Umunyamakuru akaba numu Dj Philpeter yagize ibyo atangaza kubyo umunyamakuru mugenzi we akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat yamutangajeho mubihe bitandukanye Mubiganiro bimaze iminsi binyuzwa kuri youtube channel ya Yago pondat yumvikanye kenshi yikoma abantu batandukanye bazwi mu myidagaduro yo m’Urwanda barimo Dj Brianne, Fatakumavuta na Djihad kurubu bafunze kubera ibyaha bitandukanye bahamijwe […]
Kumunsi wejo Banki nkuru y’igihugu BNR yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo (interest rate) ho 1% ruva kuri 7.25% rugera ku 8.25% ibi byakozwe mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko (inflation) ukomeje kwiyongera Izi ngamba zifashwe nyuma yuko bigaragaye ko ibiciro byazamutse bigera kukigero cya 13% bivuye ku 9.2% cyariho mukwezi gushize Abahanga […]
Mukigaaniro umuhanzi Kabarankuru Icon yagiranye n’umunyamakuru Taikun Ndahiro wa Isibo akagira na youtube channel yitwa “Narababwiye TV” yatangaje ko abona umuhanzi akaba n’umuraperi mugenzi we Bushali yarakabirijwe atari kurwego bamufataho nurwo bamushyiraho. yagize ati ” ngewe mbona Bushi akabirizwa cyane ariko agira performance(uko umuhanzi yitwara kurubyiniro) nziza akomeza agira ati ” ngewe kugiti cyange ahantu […]
Kumunsi wejo perezida w’ikipe ya Real Madrid, Florentino Pérez yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka kubintu byinshi byasize bamwe bamuha urwamenyo kubera bimwe mubyo yatangaje muri icyo kiganiro n’itangazamakuru nkaho yatangaje ko muri iyi champion irangiye yatwawe na Barcelona ngo Real Madrid yibwe amanota hagati ya 16 na 18 Bimwe mubyabajijwe muri icyo kiganiro Perez yabajijwe kumwuka […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvuga ku mugambi wo kwagura Amerika, aho kuri ubu yavuze ko yifuza ko Venezuela yaba Leta ya 51 igize iki gihugu. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Fox News, John Roberts, ku wa 11 Gicurasi 2026. Trump yavuze ko Venezuela ari igihugu gifite umutungo […]
Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]
Imyitwarire mibi iracyari imbogamizi ku mukinnyi w’Umunyarwanda Byiringiro Lague, nyuma yo gutangaza ko atazongera gukina muri shampiyona y’u Rwanda kubera ko atayibona ku rwego yifuza gukinaho Mu kiganiro Sunday Choice Live gica ku Isibo TV cyo kuri iki Cyumweru, BYIRINGIRO Lague yavuze ko yahagaritswe na Police FC arengana, kuko ngo yari yaramenyesheje ubuyobozi bw’ikipe ko […]
Abakoresha Instagram hirya no hino ku isi bazindutse babona igihombo gikomeye cy’ababayoboke (Followers) bagiye overnight Abantu bamaze kubura abafollowers benshi hano mu Rwanda harimo Mutesi Jolly ndetse na Shaddyboo…bamaze kubura abarenga ibihumbi ijana (100k) Shaddyboo wari usanzwe ukurikirwa n’abagera kuri miliyoni 1.2M followers , kuri ubu ageze kuri miliyoni 1.1M followers ni mugihe Mutesi Jolly […]
Umuhanzikazi wo mugihugu cyabaturanyi cy’Uburundi Monia Fleur yateye utwatsi ibyo gutandukana numuhanzi akaba n’umukunzi we Lino G, nyuma y’iminsi bivugwa cyane cyane kumbuga nkoranyambaga Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Landry, Monia yashimangiye ko agikundana na Lino G, nta kibazo bafitanye ndetse hari n’imishinga itandukanye bari gutegurira abakunzi babo. Inkuru zo gutandukana kwabo zatangiye kuvugwa mu minsi […]
Nkuko tubikesha ikinyamakuru 433 iyi ni imikino myiza yabayeho muri iki kinyejana cya 21 hashingiwe kuko imikino yagenze umwe kurumwe ndetse ningano yabari bayikuri nibyavuye muri buri mukino Ni imikino yiganje iya UEFA Champions league bisanzwe bizwiko iba irimo ishyaka ryinshi ndetse hagaragaramo nimikino yigikombe cy’isi mumyaka itandukanye ndetse hagaragaramo nimikino ya UEFA Europa league […]
