation wari umaze gushinga imizi mu gufasha uyu mwana ukiri muto ufite impano mu rurimi rw’ikiraperi no mu kubyina. Iri seswa ry’imikoranire ryateje urujijo rushingiye ku kuba impande zombi zitavuga rumwe ku cyiciro cy’amakosa cyabyaye uyu mwanzuro.Ku […]
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye icyemezo cyari cyarafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, gitegeka ko Semuhungu Eric akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Mu cyemezo cyasomwe ku wa 26 Gicurasi 2026, urukiko rwagaragaje ko ubujurire bwa Semuhungu nta shingiro bufite, bityo n’ingwate yari yatanze yizeye gufungurwa irangirwa.Iki cyemezo gishimangira urugendo rw’uyu mugabo rwatangiye ku wa 9 Mata […]
