author

Papa Léo XIV aragirira uruzinduko rwe rwambere mu bufaransa guhera tariki ya 25 Nzeri 2026

Nyirubutungane Papa Leo XIV ateganya gukorera uruzinduko rwa Gishumba mu Bufaransa guhera tariki 25 kugera 28 Nzeri uyu mwaka, nk’uko tubikesha itangazo  Ibiro Bishinzwe Gutangaza Ingendo za Papa ‘Holy See Press Office’ . Uru ruzinduko ruje kandi  rukurikiye butumire bwatanzwe na Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macro, Abahagarariye Kiliziya Gatolika muri icyo gihugu ndetse n’Uhagarariye UNESCO ku […]

Kiliziya Gatolika y’u Rwanda igiye gusinya amasezerano mashya na Leta y’u Rwanda mu burezi

Aya masezerano agiye kuza asimbura ayari asanzwe ariho, aho azagaruka ku bufatanye hagati ya Leta na Kiliziya mu Rwanda mu nzego zirimo uburezi, nk’uko byagarutsweho mu nama mpuzamahanga y’iminsi 4 yahuje abahagarariye uburezi Gatolika baturitse mu bihugu 25 byo ku mugabane wa Afurika. Mu nama y’iminsi 4 yateraniye i Kigali igaruka ku ishusho rusange y’uburezi […]

Gusoza icyumweru cy’uburezi Gatolika ku rwego rwa Diyosezi muri Diyosezi ya Byumba

Kuri uyu wa gatanu tariki 15 Gicurasi 2026, habaye umuhango wo gusoza icyumweru cy’uburezi Gatolika ku rwego rwa Diyosezi muri Diyosezi ya Byumba, wabimburiwe n’Igitambo cya Misa cyayobowe n’Umwepisikopi w’iyi Diyosezi, Musenyeri Papias MUSENGAMANA. Muri uyu muhango kandi Musenyeri yari akikijwe n’Abapadiri bo muri Diyosezi ya Byumba n’abandi baturutse hirya no hino barimo n’abari bitabiriye […]

Africa CEO Forum 2026, Abayobozi b’Afurika barasaba ubufatanye mu gukora imishinga no gukoresha neza imbaraga mu isi igabanyijemo ibice

I Kigali mu Rwanda kuva 14–15 Gicurasi 2026, Abayobozi bakuru b’ibigo (CEOs), abashoramari, abafata ibyemezo bya politiki, n’abakuru b’ibihugu basaga 2,500–2,800 baturutse mu bihugu birenga 70–75 bahuriye muri Kigali Convention Centre mu nama ya 13 y’ingenzi y’abikorera ku giti cyabo muri Afurika. Yateguwe ku bufatanye bwa Jeune Afrique Media Group na International Finance Corporation (IFC), […]

Ikipe y’u Bufaransa yahamagaye abakinnyi izakoresha mu gikombe cy’Isi 2026 bikomeje kuvugisha abantu benshi

Kumugoroba wo kuwa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 Didier Deschamps yatangaje urutonde rwa nyuma rw’abakinnyi 26 bazahagararira u Bufaransa mu Gikombe cy’Isi 2026, urutonde rugaragaramo abakinnyi benshi mu busatirizi buyobowe na Kylian Mbappé, ariko hafashwe icyemezo gikomeye cyo gusiga hanze umukinnyi wo hagati wa Real Madrid, Eduardo Camavinga. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane, […]

RP graduation 2026, Rwanda Polytechnic yiyemeje kongera uruhare mu iterambere ry’igihugu binyuze mu guhanga udushya no guteza imbere ubumenyi ngiro

Kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 muri BK arena i Kigali mu Rwanda habereye umuhango wo gutanga impamyabumenyi kubanyeshuri basoje muri Rwanda Polytechnic aho umushyitsi mukuru yari Dr. Sylvie Mucyo, Umuyobozi Mukuru wungirije wa Rwanda Polytechnic (RP). Muri uwo muhango Dr. Sylvie Mucyo yongeye gushimangira ko iki kigo cyiyemeje guteza imbere impinduka mu […]

Itangazo ryo gutumiza amatora ya Perezida n’inama nkuru y’Ubutegetsi muri Real Madrid

Nyuma y’iminsi hari kuvugwa umwuka utari mwiza muri Real Madrid na perezida wayo Perez akagirana ikiganiro n’itangazamakuru aho yavugiye amagambo akomeye, iyikipe yasohoye itangazo rihamagarira amatora ya Perezida n’inama nkuru y’ubutegetsi. Iryo tangazo riragira riti: Komisiyo y’Amatora, ishingiye ku biteganywa mu ngingo ya 38 y’amategeko agenga ikipe, yafashe icyemezo cyo gutumiza amatora ya Perezida n’Inama […]

Cleveland Cavaliers bagarutse mu mukino mu minota ya nyuma, batsinda Detroit Pistons, imikino 3-2 muri 1/2 cya Playoffs za NBA

Murukerera rwo kuwa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 Cleveland Cavaliers yagaragaje umutima udacika intege, igaruka mu minota ya nyuma itsinda Detroit Pistons amanota 117-113. Iyi ntsinzi ikomeye yayihesheje kuyobora uyu mukino wa kamarampaka ku ntsinzi y’imikino 3-2. James Harden yatsinze amanota 30, naho Donovan Mitchell atsinda 21 harimo 7 yabonye mu minota y’inyongera, bifasha Cleveland […]