Niyihe izajya mu cyiciro gikurikira? Ibyavuye muri tombora ya UEFA Champions League

2
0 minutes, 38 seconds Read

Tariki 30 Mutarama 2026 habaye tombora y’imikino yakamarampaka (Play-offs) muri UEFA Champions League 2026, amakipe 16 yananiwe kuzamuka ari mumunani yambere kuva kuya9 kugeza kuya24 azakina yishakamo 8 azajya muri 1/8 kirangiza (Round of 16).

Dore uko tombora yagenze:

  • Monaco izakina na Paris Saint Germain, izakomeza ikazahura na Barcelona cyangwa Chelsea
  • Galatasaray izakina na Juventus, izakomeza ikazahura na Liverpool cyangwa Tottenham
  • Benfica izakina na Real Madrid, izakomeza ikazahura na Sporting Lisbon cyangwa Man City
  • B.Dortmund izakina na Atalanta, izakomeza ikazahura na Arsenal cyangwa Bayern Munich
  • Qarabag izahura na Newcastle, izakomeza ikazahura na Chelsea cyangwa Barcelona
  • Club Bruge izakina na Athletico Madrid, izakomeza ikazahura na Tottenham cyangwa Liverpool
  • Bodo Glimt izakina na Inter Milan, izakomeza ikazahura na Man City cyangwa Sporting Lisbon
  • Olympiakos izakina na Bayer Leverkusen, izakomeza ikazahura na Bayern Munich cyangwa Arsenal

About The Author

Inkuru bihuye

2 Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *