Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yasinyishije amasezerano mashya umukinnyi wayo wumu winger, Bukayo Saka, w’imyaka 24 y’amavuko, aya masezerano mashya aje nyuma y’iminsi havugwa inkuru z’uko ibiganiro byari biri hafi kurangira hagati y’impande zombi, Saka, usanzwe akinira n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yiyemeje gukomeza urugendo rwe muri iyi kipe yo mu majyaruguru ya London, ahamya ko […]
Ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ni bwo habaye inama nyunguranabitekerezo yahuje urwego rw’abanyamakuru bigenzura RMC, abahagarariye ishyirahamwe ry’Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR), abashinzwe porogaramu z’ibiganiro ku bitangazamakuru n’abanyamakuru bakora ibiganiro bya siporo. Iyi nama nyunguranabitekerezo yabaye ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ibera ku cyicaro cya RMC […]
Igihugu cya Denmark cyafunguye yacyo nshya i Kigali mu Rwanda, igikorwa gifatwa nk’intambwe ikomeye mu gukomeza umubano wa dipolomasi n’ubufatanye mu bukungu hagati y’ibihugu byombi. Iyi ntambwe igaragaza icyerekezo cya Denmark cyo kubaka ubufatanye bungana kandi burambye n’ibihugu bya Afurika, aho u Rwanda rubonwa nk’igihugu gifite umutekano, iterambere ryihuta ndetse n’urwego rwiza mu bucuruzi, no […]
Al-Merrikh yatsinze Al Hilal SC ibitego 2-0 mu mukino w’ikirarane w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda, yongera kubona intsinzi nyuma y’imikino itandatu yikurikiranya idatsinda muri Shampiyona. Uyu mukino w’ishiraniro hagati y’aya makipe y’abakeba bo muri Sudani wabereye kuri Stade Amahoro ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Gashyantare 2026. Ni umukino […]
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, guhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John, nyuma yo kubahamya gusakaza amashusho y’urukozasoni ya Yampano. Amashusho baregwa gusakaza ay’umuhanzi uwo Rizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano yashyizwe hanze […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro 12 yafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026, ku nshuro yayo ya 20, uyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME. Mu bitabiriye Umushyikirano, harimo abayobozi batandukanye n’abahagarariye abikorera, Abanyarwanda baba mu mahanga, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda n’imiryango mpuzamahanga, n’abandi bafatanyabikorwa, n’itangazamakuru. Imyanzuro […]
Ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2026 habay NBA All-Star Game kunshuro ya 75, umukino wanyuma wabereye muri Intuit Dome muri leta ya California, ikipe ya USA Stars yatsinze USA Stripes amanota 47-21 yegukana igikombe, mu gihe Anthony Edwards yahawe igihembo cya Kobe Bryant MVP. Uyu mukino wari mwisura nshya kubera imiterere mishya yashyizweho na NBA, […]
Perezida w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasezeranyije gukora ibishoboka byose mu mushinga w’Ubumwe bw’Afurika wo gucecekesha intwaro, kugira ngo abaturage b’Afurika babeho mu mutekano, mu cyubahiro n’icyizere, nyuma yo gutorerwa kuyobora uyu muryango. Ndayishimiye yatorewe kuyobora uyumuryango mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu ku cyicaro cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU/UA) i Addis Abeba muri […]
Uwahoze ari Perezida w’Amerika Barack Obama yavuze mu buryo buziguye kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, abwira umuyobozi w’ikiganiro cya podcast ko kugira isoni n’imyitwarire myiza byahoze biranga abayobozi, ubu byatakaye. Iyo videwo ikomeretsa yari irimo igice kigaragaza Obama n’umugore we Michelle nk’inguge, bituma binegwa henshi n’abo mu ishyaka ry’abademokarate […]
Ikipe ya Arsenal ku Cyumweru tariki 15 Gashyantare yatsinze byoroshye Wigan Athletic ibitego 4-0 mu mukino w’icyiciro cya kane cya FA Cup wabereye kuri Stade ya Emirates, Wigan isanzwe ikina mu cyiciro cya gatatu m’Ubwongereza aricyo bita League One. Mu minota 27 ya mbere gusa, Arsenal yari yamaze gusoza umukino n’ibitego 4 byinjijwe na Noni […]
