Chuck Norris, wamamaye mugukina filime zirimo ubuhanga mumikino njyarugamba, yapfuye kuri uyu wa Kane afite imyaka 86, urupfu rwe rwatangajwe n’umuryango we binyuze kuri konti ye ya Instagram, ariko nta bisobanuro byinshi byahise bitangwa. Bavuze ko yari yajyanywe mu bitaro muri Hawaii uwo munsi nyuma yo kugira ikibazo gikomeye cy’uburwayi. nubwo abanenga sinema batamwishimiraga cyane, […]
Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yavuze ko kuba atarahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda-Amavubi, yitegura imikino ya FIFA Series 2026, bitamuciye intege, ahubwo azakomeza kwitwara neza kugira ngo ubutaha nawe azahamagarwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Werurwe 2026, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’umukino wo kwishyura muri 1/4 cy’igikombe cy’amahoro wabereye […]
Ku munsi wo gusoza igisibo gitagatifu cya Ramadhan, mu isengesho rya Eidil Fitri, kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026,Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) wasabasabye kwimakaza gukemura ibibazo binyuze mu biganiro mu rwego rwo kubungabunga imiryango Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umunyamabanga Nshingabikorwa wa RMC, Sheikh Sibomana Salim yabasabye kubungabunga imiryango kuko ari ryo shingiro rya […]
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, Doja Cat arimo gukorera igitaramo cy’amateka muri BK Arena, Iki gitaramo cyari kimwe mu bigize urugendo arimo rw’ibitaramo bizenguruka Isi yise ‘Tour Ma Vie World Tour’. Uru ruhererekane rw’ibitaramo Doja Cat yarutangiriye mu Mujyi wa Auckland muri Nouvelle-Zélande ku wa 18 Ugushyingo 2026, bikazakomereza mu yindi mijyi nka […]
Ikipe y’igihugu ya Senegal national football team yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations mu buryo butunguranye cyane nyuma y’amezi abiri gusa bagitwaye banakoze ibirori byo kugishimira. Ibi byabaye nyuma y’uko Confederation of African Football yemeye ubujurire bwa Morocco national football team, wavugaga ko Senegal yishe amategeko y’umukino ubwo abasore bayo bavanwaga mu kibuga mu […]
Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bazifashishwa muri FIFA Series 2026. Nurutonde rwasohowe na FERWAFA, ruriho abakinnyi bakina mu myanya itandukanye ndetse n’amakipe bakinamo. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda national football team Amavubi iyobowe n’umutoza Stephen Constantine, dore urutonde rwabakinnyi bahamagawe: Abazamu Aba defenders Abakina hagati Abataka Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’inkeragutabara muri Rwanda Defence Force (RDF), Alex Kagame, ku wa Mbere tariki ya 16 Werurwe 2026 yakiriye mu gihugu abasirikare 100 bageze ku Kibuga cy’Indege mpuzamahanga cya Kigali International Airport bavuye mu butumwa bw’ubutabazi bakoze muri Jamaica. Abasirikare b’u Rwanda Defence Force (RDF) batahutse mu Rwanda nyuma yo kurangiza ubutumwa bwo gufasha […]
Impinduka nshya ku mategeko y’umupira w’amaguru zatangajwe n’International Football Association Board (IFAB). Izi mpinduka zizatangira gukurikizwa ku itariki ya 1 Nyakanga, kandi zizagaragara bwa mbere mu gikombe cy’isi cya 2026 FIFA World Cup kizatangira ku wa 11 Kamena 2026. Zemejwe mu nama rusange ya 140 ya IFAB. Igihe ntarengwa cyo gutera umupira ujya mu kibuga […]
Umwongereza Stephen Constantine w’imyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”. Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA. Mu 2023/2025, Constantine yatozaga Ikipe y’Igihugu ya Pakistan. FERWAFA yatangaje ko Stephen Constantine ari umutoza mukuru mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda […]
Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2026 i Paris, Perezida Paul Kagame yitabiriye umukino wa UEFA Champions League wabereye kuri Parc des Princes, aho ikipe ifatanya na Visit Rwanda ari yo Paris Saint‑Germain yatsinze Chelsea FC ibitego 5–2. Nyakubahwa Paul Kagame, ukunda cyane umupira w’amaguru, ejo yitabiriye umukino wo mu […]
