Moritz Kretschy ukomoka mu Budage akaba akinira ikipe ya NSN Development Team niwe wahise wegukana Tour du Rwanda ya 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane kavuye i Karongi kerekeza i Rubavu ubwo yabaga uwa kabiri. Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan yegukanye Agace ka Munani ka Tour du Rwanda 2026 kakiniwe mu Mujyi wa […]
Lamine Yamal yatsinze ibitego bitatu-Hatrick bwa mbere muri career ye, mumukino Barcelona yatsindaga Villarreal CF ibitego 4-1 mu mukino wa La Liga wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Gashyantare 2026, bituma irusha amanota ane Real Madrid iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde. Barcelona ifite amanota 64, mu gihe Real Madrid ifite amanota 60 […]
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, yiciwe mu bitero byagabwe kuri Iran kuri uyu wa Gatandatu taliki 28 Gashyantare 2026 n’ingabo za Israel zifatanyije n’iza Leta ZunzeUbumwez’Amerika, nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba Israel. Amakuru yatangajwe n’ibiro ntaramakuru Reuters agaragaza ko abayobozi ba Israel bemeje urupfu rwa Khamenei ndetse ko umurambo we wabonetse. Minisitiri w’Intebe wa Israel, […]
Umukinnyi w’amagare wo muri Brazil, Ribeiro Bravo Henrique ukinira Soudal Quick-Step Devo Team kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Gashyantare 2026, yegukanye agace ka 7 ka Tour du Rwanda 2026 mu muhanda Musanze-Kigali ariko banyuze i Gicumbi. Agace ka Karindwi ka Tour du Rwanda 2026 karahagurukira mu Karere ka Musanze kerekeza mu Mujyi wa Kigali […]
Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko bwabaye buhagaritse ingendo zimwe na zimwe z’iyi sosiete y’ubwikorezi bwo mukirere ziva cyangwa zikajya I Doha na Dubai kubera umutekano mucye uri kurangwa mu burasirazuba bwo hagati. Ni nyuma y’ibitero by’Ingabo za Israel n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zagabye mu mijyi itandukanye ya Iran kuva mu gitondo cyo kuri […]
Manchester City na Real Madrid bagiye kongera guhurira mu mikino ya kamarampaka ya UEFA Champions League ku nshuro ya gatandatu kuva mu mwaka wa 2019-20, nyuma y’uko tombola yo ku wa Gatanu ibashyize hamwe muri 1/8 cy’irangiza, ndetse hanategurwa uko 1/4 na 1/2 bizagenda. Aya makipe abiri akomeye yari asanzwe yarahuye no muri uyu mwaka […]
Intare zo muri Pariki y’Akagera zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza urubyaro, Pariki y’Akagera yatangaje ko Intare eshanu z’ingore zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro mu rwego rwo kugira habungabungwe uburinganire bw’urusobe rw’ibinyabuzima.’ Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko intare eshanu z’ingore zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro, hagamijwe gukomeza kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima no kugenzura neza […]
Cristiano Ronaldo yaguze 25% by’imigabane ya Unión Deportiva Almería yo muri Espagne yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Espagne. Uyu mukinnyi w’Umunya-Portugal uri kugana mu myaka ye ya nyuma mu mupira w’amaguru, arajwe ishinga no kubaka ubukungu mu bikorwa bitandukanye n’ibindi bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru. Ni muri urwo rwego yaguze 1/4 cy’imigabane mu ikipe […]
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abarimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick, Nizeyimana Didier, Japhet Nkeramihigo na Tumukunde bafungwa iminsi 30 y’agateganyo, ariko se bakurikiranyweho ibihe byaha? Icyemezo cy’urukiko cyasomwe kuri uyu wa 25 Gashyantare 2026. Abaregwa bakurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza no gutangaza amakuru y’ibihuha bakoresheje imbuga nkoranyambaga by’umwihariko YouTube ya Muchoma yitwa Sana TV […]
Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi FIFA mu guteza imbere umupira w’amaguru hirya no hino. Gahunda ya FIFA Forward iri kubaka umusingi ukomeye w’ejo hazaza h’umupira w’amaguru ku isi hose. Mu myaka 10 ishize, FIFA Forward yafashije amashyirahamwe y’umupira w’amaguru atandukanye ku Isi arenga 200, […]
