Mu ijoro ryo ku wa 01 Gashyantare 2026, habaye ibirori bikomeye byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards, byahuriyemo abahanzi bakomeye mu muziki ku rwego mpuzamahanga. Ibi bihembo byatangwaga ku nshuro ya 68, bikaba ari ibihembo bihabwa abahanzi bitwaye neza kurusha abandi mu muziki, ndetse akaba ari ibihembo bifatwa nk’ibyicyubahiro ku buryo buri muhanzi aba abifata […]
Mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2026, Camp Kigali yari yuzuye akanyamuneza n’amarangamutima, ubwo abahanzi batandukanye barimo Kitoko, Bwiza, Massamba Intore, Army Jazz Band ndetse n’Itorero ry’Umujyi wa Kigali “Indatirwabahizi” bataramiraga Abanyarwanda mu gitaramo cyo kwizihiza Intwari z’u Rwanda. Iki gitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi, by’umwihariko urubyiruko rwaturutse hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, […]
Mu ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2026, muri Mundi Center, umusizi akaba n’umukinnyi wa filime Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava, Seburikoko, Sekaganda n’andi mazina menshi, yizihije imyaka 30 amaze mu buhanzi mu birori byari byuzuye ibyishimo n’amarangamutima. Ibi birori byatewe inkunga n’uruganda rwa Skol rubinyujije mu kinyobwa cya “Gatanu”, ndetse hanabonekamo n’ibindi binyobwa […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi bashya mu rwego rw’umutekano n’ingabo, aho Brig Gen Jean-Paul Nyirubutama yagizwe Umuyobozi Wungirije Mukuru w’Inama mu by’Ingabo n’Umutekano mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, mu gihe James Wizeye yagizwe Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS). Iri shyirwaho ry’aba bayobozi bashya ryatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Nicki Minaj amwita umwe mu baraperikazi bakomeye mu mateka, anongera ateramo urwenya avuga ko ashobora no kureka inzara ze zikamera nk’ize uyu muhanzi, zizwiho kuba ndende kandi zigaragara cyane. Ibi Trump yabivuze ku wa Gatatu tariki ya 28 Mutarama, ubwo yahamagaraga Nicki Minaj ku rubyiniro […]
Umurizabageni Nadia yasohoye igisigo gishya “Nacumuye Iki?” gihuza ihumure n’ihungabana ry’abakobwa batinze gushaka Umusizi Umurerwa Uwimbabazi Nadia, uzwi cyane ku izina ry’umwuga “Umurizabageni Nadia”, yashyize hanze igisigo gishya yise “Nacumuye Iki?”, kigamije guhumuriza no kongerera imbaraga abakobwa bumva baratinze kubona abagabo, nyamara bitaturutse ku bushake bwabo. Iki gisigo kigaruka ku marangamutima akomeye akunze kwiyumvamo abakobwa […]
Umuhanzikazi Alyn Sano uririmba mu njyana ya Afro-pop yitabiriye Inama ndetse n’igitaramo gikomeye cyabereye muri Anaheim Convention Center muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki ni igitaramo cyamuhaye amahirwe yo kwambuka imipaka yakarere yinjira ku rwego rw’abahanzi bahatanira isoko mpuzamahanga. Iki gitaramo cyabaye nyuma yuko inama mpuzamahanga yari yaratangiye mbere ku wa 20 kugeza 24 […]
Ku itariki ya 26 Mutarama 2026, igiciro cya zahabu cyazamutse cyane kirenga amadorali 5,000 kuri ounce imwe (garama 28), biba ku nshuro ya mbere bibayeho mu mateka y’isoko mpuzamahanga ry’imari. Iri zamuka rikomeye ryatewe n’uko isi iri mu bihe by’ubwoba n’ukutizera ubukungu, biterwa n’amakimbirane ya politiki, intambara z’ubucuruzi, ndetse n’igabanuka ry’agaciro k’idolari rya Amerika. Ibi […]
Imbuga nkoranya mbaga zikomeje kuba igikoresho cyo kubaka amazina akomeye kuri social media gusa benshi bavugako bishobora kuba intandaro y’ihungabana. Umunyarwenya Japhet Mazimpaka yabigaragaje mu buryo bwihariye mu gitaramo yise “Social Media Influenza”, cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 23 Mutarama 2026, aho yasobanuye mu rwenya n’ubuhamya uko ubwamamare bwo ku mbuga […]
Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru tariki ya 16 ukuboza 2025, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera ibirori byo kwigisha urubyiruko no guhuza abakozi n’abakoresha CARREER SUMMIT 2025. Ni ibirori bizitabirwa n’itsinda rigari ry’abanyarwenya rimenyerewe mu gusetsa abantu Genz comedy. Aba banyarwenya bazaba barangajwe imbere na Boss wabo Ndaruhutse Fally uzwi cyane nka […]
