Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Olivier, akomeje kubera umugisha ukomeye abahanzi bakiri bato bo mu gihugu cya Nigeria, binyuze mu buryo bwihariye akoresha mu kumenyekanisha n’ugukundisha abanyarwanda indirimbo zabo. Mu minsi ishize, uyu munyezamu yagaragaye mu mashusho atandukanye aryoshye ari kuririmba indirimbo z’abahanzi bataramamara cyane, bituma zikurikirwa n’abantu benshi mu […]
Gutandukana gutunguranye kwa Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation byabanje guteza urujijo n’impaka zikomeye. Uyu muryango wavugaga ko guhagarika imikoranire byatewe n’uko umwana atarangwaga n’indangagaciro zabo nko kwiga, imyitwarire myiza n’ubunyangamugayo. Ku rundi ruhande, Iranzi we yashinjaga umuryango kumubuzamo ubwisanzure, kumunaniza no gushaka kuzimya impano ye binyuze mu kumwohereza ku kigo gicumbikira abanyeshuri i […]
Rango Teng Teng, umwana w’Umugande yamenyekanye cyane ku isi kubera amashusho ye n’utubyiniriro dushimishije, kuri ubu ari mu gahinda n’umuryango we nyuma yo gushwana bikomeye na Michael Kabonge wahoze areberera inyungu ze (Manager) mu bya muzika n’ikoranabuhanga. Ikibazo nyamukuru cyavutse igihe umuryango wa Teng Teng umenyeye ko Kabonge (manager wa Teng) yahinduye ama-password (ijambo ry’ibanga) […]
Yari yamaze kugurwa ngo itangweho igitambo mu birori bikuru bya Eid al-Adha, ariko urumuri rw’ubwamanare n’itandukaniro ry’imiterere byatumye isubizwa mu buzima. Imbogo y’indatwa y’izera (albino) yo mu gihugu cya Bangladesh, yaje guhabwa izina rya “Donald Trump” kubera agasatsi k’umuhondo kayo gatunganye mu mutwe, ntabwo ikibazwe nyuma y’aho inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu zifatiye icyemezo cyo kuyihagararira […]
Inkuru ikomeje kugarukwaho cyane mu myidagaduro mu Rwanda ni iy’itandukana ritunguranye rya Iranzi The Rapper n’umuryango Sherrie Silver Foundation wari umaze gushinga imizi mu gufasha uyu mwana ukiri muto ufite impano mu rurimi rw’ikiraperi no mu kubyina. Iri seswa ry’imikoranire ryateje urujijo rushingiye ku kuba impande zombi zitavuga rumwe ku cyiciro cy’amakosa cyabyaye uyu mwanzuro.Ku […]
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye icyemezo cyari cyarafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, gitegeka ko Semuhungu Eric akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Mu cyemezo cyasomwe ku wa 26 Gicurasi 2026, urukiko rwagaragaje ko ubujurire bwa Semuhungu nta shingiro bufite, bityo n’ingwate yari yatanze yizeye gufungurwa irangirwa.Iki cyemezo gishimangira urugendo rw’uyu mugabo rwatangiye ku wa 9 Mata […]
Mu gihe cy’ubwami bwa Urban Boyz mu muziki w’u Rwanda, indirimbo yabo yitwa “Agafaranga” yabaye ikimenyabose, aho baririmbaga bashimangira ukuntu ifaranga rigira uruhare rukomeye mu buzima, ndetse n’ukuntu ryongerera imbaraga n’icyubahiro uyafite. Nyuma y’imyaka icyenda iri tsinda risenyutse, ayo magambo yongeye kugaruka mu bitekerezo bya benshi, nyuma y’uko hagaragaye ibimenyetso by’uko Humble Jizzo, Safi Madiba, […]
Ikibazo cy’amakimbirane n’ihohoterwa bikomeje kuvugwa hagati y’umuhanzi n’utunganya umuziki, Yampano, n’umukunzi we, Vava, cyashegeshe abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga. Mbere y’uko yitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) i Kanombe. Yampano yabanje gufata amashusho asobanura intandaro y’ubwumvikane buke buri hagati yabo, agerageza gutanga uruhande rwe mbere y’uko ashyikirizwa inzego z’umutekano. Mu kwiregura kwe, Yampano yashinje Vava kuba intandaro […]
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge gukatira Shema Arnaud de Bosscher, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, igifungo cy’imyaka itanu(5) no kumuca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda 2.210.000, buvuga ko ibihano yari yarakatiwe n’urukiko rwa mbere ari bito cyane. DJ Toxxyk yatawe muri yombi tariki ya 21 Ukuboza 2025, nyuma yo gukorera impanuka mu Karere ka […]
Hari mu birori bidasanzwe byo gusoza inama mpuzamahanga ya Africa Forward Summit yabereye i Nairobi muri Kenya, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026.Iyi nama yari imaze iminsi iteraniye i Nairobi yigira hamwe icyerekezo gishya cy’ubukungu n’ishoramari muri Afurika, yasojwe n’igitaramo cy’akataraboneka cyiswe “Africa Forward Concert”. Sherrie Silver ntabwo yari […]
