author

Ingabo za Israel zagabye ibitero ku butaka mu majyepfo ya Libani

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyatangiye ibikorwa bya gisirikare byo ku butaka bigarukira ku bice bimwe kandi byibasiye ahantu hihariye mu majyepfo ya Libani, mu gihe imirwano na Hezbollah irimo gukomera cyane mu mujyi wa Khiam ufite akamaro kanini mu bya gisirikare. Umujyi wa Khiam ufatwa nk’igihome cya Hezbollah, kandi ufite akamaro kanini mu bya […]

Yoweri Museveni yasimbuye kubuyobozi bwa EAC William Ruto

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yafashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) abusimbuyeho perezida wa Kenya William Ruto, munama ya 25 isanzwe ihuza abakuru bibihugu bya EAC yabereye I Arusha muri Tanzania. Nyuma yo gushyikirizwa ubuyobozi Museveni yahise atangira kuyobora uyu muryango w’akarere ndetse anayobora ibiganiro byiyo nama yahuje abayobozi b’ibihugu bigize EAC kugira […]

BBC Sport yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu bo mu kinyejana cya 21

Ikigo cy’itangazamakuru cy’imikino BBC Sport cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu (centre forwards) bagaragaje urwego rwo hejuru mu mupira w’amaguru kuva mu kinyejana cya 21 cyatangira. Uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika Didie Drogba uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika […]

Imyanzuro y’inama yabaminisitiri yayobowe na perezida Paul Kagame kuri uyu wa 4 Werurwe 2026

Kuri uyu wa gatatu, tariki 04 Werurwe 2026, inama y’abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Nanyakubahwa Perzida wa Repubulika y’u Rwanda , Kagame Paul. iy’inama yafatiwe mo imyanzuro itandukanye aho yemerejwemo imishinga yamategeko itandukanye, hemejwe kandi politiki, ingamba na porogaramu zitanduka ndetse hanashyirwa mumyanya abayobozi batandukanye nkuko bigaragara mu Itangazo ryashyizwe hanze nibiro bya […]

Rodrygo Goes yageneye ubutumwa abakunzi b’umupira wa maguru nyuma y’imvune yagize

Uyu mukinnyi wimyaka 25 ukinira Real Madrid na ekipe y’igihugu ya Brazil yagize imvune izamara igihe kirekire aho biteganyijwe ko izamara nabura amezi 10 aho azagaruka mumpera z’umwaka wa 2026 bivuzeko atazakina igikombe cyisi kizaba mumpeshyi yuyumwaka wa 2026 Mubutumwa Rodrygo Goes yageneye abakunzi be nabumupira wamaguru muri rusange yagize ati “Ni umwe mu minsi […]

Umuyobozi Mukuru wa RDB yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy K. Afrika, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Mansoor Ali Al-Hajri, bigamije gukomeza no kongerera imbaraga ubufatanye busanzwe hagati y’u Rwanda na Qatar. Ibi biganiro byabaye ku wa 3 Werurwe 2026, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa X rwa RDB. Muri iyo nama, […]

Amerika yatangaje ibihano ku bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF)

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda (RDF), zibashinja kugira uruhare mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi bihano byatangajwe nyuma y’iminsi mike habaye inama yiswe iy’Amahoro n’Iterambere yabereye i Washington (Washington Accords for peace and […]

Ibiciro byibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga, nimugihe imigabane ku masoko y’imari yagabanutse, bitewe n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije hagati ya Iran na Israel ndetse na Leta zunze ubumwe za America mbere yuko Leta zunze ubumwe za America, Israel na Iran batangira iyi ntamabara ibiciro bya peteroli ku isoko mpuzamahanga bya […]

Kuri iki cyumweru mu mugi wa Kigali hagiye gusozwa isiganwa kumagare rya tour du Rwanda

Kuri iki cyumweru taliki ya 01 Werurwe hagiye gukinwa agace ka munani ari nako ka nyuma ka tour du Rwanada yari imaze iminsi igera kumunani izenguruka ibice biitandukanye byigihugu cyurwanda aho aho abakinnyi batandukanye baturutse mumpande zose zisi basiganwaga kuntera ndende. Etape ya mbere yabaye kucyumweru taliki 22 Gashyantare 2026 aho kahagurukiye Rukomo mu karere […]