Max Dowman ukinira Arsenal yasinyanye n’ikipe amasezerano y’agateganyo (pre-contract agreement) azatuma asinya amasezerano y’umwuga igihe azaba yujuje imyaka 17 muri Ukuboza. Max yinjiye mu ishuri ryacu ry’abato (academy) afite imyaka umunani, ahita atangira kwigaragaza mu buryo budasanzwe, aca uduhigo twinshi mu byiciro by’abato uko yagendaga azamuka muri Hale End. Yakinnye umukino we wa mbere mu […]
Police fc yasezereye Rayon sports mu irushanwa ryigikombe k’intwari 2026 muri 1/2 ihita ikatisha itike yokumukino wanyuma. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium saa 15:00 tariki 29/01/2026. Umukino watangiye impande zombi zirikwigana ariko byaje kurangira bose babuze amahirwe yoguhindura umukino, igice cyambere kirangira banganya 0-0. Igice cyakabiri cyatangiranye impinduka Police ishaka uburyo bwigitego nuko […]
Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Marocco, nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Uyu mwanzuro watangajwe mu ijoro rishyira ku wa Kane, nyuma y’inama ya komisiyo […]
Mu ijoro rya tariki 28/01/2026 UEFA Champions League yari yagarutse amakipe akomeye k’umugabane w’iburayi ari kwesurana mukibuga akora amateka, ashaka icyubahiro, imitima yacu yuzuye ibyishimo, kandi abakinnyi bakomeye bakomeza gukora amateka. Amakipe yabaye ayambere mubihugu byayo k’umugabane w’iburayi yari yahuye k’umunsi wanyuma mumikino y’amatsinda mu irushanwa rya UEFA Champions League. Imikino 18 yose yatangiriye igihe […]
Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]
IshowSpeed uzwi cyane kuri Youtube wari warasuye Afurika yasoje urugendo rwe kuri uyumugabane, nyuma yo kuzenguruka ibihugu 20 by’afurika muminsi 28. Uyumusore w’imyaka 20 w’icyamamare muri livestreaming hano ku isi aho abikorera cyane kurubuga rwa Youtube anafite abamukurikira barenga miliyoni 50 subscribers byanamuhaye ubukire aho umutungo we urenze miliyoni 30$. Amazina ye yanyayo ni Darren […]
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko kugeza ubu nta kipe irabandikira igaragaraza ko yifuza umukinnyi w’iyi kipe nubwo hari amazina menshi agarukwaho ko yifuzwa n’amakipe. Niyigena Clément na Daouda Yussif Seidu bavugwa muri Al-Hilal SC, Ruboneka Bosco na Byiringiro Gilbert bakavugwa muri Al-Merrikh, Mamadou Sy muri Simba SC naho Denis Omedi […]
Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
Ni umukino wabereye kuri Muhanga stadium, tariki 24/01/2026 saa15 :00 PM wasifuwe na MURINDANGABO Moise. Uyumukino w’umunsi wa 18 wa championa warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Mukura niyo yafunguye amazamu mbere aho kumunota wa 47’, IRADUKUNDA Elie Tatou yatsinze igitego cya Mukura, uba umukino wa 2 iyikipe inganya gusa. Rayon sports yaje kwishyura kumunota wa 49’ […]
Al Merrikh SC yaguye miswi na Rayon Sports 2-2 kuri uyu wagatatu, tariki 21/01/2026, 15:00 kumukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, uyumukino wasifuwe na Kayitare David. Rayon Sports yatangiye itsinda igitego cyatsinzwe na Tambwe Gloire kumunota wa 8′, nuko Faustin Kitoko Likau aza kuyitsindira ikindi gitego kumunota wa 33′, igice cya mbere kirangira Rayon Sports […]
