Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA tariki 5 Gashyantare 2026 ryasinye amasezerano y’ubufatanye bw’imyaka itatu na Okapi Sports Network, OSN, bugena ko OSN igira uburenganzira bwihariye bwo gutambutsa imikino ya basketball ya FERWABA mu buryo bwa live streaming. Aya masezerano y’imyaka myinshi azegereza abakunzi ba basketball mu Rwanda no hanze yarwo ibyishimo by’umukino kurushaho, […]
Uwahoze ari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Spain, Roberto Moreno, bivugwa ko yirukanwe ku kazi ke ka vuba aha nk’umutoza wa FC Sochi yo muburusiya, bitewe n’impungenge zavutse ko yaba yarishingikirizaga cyane AI, ChatGPT, mu gutoza ikipe no gufata ibyemezo. Moreno, ufite imyaka 48, wari watangiye gutoza FC Sochi mu 2023, bivugwa ko mu mwaka […]
Etincelles FC yirukanye Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe isigaranwa na Bizimana Abdou unzwi nka Bekeni usanzwe ushinzwe tekinike muriyikipe. Masudi Djuma ni umwe mu batoza batari borohewe muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma y’uko ikipe ye yasoje imikino ibanza iri ku mwanya wa nyuma, ifite amanota 11 mu mikino 17 ndetse mu […]
Kuba rutahizamu wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo, atarakinnye umukino wahuje ikipe ye na Al Riyadh, byaciye amarenga ko umwuka utari mwiza hagati ye n’abayobozi b’ikigo gicunga iyi kipe akinira. Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr nyuma y’uko hasohotse ingingo y’ibanga mu masezerano ye. Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, aravugwaho kuba ashobora kuva muri Al […]
Karim Benzema yinjiye muri Al Hilal avuye muri mukeba wayo muri Saudi Pro League, Al Ittihad. Uyu rutahizamu w’Umufaransa ufite imyaka 38, yari yarasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Al Ittihad avuye muri Real Madrid mu mpeshyi ya 2023, aho amasezerano ye muri iyi kipe yo mu mujyi wa Jeddah yari ateganyijwe kurangira muri Kamena 2026. […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Senegal (FSF) ryemeje ko rizishyura amafaranga yose ryaciwe rikongeraho ay’abakinnyi n’abatoza, kubera ibihano bafatiwe kubera imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabahuje nigihugu cya Morroco wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Mutarama 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe […]
Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wagatanu saa 21:00 tariki 30 Mutarama 2026. Al Hilal SC niyo yafunguye amazamu bwambere kugitego cya Mohamed Abdul Rahman kumunota wa45+3′. Girumugisha Jean Claude yatsinze igitego cya kabiri cya Al Hilal SC kumunota wa 49′ nyuma […]
Uyu munsi tariki ya 30 Mutarama 2026 mubiro by’Umukuru w’igihugu village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yagiranye inama yihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida w’Inama nkuru y’Igihugu ya Togo ndetse n’Umuhuza Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku bijyanye n’igikorwa cyo gushakira amahoro iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Nyuma y’iyo nama, Abakuru […]
RIB yafunze Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet bakurikiranweho gutangaza amakuru y’ibihuha ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. Abaregwa bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko, Kicukiro na Kimihurura mu gihe iperereza rikomeje ku byaha bakurikiranweho. RIB irongera kuburira abantu bose kwirinda gukoresha imbuga nkoranyambaga mu […]
Tariki 30 Mutarama 2026 habaye tombora y’imikino yakamarampaka (Play-offs) muri UEFA Champions League 2026, amakipe 16 yananiwe kuzamuka ari mumunani yambere kuva kuya9 kugeza kuya24 azakina yishakamo 8 azajya muri 1/8 kirangiza (Round of 16). Dore uko tombora yagenze:
