Umurenge wa Nkotsi wo mu Karere ka Musanze wamuritse umushinga munini wo kuvugurura agace ndangamateka ka Buhanga kwa Gihanga, kazwi cyane mu mateka y’u Rwanda. Biteganyijwe ko uyu mushinga uzatwara arenga miliyari 109 z’amafaranga y’u Rwanda, angana na miliyoni 75 z’amadolari ya Amerika. Buhanga kwa Gihanga giherereye mu Mudugudu wa Barizo, Akagari ka Bikara mu […]
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu, yatangaje ko gaz icukurwa mu Kiyaga cya Kivu iteganyijwe gutangira gukoreshwa mu gihembwe cya mbere cya 2028, ni ukuvuga mu mezi atatu ya mbere y’uwo mwaka. Yasobanuye ko abazahabwa amahirwe yo kuyikoresha bwa mbere ari abafite ibikorwa bitekera hamwe, birimo ibigo by’amashuri, ibitaro n’ahandi […]
Umutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, uzwi nka Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), watangaje ko umwe mu bayobozi bawo, Gen Ali Mohammad Naeini, yitabye Imana mu gitero cyagabwe mu murwa mukuru Tehran mu ijoro ryo ku wa 19 rishyira uwa 20 Werurwe 2026. Amakuru yatangajwe n’inzego za gisirikare za Israel avuga ko uyu musirikare yari amaze […]
Ingabo za Israel zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero bigamije kwangiza bimwe mu bikorwaremezo bya Leta ya Iran mu mijyi irimo Tehran, Shiraz na Tabriz, kugira ngo bahagarike Iran kuko ari uduce bafata nk’ahifashishwa mu bikorwa by’umutekano n’ubutegetsi bwa Iran. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo za Israel (IDF), bavuze ko ibyo bitero bigamije kwibasira ibikorwa bafata […]
Umuryango Unity Club Intwararumuri, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) n’izindi nzego za Leta, watangije icyiciro cya gatanu cy’ibiganiro bya gahunda “Ndi Umunyarwanda.” Ibi biganiro bizibanda cyane ku rubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye, hagamijwe kurushaho kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda no gukomeza kwimakaza indangagaciro z’umuco nyarwanda. Iki gikorwa giteganyijwe kugera mu mashuri yisumbuye agera […]
Abagize inteko itora mu Urugaga Nyarwanda rw’abikorera bazindukiye mu matora y’ababahagararira ku rwego rw’Akarere. Aya matora ni intangiriro y’igikorwa kizakomeza mu byiciro bitandukanye, kikazasozwa n’amatora ku rwego rw’Igihugu ateganyijwe mu minsi iri imbere. Ku rwego rw’Akarere, abanyamuryango b’urugaga batora umuyobozi w’urugaga muri ako karere hamwe n’abamwungirije babiri. Hatorwa kandi abagize inama nkemurampaka barindwi, bose bakazamara […]
Igishanga cy’Urugezi giherereye mu Karere ka Burera, ahahoze ari agace k’uBuberuka kari gakikijwe na Ndorwa, kagahana imbibi n’ u Rukiga ndetse n’uBufumbira byombi ubu biherereye mu gihugu cya Uganda. Urugezi ni igishanga kinini, ahanini kigizwe n’urukangaga ndetse n’urufunzo,ubu hakaba hari n’ibiti byahatewe n’ubuyobozi mu rwego rwo gufata neza. Ibibiti byatewe ngo bikingire Urugezi, iyo ubyitegereje […]
Igihugu cya Iran kiri mu bihe bikomeye nyuma y’amakuru avuga ko Umuyobozi w’Ikirenga wacyo, Ali Khamenei ndtse n’abandi bayobozi bakomeye baguye mu gitero cyagabwe n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Isiraheli. Amakuru aturuka mu nzego z’ubuyobozi bwa Iran avuga ko yahise asimburwa by’agateganyo na Alireza Arafi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo mu gihe hagitegurwa […]
Ubuyobozi bw’Isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda (Tour du Rwanda) bwatangaje ko abantu babiri bitabye Imana bazize impanuka yabaye ku Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, ubwo harebwaga agace ka mbere k’iri siganwa kahagurukiye mu Karere ka Gicumbi kagasorezwa i Rwamagana. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwavuze ko iyi mpanuka yabereye i […]
Uyu mugani umuntu awuca iyo abangamiwe n’ingorane bikaramba-nya; ni bwo abona ko agiye guseba agakorwa n’ikimwaro, noneho akihagararaho agira ati «N’aho Miseke ndarwana !» Wakomotse kuri Miseke w’iNyabimata ho muri Nshiri (Gikongoro);ahayinga umwaka w’i 1700. Miseke uwo yari atuye aho i Nyabimata ku nkiko y’Abadahemuka.Akaba intwari cyane; ndetse ngo we na Rugimbana rwa Matabaro wisheMakungu, […]
