author

FERWABA yasinye amasezerano y’ubufatanye na Okapi Sports Network

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA tariki 5 Gashyantare 2026 ryasinye amasezerano y’ubufatanye bw’imyaka itatu na Okapi Sports Network, OSN, bugena ko OSN igira uburenganzira bwihariye bwo gutambutsa imikino ya basketball ya FERWABA mu buryo bwa live streaming. Aya masezerano y’imyaka myinshi azegereza abakunzi ba basketball mu Rwanda no hanze yarwo ibyishimo by’umukino kurushaho, […]

Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr

Kuba rutahizamu wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo, atarakinnye umukino wahuje ikipe ye na Al Riyadh, byaciye amarenga ko umwuka utari mwiza hagati ye n’abayobozi b’ikigo gicunga iyi kipe akinira. Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr nyuma y’uko hasohotse ingingo y’ibanga mu masezerano ye. Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, aravugwaho kuba ashobora kuva muri Al […]

Senegal yemeye kwirengera ingaruka z’ibihano byafatiwe abatoza n’abakinnyi muri AFCON 2025

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Senegal (FSF) ryemeje ko rizishyura amafaranga yose ryaciwe rikongeraho ay’abakinnyi n’abatoza, kubera ibihano bafatiwe kubera imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabahuje nigihugu cya Morroco wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Mutarama 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe […]

Abakuru b’Ibihugu bahuriye i Kigali ku kibazo cy’umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC

Uyu munsi tariki ya 30 Mutarama 2026 mubiro by’Umukuru w’igihugu village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yagiranye inama yihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida w’Inama nkuru y’Igihugu ya Togo ndetse n’Umuhuza Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku bijyanye n’igikorwa cyo gushakira amahoro iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Nyuma y’iyo nama, Abakuru […]

RIB yafunze abarimo Barafinda Sekikubo Fred

RIB yafunze Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet bakurikiranweho gutangaza amakuru y’ibihuha ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. Abaregwa bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko, Kicukiro na Kimihurura mu gihe iperereza rikomeje ku byaha bakurikiranweho. RIB irongera kuburira abantu bose kwirinda gukoresha imbuga nkoranyambaga mu […]