author

Kuki abantu bari guhindura Kylian Mbappé umunyagitugu? Ibisobanuro bya meme ya Dictator Mbappé

Murinominsi hari gucicikana amafoto, amavidewo kumbuga nkoranyambaga y’umukinnyi wa Real Madrid n’ubufaransa muburyo bwa memes yambaye imyenda ya gisirikare agaragara nk’umunyagitugu, ujya wibaza aho byaturutse? Iyi meme yatangiye hafi mu 2024, nyuma y’uko Mbappé yashatse gufatira ibyemezo mu mategeko unyamakuru/umuinfluencer w’Umufaransa witwa Mohamed Henni, wari wamwise izina atebya ashyira izina rye ku ifunguro rya kebab.Henni […]

Aliko Dangote agiye kubaka uruganda rutunganya ibikomoka kuri peteroli nyuma y’icyemezo cya Yoweri Museveni cyo guhagarika Kohereza imitungo kamere idatunganyije hanze y’Afurika

Umunyemari ukize kurusha abandi muri Afurika, Aliko Dangote, yashimye icyemezo cya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, cyo guhagarika kohereza hanze amabuye adatunganije, aniyemeza kubaka uruganda runini rutunganya peteroli (refinery) mu mujyi wa Tanga muri Tanzania. Ibi Dangote yabitangaje mu nama ya Africa We Build Summit 2026 yabereye i Nairobi kuri uyu wa Kane, aho yashimye […]

Chelsea yirukanye Liam Rosenior nyuma yo gutsindwa inshuro eshanu zikurikirana muri premier league

Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2026 ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yamaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru Liam Rosenior nyuma y’uruhererekane rw’imikino mibi yagaragayemo gutsindwa inshuro eshanu zikurikiranye muri Premier League. Rosenior w’imyaka 41 y’amavuko yagiye kuri izinshingano muri Mutarama asimbuye Enzo Maresca, asinya amasezerano y’imyaka 6 yagombaga kugeza mu mwaka wa 2032, […]

BNR yavuze ko inoti zishaje zizaba zitagikorshwa guhere 01/03/2027

Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2026 Banki Nkuru y’Igihugu-BNR yatangaje ko hari inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa burundu, nyuma y’icyemezo cyafashwe hashingiwe ku iteka rya Perezida No 11/01 ryo ku wa 27 Gashyantare 2026. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverineri wa BNR, Soraya M. Hakuziyaremye, hagaragajwe ko izi noti zizahagarikwa ku […]

Mohamed Salah yatangaje ko agiye kuva muri Liverpool FC mu mpera ziyi shampiyona ya 2025-2026

Mohamed Salah yatangaje ko azava muri Liverpool FC mu mpera za shampiyona ya 2025-2026, nyuma y’imyaka icyenda yari amaze muri iyi kipe. Ikipe ya Liverpool yemeje ko habayeho ubwumvikane hagati yayo n’uyu mukinnyi w’imyaka 33, nubwo yari agifite amasezerano azarangira mu 2027. Salah azava muri Liverpool ari umwe mu bakinnyi bakoze amateka akomeye, aho yatwaye […]

Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’

Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’ izakina imikino ya FIFA series 2026, izabera mu Rwanda guhera kuwa 26-30 werurwe 2026. Ku wa mbere nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi izatangira umwiherero, umuzamu Kwizera Olivier akazaba ari muri iyikipe”President wa FERWAFA Shema Fabrice, mu kiganiro RTV kickoff kuri Rwanda tv yahamije aya makuru. kuwa 16 werurwe nibwo ikipe […]

“Iterambere ry’igihugu ritangirira mu muryango” Madam Jeannette Kagame

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, mu Intare Conference Arena, Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame yagejeje ijambo ku bitabiriye Inama Nkuru y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku muryango FPR-Inkotanyi, agaragaza ko umugore ari inkingi ikomeye mu kubaka umuryango n’igihugu muri rusange. Mu ijambo rye, Madamu Jeannette Kagame yibukije ko isi iri mu bihe by’impinduka zikomeye zirimo izishingiye ku […]

Bruno Ferry wari umutoza mukuru wa Rayon Sports batandukanye

Rayon Sports F.C. yatangaje ko, ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Bruno Ferry wari umutoza mukuru w’iyi kipe. Ikipe yashimiye cyane umusanzu we mu gihe yayitozaga, imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye biri imbere. Uyu Mufaransa atandukanye n’iyi kipe yatozaga kuva mu Kuboza 2025, ayisize muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro. Bruno Ferry asize kandi Rayon sports […]