Philpeter yagize icyo atangaza kubyo Yago Pondat yamuvuzeho

Umunyamakuru akaba numu Dj Philpeter yagize ibyo atangaza kubyo umunyamakuru mugenzi we akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat yamutangajeho mubihe bitandukanye Mubiganiro bimaze iminsi binyuzwa kuri youtube channel ya Yago pondat yumvikanye kenshi yikoma abantu batandukanye bazwi mu myidagaduro yo m’Urwanda barimo Dj Brianne, Fatakumavuta na Djihad kurubu bafunze kubera ibyaha bitandukanye bahamijwe […]

Ubutabera bwaratsinzwe: Uko Isaac Wright Jr. yivumburiye ubwenge akirenganura.

Inkuru ya Isaac Wright Jr. ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko kwihangana, ubwenge, no gushaka ubutabera bishobora guhindura ubuzima, ndetse n’igihe umuntu afunzwe arengana.​ Igifungo cy’akarengane​ mu mwaka wa 1991, Isaac Wright Jr. yari umuproducer w’umuziki utuye muri New Jersey, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ubuzima bwe bwahindutse akaga ubwo yafatwaga agashinjwa kuba […]

Yampano imbere y’urukiko: Ibyo yiyemereye n’ibyo ahakana ku byaha aregwa

Umuhanzi Florien Uworizagwira, uzwi cyane mu muziki Nyarwanda nka Yampano, yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo yisobanure ku byaha bitandukanye akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha. Mu iburanisha ryagarutse ku buzima bwe n’imibanire ye, uyu muhanzi yafashe umwanya wo kwisobanura ku byaha bikomeye ashinjwa.Mu buryo bw’iyemeracyaha, Yampano yemeye imbere y’urukiko ko yakoresheje urumogi mu bihe bitandukanye. Yavuze ko […]

King James yamaze kwemeza umunsi wa 2 w’igitaramo nyuma yo kubisabwa n’abakunzi be

Umuhanzi King James n’itsinda bari gufatanya gutegura igitaramo cye cyiswe “20 Years of King James”, batangaje ko hiyongereyeho umunsi wa kabiri w’iki gitaramo nyuma y’uko amatike y’umunsi wa mbere ashize ku isoko mu gihe cy’iminsi itatu gusa. Ibi byatangajwe na King James afatanyije na Bruce Intore uhagarariye Intore Entertainment, sosiyete iri gufasha uyu muhanzi mu […]

​Kwizera Olivier Umunyezamu wahindutse Ikiraro cy’umuziki wa Nigeria mu Rwanda

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Olivier, akomeje kubera umugisha ukomeye abahanzi bakiri bato bo mu gihugu cya Nigeria, binyuze mu buryo bwihariye akoresha mu kumenyekanisha n’ugukundisha abanyarwanda indirimbo zabo.​ Mu minsi ishize, uyu munyezamu yagaragaye mu mashusho atandukanye aryoshye ari kuririmba indirimbo z’abahanzi bataramamara cyane, bituma zikurikirwa n’abantu benshi mu […]

Kuva ku Bushyamirane kugeza ku Marira n’Imbabazi: Isura Nshya y’Ikibazo cya Iranzi The Rapper n’Umuryango wa Sherrie Silver.

Gutandukana gutunguranye kwa Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation byabanje guteza urujijo n’impaka zikomeye. Uyu muryango wavugaga ko guhagarika imikoranire byatewe n’uko umwana atarangwaga n’indangagaciro zabo nko kwiga, imyitwarire myiza n’ubunyangamugayo. Ku rundi ruhande, Iranzi we yashinjaga umuryango kumubuzamo ubwisanzure, kumunaniza no gushaka kuzimya impano ye binyuze mu kumwohereza ku kigo gicumbikira abanyeshuri i […]

Intandaro y’Ikibazo: Imbuga zarigaruriwe, umwana ahembwa intica ntikize!

Rango Teng Teng, umwana w’Umugande yamenyekanye cyane ku isi kubera amashusho ye n’utubyiniriro dushimishije, kuri ubu ari mu gahinda n’umuryango we nyuma yo gushwana bikomeye na Michael Kabonge wahoze areberera inyungu ze (Manager) mu bya muzika n’ikoranabuhanga.​ Ikibazo nyamukuru cyavutse igihe umuryango wa Teng Teng umenyeye ko Kabonge (manager wa Teng) yahinduye ama-password (ijambo ry’ibanga) […]

Intandaro y’izima rya muzika: Iseswa ry’amasezerano rya Iranzi The Rapper na Sherrie Silver Foundation

Inkuru ikomeje kugarukwaho cyane mu myidagaduro mu Rwanda ni iy’itandukana ritunguranye rya Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation wari umaze gushinga imizi mu gufasha uyu mwana ukiri muto ufite impano mu rurimi rw’ikiraperi no mu kubyina. Iri seswa ry’imikoranire ryateje urujijo rushingiye ku kuba impande zombi zitavuga rumwe ku cyiciro cy’amakosa cyabyaye uyu mwanzuro.​Ku […]

​Urwobo rwakomeje kumumira: Semuhungu agumishijwe mu gihome nyuma y’urubanza rwaburanishijwe mu muhezo!

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye icyemezo cyari cyarafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, gitegeka ko Semuhungu Eric akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Mu cyemezo cyasomwe ku wa 26 Gicurasi 2026, urukiko rwagaragaje ko ubujurire bwa Semuhungu nta shingiro bufite, bityo n’ingwate yari yatanze yizeye gufungurwa irangirwa.​Iki cyemezo gishimangira urugendo rw’uyu mugabo rwatangiye ku wa 9 Mata […]