author

Kylian Mbappé yashyize ahagaragara Itangazo rikomeye ryo kwamagana Ivanguraruhu rya Senateri Celeste Amarilla

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru, Kylian Mbappé, yashyize ahagaragara itangazo rikomeye asubiza Senateri wo muri Paraguay, Celeste Amarilla, nyuma y’amagambo y’ivanguraruhu uyu mugore yamwanditseho nyuma y’umukino w’ikiciro cya 1/8 cy’irangiza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, aho u Bufaransa bwatsinze Paraguay igitego 1-0.​ Nyuma y’uwo mukino, Senateri Amarilla yanditse ku rubuga rwa X amagambo yibasira Mbappé, […]

Ivanguraruhu ryakorewe IShowSpeed ryagarutsweho na FIFA

Imyidagaduro n’umupira w’amaguru byahujwe n’ikibazo gikomeye nyuma y’aho umunyamerika w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, avuze ko yakorewe ivanguraruhu n’umufana w’ikipe ya Argentine. Ibi byabereye kuri Hard Rock Stadium ku wa 3 Nyakanga 2026, ubwo uyu musore yari yitabiriye umukino w’Igikombe cy’Isi wahuzaga Argentine na Cabo Verde.​ Ubwo IShowSpeed yari yambaye umwambaro w’ikipe ya Cabo Verde […]

The Ben yiteguye kwishyura Bruce Melodie muri The Nu Year Groove 2027

Mu gihe imbuga nkoranyambaga n’ibiganiro by’abakunzi b’umuziki byiganjemo impaka zishingiye ku kumenya uwarushije undi mu bitaramo bya Summer Country Tour, abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie, bo bagaragaje ikinyabupfura n’ubunyamwuga bidasanzwe. Aba bahanzi bombi baciye bugufi, bemera ku mugaragaro imbaraga za mugenzi wabo, ibintu bitandukanye cyane n’uko abafana babo babyakira.​ Mu kiganiro aherutse kugirana […]

Umwuka mubi hagati ya Bwiza na Kitoko Bibarwa watumye igitaramo gihindura isura.

Igitaramo cya Summer Country Tour cyabereye i Bugesera ku wa Gatandatu tariki ya 27 Kamena 2026, cyasize urwikekwe n’ibibazo byinshi ku bafana, nyuma y’uko umuhanzikazi Bwiza atagaragaye ku rubyiniro nk’uko byari byitezwe. Nubwo impamvu y’impanuka yari itangajwe, ukuri kw’ibyabaye inyuma y’inyegamo (backstage) kugaragaza amakimbirane y’imyitwarire hagati y’uyu muhanzikazi na mugenzi we Kitoko Bibarwa.​ Imizi y’impaka […]

Gen. Muhoozi Ahagaritse Intambara ya Bebe Cool na Jolly Mutesi

Umuraperi Bebe Cool yatangaje ko yafashe umwanzuro wo guhagarika intambara y’amagambo yari amaze iminsi ahanganyemo na Miss Jolly Mutesi, nyuma y’ubuhuza bw’umugaba w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba.​ ​Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Bebe Cool yemeje ko yagiranye ibiganiro kuri telefone na Gen. Muhoozi, akaba ari na we wamugiriye inama yo kureka guterana […]

Ibintu Bihinduye Isura Hajemo n’amategeko:Bebe Cool ahawe Gasopo Igitaraganya.

Umwuka si mwiza hagati ya Miss Jolly Mutesi n’umuhanzi w’Umunya Uganda Bebe Cool, nyuma y’aho uyu mukobwa atangarije ko agiye kwiyambaza amategeko kubera ibirego uyu muhanzi amushinja, avuga ko ari ibinyoma byambaye ubusa bigamije kumwangiriza izina.​ Abanyamategeko ba Jolly Mutesi bamenyesheje Bebe Cool ko ibyo yatangaje byose nta shingiro bifite. Bagaragaje ko nta sano iyari […]

Intambara y’Amagambo hagati ya Miss Jolly na Bebe Cool kuri X(Twitter)

Nyampinga w’u Rwanda w’amateka, Jolly Mutesi, yaciye amarenga ko umuhanzi w’icyamamare wo muri Uganda, Bebe Cool, yaba yaguye mu mutego w’abamwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho uyu muhanzi amushinje kumutuburira yitwaje izina ry’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. ​Intambara y’amagambo yavutse ubwo Bebe Cool yandikaga kuri X (yahoze ari Twitter), ashinja Jolly Mutesi ko yamutekeye imitwe […]

Gutandukana hagati y’itsinda rya Vestine na Dorcas hamwe na MIE

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abahanzi Vestine na Dorcas, aba bakobwa bamenyesheje abakunzi b’umuziki ko basezeye ku masezerano y’imikoranire bari bafitanye n’inzu ifasha abahanzi ya MIE.​ Nk’uko byasobanuwe muri iyi baruwa, uyu mwanzuro uje nyuma yo kubitekerezaho neza no kubyigaho. Aba bahanzi bashimangiye ko uyu mwanzuro wo guhagarika imikoranire uhita utangira gukurikizwa guhera uyu munsi.​Mu magambo […]

Sinema y’u Rwanda ku ikarita y’i Burayi: Eliane Umuhire yinjiye mu muryango w’icyubahiro wa European Film Academy

Mu gihe sinema y’u Rwanda ikomeje kwagura imbibi, hari amazina yagiye aba inkingi za mwamba mu kugaragaza ubushobozi bw’abanyarwanda ku ruhando mpuzamahanga. Eliane Umuhire, umukinnyi w’amafilime wigaragaje kuva kera mu bikorwa bifite uburemere bw’ubuhanzi, yateye indi ntambwe ikomeye yinjira mu muryango w’Abanyabugeni b’i Burayi (European Film Academy). Iyi ntabwo ari intambwe isanzwe, ahubwo ni igihamya […]