author

Mussa

My name is Byiringiro Moise, a graduate of the University of Rwanda in the Department of History and Heritage. I have practical experience in heritage preservation and museum education, having completed an internship at the Huye Ethnographic Museum where I worked on ethnographic collection management and visitor engagement. I have also served as a teacher, delivering holistic lessons that empower youth and strengthen community values. My academic and professional journey reflects a deep commitment to cultural identity, reconciliation, and civic education.

Dore impamvu nyamukuru zatumye Guverinoma ihagarika inzoga zizwi nk’ “Ibyuma”

kigo cy’Igihugu Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyasobanuye impamvu zashingiweho hafatwa icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda 109 zakoraga ibinyobwa bisindisha, birimo n’inzoga zizwi cyane ku izina ry’ “Ibyuma”, ndetse gitegeka ko ibinyobwa byose byakorewe muri izo nganda bikurwa ku isoko. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), cyafashwe mu rwego […]

Washington: Inkongi ikomeje kwibasira Spokane, ibikorwa by’ubutabazi birakomeje

Abantu barenga ibihumbi 65 bamaze kuva mu byabo nyuma y’inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye Umujyi wa Spokane, uherereye muri Leta ya Washington, mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nkongi imaze gutwika inyubako amagana ndetse hari nibindi byangiritse bikomeye. Iyi nkongi yiswe Old Trails Fire yatangiye ku wa Gatandatu, tariki ya 1 […]

Bill Gates yishimiye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu ikoranabuhanga rikoreshwa mu buvuzi

Kigali – Uwashinze akaba anayobora Umuryango wa Gates Foundation, Bill Gates, yasuye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakuru y’Ubuzima (National Health Intelligence Center – NHIC), aho yamenyeshejwe uburyo u Rwanda rukoresha amakuru y’ubuzima n’ikoranabuhanga mu kunoza serivisi zihabwa abaturage. Mu ruzinduko rwabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nyakanga 2026, Gates yakiriwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. […]

Sudani Yafashe Icyemezo Gikomeye: Umuyobozi wa RSF Yakatiwe Urwo Gupfa

Port Sudan, 13 Nyakanga 2026 – Urukiko rwa Sudani rwakatiye igihano cy’urupfu Umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa Rapid Support Forces (RSF), Gen. Mohamed Hamdan Dagalo, uzwi nka “Hemedti”, nyuma yo kumuhamya ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu ndetse n’ibyaha bya jenoside. Uyu mwanzuro watangarijwe mu Mujyi wa Port Sudan, ugenzurwa na Leta ya Sudani, ku wa […]

Kubera iki hiswe Ku Cya Rudahigwa? menya amateka yaho

Ku Cyarudahigwa hahoze ari mu karere k’Umutara hakaba haritiriwe ikiraroUmwami Mutara III Rudahigwa yari ahafite yororeragamo inka ku buryo bwakijyambere. Ahahoze icyo kiraro ubu ni mu Mudugudu wa Nsheke, Akagarika Nsheke, Umurenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare, mu Ntaray’Uburasirazuba. Hafi y’icyo kiraro ni ho ibiro by’Akagari ka Nsheke byubatse, kandi ni na yo sambu kubatsemo. […]

Cyasemakamba: Inkomoko y’Izina n’amateka ya Semakamba

Ku Cyasemakamba ubu ni mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Ngoma,Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Cyasemakamba, Umudugudu waKiruhura, ahahoze ari mu Gisaka cy’Igihunya. Ni hafi y’amasanganoy’umuhanda munini Kigali-Rusumo n’umuhanda werekeza mu mujyi waKibungo. Aha havugwa kuba haratuye umutware wo mu Basa witwagaSemakamba mwene Shumbusho ya Vuningoma ya Rwasa. Semakambayabayeho ku ngoma y’Umwami Mutara II Rwogera ndetse […]

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwemeje itariki y’urubanza rwa Victoire Ingabire

Urukiko Rukuru, urugereko rwa Kigali, ruteganya kuburanisha urubanza rwa Victoire Ingabire ku wa 15 Kamena. Ingabire akurikiranweho icyaha cyo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, nyuma yo gutabwa muri yombi muri Kamena 2025. Muri uru rubanza, Victoire Ingabire arareganwa n’abandi bantu umunani barimo Sibomana Sylvain, Hagenimana Hamad, Rucubanganya Alexis, Ndayishimiye Jean Claude, Masengesho Emmanuel, Nahimana […]

U Rwanda mu bihugu byitabiriye Africa Forward Summit iri kubera muri Kenya

Perezida Kagame Paul yitabiriye Inama ku Iterambere ry’Ahazaza ha Afurika izwi nka Africa Forward Summit, iri kubera i Nairobi muri Kenya. Iyo nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Mbere, ikaba ihuriyemo abayobozi bakuru b’ibihugu bya Afurika, abashoramari n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga. Insanganyamatsiko y’iyi nama igira iti “Innovation and Growth”, bisobanuye guhanga udushya no guteza imbere ubukungu. […]

Dusure ibice Yuhi V Musinga yatuyemo guhera igihe yimye Ingoma

Mu Gakenyeri ni mu mujyi wa Nyanza ahari hubatse umurwa w’Umwami YuhiV Musinga ndetse n’umugabekazi Nyirayuhi V Kanjogera. Ubu ni muMudugudu wa Gakenyeri, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana,mu Karere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amateka ya Musinga ari i Nyanzayanditswe mu bitabo byinshi bivuga amateka y’u Rwanda ariko uwayavuyeimuzingo cyane ni Alexis Kagame Nk’uko Kagame […]

AFC/M23 ivuga ko hari ibitero byibasiye abaturage n’amatungo

huriro AFC/M23 ryatangaje ko rikomeje kwakira amakuru rivuga ko hari ibitero byagabwe mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaba byaragize ingaruka ku baturage n’amatungo yabo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’iri huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu rukerera rwo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, ngo habaye igitero mu […]