Umunyenga w’urukundo ruri hagati y’icyamamare cyo muri Nigeria Moctar n’umuhanzikazi France Mpundu ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’aho uyu musore wegukanye irushanwa rya The Secret Story 2025 yongeye gusesekara mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 2 Mata 2026, Moctar yemeje amakuru y’uko ari i Kigali binyuze ku mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, […]
Iperereza rikorerwa Niyigaba Clement, uzwi nka DC Clement, ryahawe indi nshuro ikomeye nyuma y’aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rugaragarije ko uyu mugabo ubu noneho atangiye gukurikiranwaho n’icyaha cya ruswa. Ibi bije byiyongera ku byaha by’ibanze yari yafatiweho birimo kwangiza ibintu by’undi no kurwanya ububasha bw’amategeko. Iki kibazo cyatangiye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mata 2026, […]
