Mu ijoro rya tariki 28/01/2026 UEFA Champions League yari yagarutse amakipe akomeye k’umugabane w’iburayi ari kwesurana mukibuga akora amateka, ashaka icyubahiro, imitima yacu yuzuye ibyishimo, kandi abakinnyi bakomeye bakomeza gukora amateka. Amakipe yabaye ayambere mubihugu byayo k’umugabane w’iburayi yari yahuye k’umunsi wanyuma mumikino y’amatsinda mu irushanwa rya UEFA Champions League. Imikino 18 yose yatangiriye igihe […]
Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]
IshowSpeed uzwi cyane kuri Youtube wari warasuye Afurika yasoje urugendo rwe kuri uyumugabane, nyuma yo kuzenguruka ibihugu 20 by’afurika muminsi 28. Uyumusore w’imyaka 20 w’icyamamare muri livestreaming hano ku isi aho abikorera cyane kurubuga rwa Youtube anafite abamukurikira barenga miliyoni 50 subscribers byanamuhaye ubukire aho umutungo we urenze miliyoni 30$. Amazina ye yanyayo ni Darren […]
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko kugeza ubu nta kipe irabandikira igaragaraza ko yifuza umukinnyi w’iyi kipe nubwo hari amazina menshi agarukwaho ko yifuzwa n’amakipe. Niyigena Clément na Daouda Yussif Seidu bavugwa muri Al-Hilal SC, Ruboneka Bosco na Byiringiro Gilbert bakavugwa muri Al-Merrikh, Mamadou Sy muri Simba SC naho Denis Omedi […]
Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
Ni umukino wabereye kuri Muhanga stadium, tariki 24/01/2026 saa15 :00 PM wasifuwe na MURINDANGABO Moise. Uyumukino w’umunsi wa 18 wa championa warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Mukura niyo yafunguye amazamu mbere aho kumunota wa 47’, IRADUKUNDA Elie Tatou yatsinze igitego cya Mukura, uba umukino wa 2 iyikipe inganya gusa. Rayon sports yaje kwishyura kumunota wa 49’ […]
Al Merrikh SC yaguye miswi na Rayon Sports 2-2 kuri uyu wagatatu, tariki 21/01/2026, 15:00 kumukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, uyumukino wasifuwe na Kayitare David. Rayon Sports yatangiye itsinda igitego cyatsinzwe na Tambwe Gloire kumunota wa 8′, nuko Faustin Kitoko Likau aza kuyitsindira ikindi gitego kumunota wa 33′, igice cya mbere kirangira Rayon Sports […]
Umuhango wo gufungura irushanwa AFCON 2025 wabereye kuri Prince Moulay Abdellah Stadium tariki 21/12/2025 k’umukino wahuje Morroco na Comoros. Umuhango wo gufunga irushanwa wabereye i Rabat nuko Senegal itsinda Morroco 1-0 inatwara iri rushanwa kunshuro ya 2 mumateka. Umukongomani Michel Kuka Mboladinga wamamaye nyuma yo guhagarara atanyeganyega muri match zose yarebye nkumufana wikipe yigihugu cya […]
Ikipe ya Arsenal FC yashinzwe mu 1886 mumajyepfo y’umugi wa London ahitwa woolwich n’uruganda rwacuraga intwaro. Iyikipe yashinzwe n’abari abakozi b’uruganda rwitwaga Royal arsenal rwakoraga intwaro zifashishwagwa nigisirikare cy’ubwongereza. Ntibyari ikipe gusa ahubwo byari ikimenyetso cyo guhanga udushya no gukorera hamwe. Kuki arsenal bayita the gunners? mu 1913 ikipe yimukiye mumajyaruguru y’umugi wa London, murwego […]
