Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa Gisirikare wa M23 yishwe n’igitero cya drone ya DRC Lt Col Willy Ngoma wari umuvugizi gisirikare w’umutwe wa AFC/M23, yishwe mu gitero cy’indege nto itagira umupilote (drone), nk’uko amakuru atandukanye abyemeza. Amakuru aturuka ahantu hizewe avuga ko umuvugizi wa gisirikare wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yishwe mu […]
Umuhorandi Jurgen Zomermaand ukinira Picnic Team yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 44 n’amasegonda 53 ku Ntera y’ibirometero 145,3. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hakinwe agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 aho abasiganwa bahagurikite i Huye banyura muri Nyungwe basoreza i Rusizi ku ntera y’Ibilometero 145,3. Nk’uko […]
Inkende yahawe izina rya Punch-Kun yo mu Buyapani, ikomeje kwigarurira amarangamutima y’abatuye ku Isi nyuma yo kwishakira uko ibaho ubwo nyina yayibyaraga igahita iyijugunya yanagerageza kujya gushaka umuryango, ikamaganwa n’izindi. waba utari wabona inkenda yitwa Punch igendana igipupe buri gihe aho kugendana n’izindi nkende. Nk’uko mu muryango w’inkende bigenda, iyo inkende ibyaye, yita ku mwana […]
Mu gihe bitegura gukora ubukwe, Clapton Kibonke yasabye umugore we ko bakomeza kwibanira iteka ryose hanyuma undi nawe arabyemera. Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Jacky bagiye gukora ubukwe nyuma y’imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko. Clapton yemeje ko we n’umugore we bagiye gukora indi mihango y’ubukwe yari isigaye harimo uwo gusaba […]
Isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda 2026 ryatangiye kuri iki Cyumweru, hakinwe agace karyo ka mbere ka Rukomo- Rwamagana, ku ntera y’ibirometero 173,6, aka gace ari na ko kanini mu tugize iri siganwa katangiye ku isaha ya saa Tanu. Tour du Rwanda 2026 irikuba kunshuro ya 18 yitabiriwe namakipe 18 agizwe nabanyonzi 84, 51 muribo […]
Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’amakipe atandukanye arimo ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yasezeye gukina ruhago nk’uwabigize umwuga afite imyaka 34 nyuma y’imyaka irenga ibiri adakina kubera imvune ikomeye yagize. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026 ni bwo Kimenyi Yves abinyujije kuri konti ye ya Instagram yatangaje ko asezeye ruhago, yavuze ko urugendo […]
Abagabo batatu mu gihugu cya Nigeria ku wa Kane tariki 19 Gashyantare 2026 bafashwe n’inzego zishinzwe umutekano muri Algeria nyuma yo kugerageza kwinjira mu gihugu cya Espagne mu buryo butemewe n’amategeko, bakoresheje uburyo bwo kwiyoberanya. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye, abo bagabo bagerageje kwambuka umupaka bihishe mu modoka itwara amatungo, mu rwego rwo kwirinda ko babonwa […]
Ishimwe Pierre umuzamu w’ikipe ya APR FC akomeje kubabaza abakunzi b’iyi kipe kubera imvune ye itunguranye. Amakuru y’imvune uyu musore yatangajwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gashyantare 2026 aho uyu munyezamu ashobora kumara igihe kigera ku mezi abiri cyangwa atatu atagaragara mu kibuga kubera imvune yamusigiye ikibazo mu mitsi […]
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yasinyishije amasezerano mashya umukinnyi wayo wumu winger, Bukayo Saka, w’imyaka 24 y’amavuko, aya masezerano mashya aje nyuma y’iminsi havugwa inkuru z’uko ibiganiro byari biri hafi kurangira hagati y’impande zombi, Saka, usanzwe akinira n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yiyemeje gukomeza urugendo rwe muri iyi kipe yo mu majyaruguru ya London, ahamya ko […]
Ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ni bwo habaye inama nyunguranabitekerezo yahuje urwego rw’abanyamakuru bigenzura RMC, abahagarariye ishyirahamwe ry’Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR), abashinzwe porogaramu z’ibiganiro ku bitangazamakuru n’abanyamakuru bakora ibiganiro bya siporo. Iyi nama nyunguranabitekerezo yabaye ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ibera ku cyicaro cya RMC […]
