Umutoza wa Pep Guardiola yagaragaye asezera ku bafana, mu gihe hakiri urujijo ku hazaza he muri Manchester City nyuma y’umukino batsinzemo 3-0 Crystal Palace. Nubwo City yitwaye neza, biri kugaragara ko igikombe kiri hafi kuguma mubiganza bya Arsenal. Mu mukino, abafana ba Crystal Palace baririmbye bati: “Uwa kabiri na none!” amagambo yababaje cyane abafana ba […]
Ikipe ya Al-Hilal SC yegukanye Igikombe cy’Icyubahiro nyuma yo gutsinda Gasogi United ibitego 2-1, ikizera gusoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League 2025/26 isigaje imikino itatu. Uyu mukino w’Umunsi wa 33 wa BK Pro League wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Gicurasi 2026. Ikipe yo muri Sudani, […]
Umuhanzi w’umunyanigeria Paddy K yiseguye kubanyarwanda kubera atarabasha kwifatanya nabo mugushyigikira Kwizera Olivier mumukino urahuza Rayon Sports na APR FC muri 1000 Hills derby uyu munsi, ninyuma yaho Kwizera yamukindishije abanyarwanda mundirimbo ye irigukundwa cyane muriyiminsi yitwa anxiety. Mubutumwa uyumuhanzi Paddy K yacishije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati: “Ndababaye kuba ntaribubashe kuba ndi kumwe […]
Umuhanzikazi Olivia Rodrigo akomeje kuvugisha abantu nyuma yo gutungurana agashyirwa ku mwambaro wa FC Barcelona, uyu muhanzikazi wegukanye ibihembo bya Grammy azagaragara ikirango cye ku mwambaro wa Barça ubwo bazahura na Real Madrid ku wa 10 Gicurasi, bityo abe abaye umuhanzi ukiri muto ubikoze binyuze mu bufatanye bw’iyi kipe na Spotify. Mu mukino uzahuza Barcelona […]
Ikipe ya Sabah FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya Azerbaijan (Misli Premyer Liqası) ya 2025/26 ku nshuro ya mbere mu mateka yayo. Ni intsinzi ikomeye cyane kuko bayegukanye hasigaye imikino ine ngo shampiyona irangire. Ku wa 30 Mata 2026, ikipe ya Neftçi PFK yatsinze Qarabağ FK ibitego 2–1 bishimangira ko Sabah FC itwaye igikombe bidasubirwaho. […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ku mugaragaro ko rishyigikiye Gianni Infantino kongera kwiyamamariza kuyobora FIFA muri manda ya 2027–2031. Ibi byatangajwe binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’urubuga rwa FERWAFA, aho bagaragaje ko bishimiye gushyigikira uyu muyobozi usanzwe uyoboye FIFA kuva mu 2016. Iki cyemezo cya FERWAFA kijyanye n’indi myanzuro yafashwe n’ibihugu byo ku mugabane […]
Perezida wa Kenya William Ruto yakiriye ku mugaragaro Umunyakenya Sebastian Sawe kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2026, amushimira anamuha ishimwe ryihariye nyuma yo kwandika amateka mashya mu gusiganwa ku maguru, aho yashyizeho agahigo gashya k’isi muri marato yabereye i Londres izwi nka London Marathon. Umukinnyi w’Umunyakenya Sebastian Sawe yanditse amateka mashya muri marato, […]
Ku wa Gatatu i Vancouver muri Canada perezida wa UEFA Aleksander Čeferin na perezida wa CAF Patrice Motsepe mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umupira w’amaguru no kuwugira igikoresho cy’ubumwe n’iterambere rusange, impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA) n’iy’Afurika (CAF) byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire (MoU) azamara kugeza ku wa 30 Kamena 2031. […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 Bank of Kigali yasinyanye amasezerano na Rwanda Premier League angana na miliyari 3.25 z’amafaranga y’u Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice, atangiza ku mugaragaro izina rishya rya shampiyona BK Pro League agamije kuzamura urwego, ubunyamwuga n’iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice […]
I Malabo, Equatorial Guinea kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Papa Leo XIV yasezeye ku mugabane wa Afurika, asoje urugendo rwe rwa mbere rw’ivugabutumwa rwamaze iminsi 11, rwamugejeje mu bihugu bine byo ku mugabane wa Afurika. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose yasoreje uru rugendo mu Misa ikomeye yabereye kuri Stade ya […]
