Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2026 ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yamaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru Liam Rosenior nyuma y’uruhererekane rw’imikino mibi yagaragayemo gutsindwa inshuro eshanu zikurikiranye muri Premier League. Rosenior w’imyaka 41 y’amavuko yagiye kuri izinshingano muri Mutarama asimbuye Enzo Maresca, asinya amasezerano y’imyaka 6 yagombaga kugeza mu mwaka wa 2032, […]
Cristiano Ronaldo ashobora kongera gukora amateka akomeye mu mupira w’amaguru, aho bishoboka ko yazakinana n’umuhungu we, Cristiano Ronaldo Jr, mu ikipe imwe mu mwaka utaha. Uyu mukinnyi ufite imyaka 41 akomeje kwiyemeza kugera ku ntego yo gutsinda ibitego 1,000 mu mwuga we, aho asigaje ibitego 31 gusa ngo agere kuri uwo mubare udasanzwe. Kuri ubu, […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2026 Banki Nkuru y’Igihugu-BNR yatangaje ko hari inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa burundu, nyuma y’icyemezo cyafashwe hashingiwe ku iteka rya Perezida No 11/01 ryo ku wa 27 Gashyantare 2026. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverineri wa BNR, Soraya M. Hakuziyaremye, hagaragajwe ko izi noti zizahagarikwa ku […]
Mohamed Salah yatangaje ko azava muri Liverpool FC mu mpera za shampiyona ya 2025-2026, nyuma y’imyaka icyenda yari amaze muri iyi kipe. Ikipe ya Liverpool yemeje ko habayeho ubwumvikane hagati yayo n’uyu mukinnyi w’imyaka 33, nubwo yari agifite amasezerano azarangira mu 2027. Salah azava muri Liverpool ari umwe mu bakinnyi bakoze amateka akomeye, aho yatwaye […]
Ikipe ya Manchester City yegukanye igikombe cya mbere mu gihugu muri uyu mwaka wa shampiyona, itsinze Arsenal ibitego 2-0 ku mukino wa nyuma wa Carabao Cup wabereye kuri Wembley Stadium. Umukinnyi witwaye neza muri uyu mukino yabaye Nico O’Reilly watsinze ibitego byombi mu minota ine gusa mu gice cya kabiri, ibintu byahesheje iyi kipe intsinzi […]
Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’ izakina imikino ya FIFA series 2026, izabera mu Rwanda guhera kuwa 26-30 werurwe 2026. Ku wa mbere nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi izatangira umwiherero, umuzamu Kwizera Olivier akazaba ari muri iyikipe”President wa FERWAFA Shema Fabrice, mu kiganiro RTV kickoff kuri Rwanda tv yahamije aya makuru. kuwa 16 werurwe nibwo ikipe […]
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, mu Intare Conference Arena, Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame yagejeje ijambo ku bitabiriye Inama Nkuru y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku muryango FPR-Inkotanyi, agaragaza ko umugore ari inkingi ikomeye mu kubaka umuryango n’igihugu muri rusange. Mu ijambo rye, Madamu Jeannette Kagame yibukije ko isi iri mu bihe by’impinduka zikomeye zirimo izishingiye ku […]
Rayon Sports F.C. yatangaje ko, ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Bruno Ferry wari umutoza mukuru w’iyi kipe. Ikipe yashimiye cyane umusanzu we mu gihe yayitozaga, imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye biri imbere. Uyu Mufaransa atandukanye n’iyi kipe yatozaga kuva mu Kuboza 2025, ayisize muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro. Bruno Ferry asize kandi Rayon sports […]
Chuck Norris, wamamaye mugukina filime zirimo ubuhanga mumikino njyarugamba, yapfuye kuri uyu wa Kane afite imyaka 86, urupfu rwe rwatangajwe n’umuryango we binyuze kuri konti ye ya Instagram, ariko nta bisobanuro byinshi byahise bitangwa. Bavuze ko yari yajyanywe mu bitaro muri Hawaii uwo munsi nyuma yo kugira ikibazo gikomeye cy’uburwayi. nubwo abanenga sinema batamwishimiraga cyane, […]
Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yavuze ko kuba atarahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda-Amavubi, yitegura imikino ya FIFA Series 2026, bitamuciye intege, ahubwo azakomeza kwitwara neza kugira ngo ubutaha nawe azahamagarwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Werurwe 2026, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’umukino wo kwishyura muri 1/4 cy’igikombe cy’amahoro wabereye […]
