Etincelles FC yirukanye Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe isigaranwa na Bizimana Abdou unzwi nka Bekeni usanzwe ushinzwe tekinike muriyikipe. Masudi Djuma ni umwe mu batoza batari borohewe muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma y’uko ikipe ye yasoje imikino ibanza iri ku mwanya wa nyuma, ifite amanota 11 mu mikino 17 ndetse mu […]
Kuba rutahizamu wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo, atarakinnye umukino wahuje ikipe ye na Al Riyadh, byaciye amarenga ko umwuka utari mwiza hagati ye n’abayobozi b’ikigo gicunga iyi kipe akinira. Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr nyuma y’uko hasohotse ingingo y’ibanga mu masezerano ye. Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, aravugwaho kuba ashobora kuva muri Al […]
Karim Benzema yinjiye muri Al Hilal avuye muri mukeba wayo muri Saudi Pro League, Al Ittihad. Uyu rutahizamu w’Umufaransa ufite imyaka 38, yari yarasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Al Ittihad avuye muri Real Madrid mu mpeshyi ya 2023, aho amasezerano ye muri iyi kipe yo mu mujyi wa Jeddah yari ateganyijwe kurangira muri Kamena 2026. […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Senegal (FSF) ryemeje ko rizishyura amafaranga yose ryaciwe rikongeraho ay’abakinnyi n’abatoza, kubera ibihano bafatiwe kubera imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabahuje nigihugu cya Morroco wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Mutarama 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe […]
Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wagatanu saa 21:00 tariki 30 Mutarama 2026. Al Hilal SC niyo yafunguye amazamu bwambere kugitego cya Mohamed Abdul Rahman kumunota wa45+3′. Girumugisha Jean Claude yatsinze igitego cya kabiri cya Al Hilal SC kumunota wa 49′ nyuma […]
Uyu munsi tariki ya 30 Mutarama 2026 mubiro by’Umukuru w’igihugu village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yagiranye inama yihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida w’Inama nkuru y’Igihugu ya Togo ndetse n’Umuhuza Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku bijyanye n’igikorwa cyo gushakira amahoro iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Nyuma y’iyo nama, Abakuru […]
RIB yafunze Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet bakurikiranweho gutangaza amakuru y’ibihuha ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. Abaregwa bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko, Kicukiro na Kimihurura mu gihe iperereza rikomeje ku byaha bakurikiranweho. RIB irongera kuburira abantu bose kwirinda gukoresha imbuga nkoranyambaga mu […]
Tariki 30 Mutarama 2026 habaye tombora y’imikino yakamarampaka (Play-offs) muri UEFA Champions League 2026, amakipe 16 yananiwe kuzamuka ari mumunani yambere kuva kuya9 kugeza kuya24 azakina yishakamo 8 azajya muri 1/8 kirangiza (Round of 16). Dore uko tombora yagenze:
Max Dowman ukinira Arsenal yasinyanye n’ikipe amasezerano y’agateganyo (pre-contract agreement) azatuma asinya amasezerano y’umwuga igihe azaba yujuje imyaka 17 muri Ukuboza. Max yinjiye mu ishuri ryacu ry’abato (academy) afite imyaka umunani, ahita atangira kwigaragaza mu buryo budasanzwe, aca uduhigo twinshi mu byiciro by’abato uko yagendaga azamuka muri Hale End. Yakinnye umukino we wa mbere mu […]
Police fc yasezereye Rayon sports mu irushanwa ryigikombe k’intwari 2026 muri 1/2 ihita ikatisha itike yokumukino wanyuma. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium saa 15:00 tariki 29/01/2026. Umukino watangiye impande zombi zirikwigana ariko byaje kurangira bose babuze amahirwe yoguhindura umukino, igice cyambere kirangira banganya 0-0. Igice cyakabiri cyatangiranye impinduka Police ishaka uburyo bwigitego nuko […]
