author

Eid al-Fitr, Abayislam basabwe kubungabunga umuryango

Ku munsi wo gusoza igisibo gitagatifu cya Ramadhan, mu isengesho rya Eidil Fitri, kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026,Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) wasabasabye kwimakaza gukemura ibibazo binyuze mu biganiro mu rwego rwo kubungabunga imiryango Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umunyamabanga Nshingabikorwa wa RMC, Sheikh Sibomana Salim yabasabye kubungabunga imiryango kuko ari ryo shingiro rya […]

Doja Cat yakoze amateka i Kigali mugitaramo cya Move africa 2026

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, Doja Cat arimo gukorera igitaramo cy’amateka muri BK Arena, Iki gitaramo cyari kimwe mu bigize urugendo arimo rw’ibitaramo bizenguruka Isi yise ‘Tour Ma Vie World Tour’. Uru ruhererekane rw’ibitaramo Doja Cat yarutangiriye mu Mujyi wa Auckland muri Nouvelle-Zélande ku wa 18 Ugushyingo 2026, bikazakomereza mu yindi mijyi nka […]

Impaka muri Africa, Senegal yambuwe igikombe cya AFCON Morocco ihabwa igikombe

Ikipe y’igihugu ya Senegal national football team yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations mu buryo butunguranye cyane nyuma y’amezi abiri gusa bagitwaye banakoze ibirori byo kugishimira. Ibi byabaye nyuma y’uko Confederation of African Football yemeye ubujurire bwa Morocco national football team, wavugaga ko Senegal yishe amategeko y’umukino ubwo abasore bayo bavanwaga mu kibuga mu […]

Amavubi yasohoye urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazatoranywamo abazitabira FIFA series 2026

Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bazifashishwa muri FIFA Series 2026. Nurutonde rwasohowe na FERWAFA, ruriho abakinnyi bakina mu myanya itandukanye ndetse n’amakipe bakinamo. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda national football team Amavubi iyobowe n’umutoza Stephen Constantine, dore urutonde rwabakinnyi bahamagawe: Abazamu Aba defenders Abakina hagati Abataka Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, […]

Abasirikare b’u Rwanda batahutse nyuma yo gufasha Jamaica nyuma y’inkubi y’umuyaga

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’inkeragutabara muri Rwanda Defence Force (RDF), Alex Kagame, ku wa Mbere tariki ya 16 Werurwe 2026 yakiriye mu gihugu abasirikare 100 bageze ku Kibuga cy’Indege mpuzamahanga cya Kigali International Airport bavuye mu butumwa bw’ubutabazi bakoze muri Jamaica. Abasirikare b’u Rwanda Defence Force (RDF) batahutse mu Rwanda nyuma yo kurangiza ubutumwa bwo gufasha […]

FIFA yashyizeho amategeko mashya azatangira gukoreshwa mu gikombe cy’isi 2026

Impinduka nshya ku mategeko y’umupira w’amaguru zatangajwe n’International Football Association Board (IFAB). Izi mpinduka zizatangira gukurikizwa ku itariki ya 1 Nyakanga, kandi zizagaragara bwa mbere mu gikombe cy’isi cya 2026 FIFA World Cup kizatangira ku wa 11 Kamena 2026. Zemejwe mu nama rusange ya 140 ya IFAB. Igihe ntarengwa cyo gutera umupira ujya mu kibuga […]

Amavubi mu isura nshya,Stephan Constantine niwe mutoza mushya w’ikipe y’igihugu

Umwongereza Stephen Constantine w’imyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”. Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA. Mu 2023/2025, Constantine yatozaga Ikipe y’Igihugu ya Pakistan. FERWAFA yatangaje ko Stephen Constantine ari umutoza mukuru mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda […]

Kyle Walker, yatangaje ko asezeye ku gukinira ikipe y’igihugu y’Ubwongereza nyuma yo kuyikinira imikino 96

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Kyle Walker, yatangaje ko asezeye ku gukinira ikipe y’igihugu mbere y’Igikombe cy’Isi giteganyijwe muri iyi mpeshyi. Uyu mukinnyi w’imyaka 35 ukina ku ruhande rw’iburyo mu bwugarizi yahisemo gusoza urugendo rwe mu ikipe y’igihugu nyuma yo gukinira u Bwongereza imikino 96 mpuzamahanga, bituma aba umukinnyi wari hafi yo gukinira igihugu cye […]

Havutse Rodrygo mushya, Real Madrid yemeje ko kubagwa kwa Rodrygo byagenze neza

Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko rutahizamu wayo Rodrygo yamaze kubagwa neza nyuma yo kugira ikibazo gikomeye mu ivi. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Fabrizio Romano, Rodrygo yabazwe nyuma yo kugira imvune ya ACL ndetse agira n’ikibazo kuri external meniscus mu ivi ry’iburyo. Rodrygo nyuma yo kubagwa yatanze ubutumwa kurukuta rwe rwa instagram agira ati: “Ndashimira Imana […]