Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Gashyantare habaye umukino wa CAF Champions League wahuje AL Hilal yo muri Sudan ariko ikinira mu Rwanda na FC Saint Eloi Lupopo kuri Amahoro stadium saa 15:00. Al Hilal SC yagiye gukina uyu mukino isabwa gutsinda cyangwa kunganya kugira ngo igere muri 1/4 cy’iri rushanwa Nyafurika ku nshuro ya […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare NGABO Roben wari Communication Manager yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Rayon sports, nkuko yabitangaje kurubuga rwe rwa X yahoze ari twitter. Itangazo NGABO yashyize hanze riragaragaza urugendo yakoranye nikipe ya Rayon Sports mu gihe cy’imyaka 6 n’uruhare rwe muguteza imbere itumanaho n’imbuga nkoranyambaga by’iyi kipe. Ngabo […]
Mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 15 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabaye ku wa 10 Gashyantare 2026, Al Hilal FC yatsinze APR FC ibitego 2 ku busa, uyumukino wabereye kuri Stade ya Kigali Pelé saa 15:00. Uyu mukino wayobowe n’abasifuzi bashyizweho n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, aho Ishimwe Jean Claude ari we wari […]
Nyuma yo gusoza neza igeragezwa , ikipe yo muri Ukraine ya FC Veres Rivne yagaragaje inyota ikomeye yo gusinyisha umunyarwanda ukiri muto Niyo David, nyuma yo gushima cyane imikinire ye n’uburyo yiyerekanye. Imikinire ye myiza yatumye amakipe menshi amwifuza, cyane cyane ayo ku mugabane w’u Burayi, ikipe ya NK Veres Rivne yamuhamagaye mu igeragezwa rizamara […]
APR FC inganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabaye tariki 7 Gashantare 2026, waberaga kuri Bugesera stadium, uyumukino wari butangire saa 15:00 ariko kubera imbogamizi z’urugendo ikipe ya Bugesera FC yahuye nazo zitayiturutseho, abayobozi b’umukino bemeje ko utangira saa 15:30. Umukino watangiye APR FC ifite imbaraga […]
Ku matariki ya 7–8 Gashyantare, mu kigo k’ishuri Collège Christ Roi, giherereye mu karere ka Nyanza, hari kubera irushanwa rya Isonga Intercenter Competitions ryateguwe na minisiteri ya siporo k’ubufatanye na leta y’ubufaransa ibicishije mukigega Agence Francaise de Developpement. Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe atandatu y’abakobwa ndetse n’amakipe atandatu y’abahungu, yose ahatanira imyanya ya mbere no kugaragaza […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Gashyantare 2026, RSSB Tigers BBC yatwaye igikombe cya Super Cup 2026 cyateguwe na FERWABA itsinze APR BBC amanota 78–68 mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena saa 20:00 mu mwuka w’ishyaka n’ihangana rikomeye. Ikipe ya Tigers yitwaye neza kuva umukino utangiye kugeza urangiye, igaragaza ubukana mu busatirizi no […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Gashyantare 2026 habaye umukino w’umunsi wa 19 wa Rwanda Premier League 2025-2026 wahuje Gorilla FC na Rutsiro FC, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, saa 15:00, uyumukino wasifuwe na NGABOYISONGA Patrick. Umukino watangiye Gorilla FC ifungura amazamu kuko umukinnyi wayo Chancelor Ndombe yatsinze igitego k’umunota wa1′ w’umukino, amakipe yombi yakomeje […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Argentine (AFA) ryemeje ingamba nshya zibuza abakinnyi guhamagarwa mu makipe y’igihugu iyo bimukiye mu mahanga batarasinya amasezerano y’umwuga mu kipe yo muri Argentine. Iyi politiki igamije, Kurinda amakipe yo muri Arijantina gutakaza impano z’abakiri bato, no gushishikariza guteza imbere abakinnyi baturuka mu marerero yo mu gihugu. AFA ivuga ko iki cyemezo […]
Rayon Sports yasinye amasezerano y’ubufatanye na Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd izwi cyane mu gihugu cya Tanzaniya, afite agaciro ka miliyoni 3.5 z’amadorali y’Amerika mu igihe kingana n’imyaka 5. Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd ni kompanyi yo muri Tanzaniya ikorera muri afurika y’iburasirazuba niyo hagati, ikaba itanga serivisi zirimo gutunganya ibinyobwa, amasabune, izubwikorezi, […]
