BBC Sport yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu bo mu kinyejana cya 21

2 minutes, 38 seconds Read

Ikigo cy’itangazamakuru cy’imikino BBC Sport cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu (centre forwards) bagaragaje urwego rwo hejuru mu mupira w’amaguru kuva mu kinyejana cya 21 cyatangira.

Uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika Didie Drogba uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika Didie Drogba ni mugihe kandi rutayobowe numukinnyi wo kumugabane wiburayi ahubwo ruyobowe numunya Brazil Ronaldo Nazário wakiniye amakipe akomeye I Burayi

Kumwanya wambere turasanagho Ronaldo Nazário, uyu mukinnyi yazamukiye muri  Cruzeiro mbere akomereza kariyeri yiwe muri ekipe ya PSV mu mwaka wi 1994 iyi ekipe yayikiniye imyaka2 mazae mu 1996 yerekeza muri FC Barcelona muri uwo mwaka ninabwo yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza wumwaka (FIFA World player of the year)

Aha naho ntiyahatinze kuko nyuma yumwaka umwe gusa mu 1997 yahise yerekeza mu Butaliyani muri ekipe ya Intel Milan muri uyu mwaka kandi yahise yegukana Ballon D’or aba umukinnyi wambere muto uyegukanye kumyaka 21 Ronaldo Nazario yatsinze ibitego birenga 200 muri club no muri ekipe y’igihugu

Nyuma yaha Ronaldo nazario yamaze imyaka itatu adakina mbere gato yuko yinjira muri ekipe ya Real Madrid mumwaka wa 2002 aho yahise anatwarana nabo Laliga yo mumwaka w’imikino wa 2002-2003 nyuma yaho yaje kwerekeza muri ekipe ya AC Milan akomereza muri Corinthians mbere yuko asezera kumupira wamaguru mumwaka wa 2011

Ronaldo Nazario yakinnye imikino 98 muri ekipe ya Brazil ayitsindira ibitego 62 aba bimigira umukinnyi wa 3 watsinze ibitego byinshi muri ekipe y’igihugu kumyaka 17 Ronaldo Nazario yari muri Ekipe yegukannye igikombe cy’isi cyo mumwaka wi 1994

Kumwanya wa kabiri hariho rutahizamu Harry Kane uyu rutahizamu wu Bwongereza wamenyekanye akinira ekipe ya Tottenham kuri ubu akaba akinira ekipe ya Buyern Munich yo mUbudage yatsinze ibitego birenga 500 muri club ndetse na ekipe y’Igihugu ibi bimugira rutahizamu mwiza wa 2 mukinyejana cya 21

Kumwanya wa gatatu hariho rutahizamu Erling Haaland wumunya Noruveje uyu mukinnyi wamenyekanye  Red Bull Salzburg yo muri Austria akomereza muri ekipe Borussia Dortmund yo mUbudage mbere yuko yerekeza muri ekipe ya Manchester city yo mu Bwongereza uyu mwataka amaze gutsinda ibitego birenga 300 bimugira umwataka wa 3 mwiza muri iki kinyejana

Kumwanya wa kane dusangaho rutahizamu wumu Faransa Thierry Henry wazamukiye muri ekipe ya Monaco akomereza umupira muri Juventus gusa kubera kubura umwanya uhagije wo gukina byatumye ahita yerekeza muri Arsenal ari naho yubakiye ibigwi afite mumupira wamaguru aho yatsindiye Arsenal ibitego 228 bimugira umukinnyi watsindiye Arsenal ibitego byinshi mumateka yayo mbere yuko yerekeza muri FC Barcelona muri 2007. ibi ari nabyo bimugira rutahizamu wa4 mwiza muri iki kinyejana cya 21

Kumwanya wa 5 turasangaho rutahizamu wumunya Polonye ukinira FC Barcelona Robert Lewandowski kumwanya wa 6 hariho rutahizamu umwe rukumbi wumunya Afurika ukomoka mugihugu cya Cote D’ivore wubakiye ibigwi bye cyane muri ekipe ya Chelsea

Kumwanya wa 7 turasangaho rutahizamu wumu Faransa kuri ubu ukinira ekipe ya AL-Hilal yo muri SAUDI Arabia, Karim Benzema wubatse ibigwi bye cyane ubwo yakinaga muri Ekipe ya Real Madrid aho yayifashije kwegukana ibikombe bitandukanye ndetse yanegukanye Ballon D’or mu mwaka wa 2022

Kumwanya wa 8 hariho umunya Suwede Zlatan Ibrahimovic agakurikirya numunya Irigwe Luis Suraez wamenyekanye cyane akinira FC Barcelona, kumwanya wa 10 ari nawo wanyuma kuri uru rutonde hariho rutahizamu wUmudage Miroslav Klose.

Nange ngasoza nibaza nti ” ese uremeranya nuru rutonde rwakozwe na BBC Sport? ” cyangwa hari ukundi ubibona?

About The Author

Inkuru bihuye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *