Ku Cyasemakamba ubu ni mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Ngoma,Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Cyasemakamba, Umudugudu waKiruhura, ahahoze ari mu Gisaka cy’Igihunya. Ni hafi y’amasanganoy’umuhanda munini Kigali-Rusumo n’umuhanda werekeza mu mujyi waKibungo. Aha havugwa kuba haratuye umutware wo mu Basa witwagaSemakamba mwene Shumbusho ya Vuningoma ya Rwasa. Semakambayabayeho ku ngoma y’Umwami Mutara II Rwogera ndetse […]
Urukiko Rukuru, urugereko rwa Kigali, ruteganya kuburanisha urubanza rwa Victoire Ingabire ku wa 15 Kamena. Ingabire akurikiranweho icyaha cyo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, nyuma yo gutabwa muri yombi muri Kamena 2025. Muri uru rubanza, Victoire Ingabire arareganwa n’abandi bantu umunani barimo Sibomana Sylvain, Hagenimana Hamad, Rucubanganya Alexis, Ndayishimiye Jean Claude, Masengesho Emmanuel, Nahimana […]
Perezida Kagame Paul yitabiriye Inama ku Iterambere ry’Ahazaza ha Afurika izwi nka Africa Forward Summit, iri kubera i Nairobi muri Kenya. Iyo nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Mbere, ikaba ihuriyemo abayobozi bakuru b’ibihugu bya Afurika, abashoramari n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga. Insanganyamatsiko y’iyi nama igira iti “Innovation and Growth”, bisobanuye guhanga udushya no guteza imbere ubukungu. […]
Mu Gakenyeri ni mu mujyi wa Nyanza ahari hubatse umurwa w’Umwami YuhiV Musinga ndetse n’umugabekazi Nyirayuhi V Kanjogera. Ubu ni muMudugudu wa Gakenyeri, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana,mu Karere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amateka ya Musinga ari i Nyanzayanditswe mu bitabo byinshi bivuga amateka y’u Rwanda ariko uwayavuyeimuzingo cyane ni Alexis Kagame Nk’uko Kagame […]
huriro AFC/M23 ryatangaje ko rikomeje kwakira amakuru rivuga ko hari ibitero byagabwe mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaba byaragize ingaruka ku baturage n’amatungo yabo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’iri huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu rukerera rwo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, ngo habaye igitero mu […]
Uyu mugani bawuca iyo bashaka kumvisha ko naka ari kirimbuzi kiri-mbura imbaga, ko adakwiye kugirirwa imbabazi; ni bwo bavuga bati : «Siumurozi ni rubamba!» Wakomotse kuri Rubamba wo mu Bibungo byaMukinga h’i Musambira (Gitarama);ahagana mu mwaka w’i 1800. Rubamba yari umukungu w’imyaka n’amatungo; agatwarwa n’umutware witwa Kabango. Bukeye Kabango aribwa n’ubwo bukire bwa Ruba-mba, ashaka […]
Polisi yo mu gace ka Colombes, mu Bufaransa, yatangaje ko yateguye igisasu cyari gisigaye mu gihe cy’Intambara ya Kabiri y’Isi, cyari cyabonetse ahakorerwaga imirimo y’ubwubatsi. Iki gisasu cyabonetse ku wa 10 Mata 2026, ubwo abakozi bari mu bikorwa byo kubaka babonaga ikintu bakekaga ko gishobora guteza ibyago, bahita bamenyesha inzego z’umutekano. Nyuma yo kugenzura, byemejwe […]
Abahagarariye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda bahuriye mu nama ya Komisiyo Ihoraho Ihuriweho (JPC) iri kubera mu mujyi wa Kampala, aho bagaragaje ubushake bwo gukomeza guteza imbere umubano mwiza ushingiye ku buvandimwe hagati y’ibihugu byombi. Iyi nama ibaye ku nshuro ya 12, ikaba iri kubera muri Mestil Hotel, yitabiriwe […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zafashe ubwato butwara imizigo bwa Iran nyuma yo kutubahiriza amabwiriza bwari bwahawe mu nyanja iri hafi y’inzira ya Strait of Hormuz. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Truth Social ku Cyumweru, yavuze ko ubwo bwato bwitwa Touska bwaburiwe n’ingabo zirwanira mu […]
Ku itariki ya 7 Mata 1994, ni bwo Interahamwe n’umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana Juvénal batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali, banatangira ibikorwa byo kwica Abatutsi. Uwari Minisitiri w’Intebe, Uwilingiyimana Agathe, hamwe n’abasirikare icumi b’Ababiligi bo mu ngabo z’Umuryango w’Abibumbye bari bashinzwe umutekano we, bishwe n’abasirikare ba Leta y’u Rwanda, mbere bakorewe […]
