Ibimenyetso by’amateka ya Astrida: Imihanda n’imiturire

0 minutes, 37 seconds Read

Nubwo Astrida yari irimo imihanda, yose yari imihanda y’igitaka. Kugeza igihe u Rwanda rwaboneye ubwigenge, igice cy’umuhanda wari urimo kaburimbo cyavaga kuri Hotel Faucon kikagera hafi y’ibiro bya teritwari.. Ubu ni kuri CASA Hotel. Ku nkengero z’uwo muhanda ni ho abazungu bari batuye.

Urusisiro rw’amazu bari batuyemo rwaheraga imbere y’ibiro bya teritwari –ahari resitora y’Abashinwa ubu/Chinese Restaurant – rukagarukira hafi y’ikibuga cy’indege. Amwe mu mazu y’icyo gihe n’ubu aracyahari. Harimo akorerwamo na zimwe muri serivise za Kaminuza y’u Rwanda (ishami ryaHuye), andi yaragurishijwe ubu ni ay’abantu ku giti cyabo.

. Muri ayo mazu yaKaminuza, harimo n’iri imbere y’ahahagarara imodoka kuri Hotel Faucon bivugwa ko yigeze kuba ibiro bya Komini Mukura.

About The Author

author

Mussa KaKa

My name is Byiringiro Moise, a graduate of the University of Rwanda in the Department of History and Heritage. I have practical experience in heritage preservation and museum education, having completed an internship at the Huye Ethnographic Museum where I worked on ethnographic collection management and visitor engagement. I have also served as a teacher, delivering holistic lessons that empower youth and strengthen community values. My academic and professional journey reflects a deep commitment to cultural identity, reconciliation, and civic education.

Inkuru bihuye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *