author

Fabrice Shema, yagaragaje ko ubumwe ari imwe mu ndangagaciro shingiro za FERWAFA; mugikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, FERWAFA na FAPA bifatanyije n’abanyarwanda bose kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 by’umwihariko ababaye mu mupira w’amaguru, aho abayobozi, abatoza, abakinnyi, abasifuzi, abanyamakuru n’abafana b’umupira w’amaguru bahuriye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro rushyinguwemo imibiri y’abarenga ibihumbi 105. Mu Mugoroba wo Kwibuka abo mu muryango w’umupira w’amaguru […]

Umushinga wa green Gicumbi wasoje urugendo rw’imyaka 6 wakoreraga mukarere ka Gicumbi

Umushinga Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki 29 Gicurasi 2026, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukorera ibikorwa binyuranye mu Karere ka Gicumbi. Uyu mushinga ushamikiye kuri Minisiteri y’Ibidukikije wageze mu mirenge 9 kuri 21, mu bikorwa byo kubungabunga icyogogo cy’Umuvumba cyari cyarangiritse kandi ari cyo gifatiye runini […]

RDB yamaze kugera i Budapest gushyigikira amakipe ya Paris Saint-Germain na Arsenal, yamamaza visit Rwanda

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB, Jean-Guy Afrika, yageze i Budapest muri Hungary gushyigikira amakipe ya Paris Saint-Germain na Arsenal, yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda azahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League. Uyu mukino uzabera kuri Puskás Aréna, saa 18:00 zo ku wa Gatandatu, tariki 30 Gicurasi 2026. Abandi […]

Umunya-Brazil Rogério Ramos Dal Solio yagizwe umutoza w’abazamu mum’amavubi

Kuri uyu wa Gatanu tariki29 Gicurasi 2026 Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ku mugaragaro ko ryashyizeho Umunya-Brazil Rogério Ramos Dal Solio nk’umutoza mushya w’abazamu b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi. Ubutumwa bwo kumwakira bwashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za FERWAFA uyu munsi, bukaba bugaragaza ko yinjiye mu ikipe y’abatoza iyobowe na Stephen Constantine, uherutse kugaruka […]

Ubusatirizi bwa PSG burahura n’Ubwugarizi bwa Arsenal ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Umukino wa nyuma wa UEFA Champions League 2025/26 uzahuza ikipe isanganywe igikombe giheruka, Paris Saint-Germain, na Arsenal FC, yatwaye Premier League, kuri stade ya Puskás Aréna ku wa Gatandatu kuri 30 Gicurasi 2026. Uyu mukino uzaba ari ihangana rikomeye hagati y’ubusatirizi buhagaze neza mu isi ya football n’ubwugarizi bukomeye bukomeje guca uduhigo i Burayi, uyumukino […]

APR FC yegukanye igikombe cy’Amahoro 2026 nyuma yo gutsinda Rayon Sports kuri Penaliti 4-2

Nyuma yo gutwara shampiyona ya 2025/2026, APR FC yongereyeho n’igikombe cy’Amahoro gitegurwa na FERWAFA nyuma yo gutsinda mukeba wayo Rayon Sports penaliti 4-2, nyuma y’uko amakipe yombi yari yanganyije 1-1 mu minota isanzwe y’umukino wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026. Iyi ntsinzi yahesheje APR FC igikombe cya 15 cy’Amahoro, ikomeza […]

Abofisiye bato 146 binjijwe Murwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora mumuhango wabereye i Rwamagana

Mu Ishuri ry’Amahugurwa ry’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora riri i Rwamagana [RCS Training School] kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2022 habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y’abofisiye bato 146 binjiye muri uru rwego. Ni abanyamwuga bamaze igihe bahugurwa, bahabwa amasomo azabafasha kuzakora neza inshingano zitandukanye bazahabwa na RCS. Ni umuhango witabiriwe na Minisitiri w’Umutekano […]