Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko kugeza ubu nta kipe irabandikira igaragaraza ko yifuza umukinnyi w’iyi kipe nubwo hari amazina menshi agarukwaho ko yifuzwa n’amakipe. Niyigena Clément na Daouda Yussif Seidu bavugwa muri Al-Hilal SC, Ruboneka Bosco na Byiringiro Gilbert bakavugwa muri Al-Merrikh, Mamadou Sy muri Simba SC naho Denis Omedi […]
Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
Ni umukino wabereye kuri Muhanga stadium, tariki 24/01/2026 saa15 :00 PM wasifuwe na MURINDANGABO Moise. Uyumukino w’umunsi wa 18 wa championa warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Mukura niyo yafunguye amazamu mbere aho kumunota wa 47’, IRADUKUNDA Elie Tatou yatsinze igitego cya Mukura, uba umukino wa 2 iyikipe inganya gusa. Rayon sports yaje kwishyura kumunota wa 49’ […]
Al Merrikh SC yaguye miswi na Rayon Sports 2-2 kuri uyu wagatatu, tariki 21/01/2026, 15:00 kumukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, uyumukino wasifuwe na Kayitare David. Rayon Sports yatangiye itsinda igitego cyatsinzwe na Tambwe Gloire kumunota wa 8′, nuko Faustin Kitoko Likau aza kuyitsindira ikindi gitego kumunota wa 33′, igice cya mbere kirangira Rayon Sports […]
Umuhango wo gufungura irushanwa AFCON 2025 wabereye kuri Prince Moulay Abdellah Stadium tariki 21/12/2025 k’umukino wahuje Morroco na Comoros. Umuhango wo gufunga irushanwa wabereye i Rabat nuko Senegal itsinda Morroco 1-0 inatwara iri rushanwa kunshuro ya 2 mumateka. Umukongomani Michel Kuka Mboladinga wamamaye nyuma yo guhagarara atanyeganyega muri match zose yarebye nkumufana wikipe yigihugu cya […]
Ikipe ya Arsenal FC yashinzwe mu 1886 mumajyepfo y’umugi wa London ahitwa woolwich n’uruganda rwacuraga intwaro. Iyikipe yashinzwe n’abari abakozi b’uruganda rwitwaga Royal arsenal rwakoraga intwaro zifashishwagwa nigisirikare cy’ubwongereza. Ntibyari ikipe gusa ahubwo byari ikimenyetso cyo guhanga udushya no gukorera hamwe. Kuki arsenal bayita the gunners? mu 1913 ikipe yimukiye mumajyaruguru y’umugi wa London, murwego […]
