Etincelles FC yirukanye Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe isigaranwa na Bizimana Abdou unzwi nka Bekeni usanzwe ushinzwe tekinike muriyikipe. Masudi Djuma ni umwe mu batoza batari borohewe muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma y’uko ikipe ye yasoje imikino ibanza iri ku mwanya wa nyuma, ifite amanota 11 mu mikino 17 ndetse mu […]
Kuba rutahizamu wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo, atarakinnye umukino wahuje ikipe ye na Al Riyadh, byaciye amarenga ko umwuka utari mwiza hagati ye n’abayobozi b’ikigo gicunga iyi kipe akinira. Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr nyuma y’uko hasohotse ingingo y’ibanga mu masezerano ye. Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, aravugwaho kuba ashobora kuva muri Al […]
Karim Benzema yinjiye muri Al Hilal avuye muri mukeba wayo muri Saudi Pro League, Al Ittihad. Uyu rutahizamu w’Umufaransa ufite imyaka 38, yari yarasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Al Ittihad avuye muri Real Madrid mu mpeshyi ya 2023, aho amasezerano ye muri iyi kipe yo mu mujyi wa Jeddah yari ateganyijwe kurangira muri Kamena 2026. […]
Ikipe ya Police FC yegukanye Igikombe cy’Intwari 2026 nyuma yo gutsinda APR FC kuri penariti 7-6, mu mukino wa nyuma wabaye kuri iki Cyumweru muri Stade Amahoro, urangira amakipe yombi anganyije 1-1 mu minota 90 isanzwe y’umukino bitabaza Penariti. Iyi nsinzi Police FC iyikesheje uruhare rukomeye rw’umunyezamu Niyongira Patience, wakuyemo penariti y’ingenzi, nyuma yo kwinjira […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Senegal (FSF) ryemeje ko rizishyura amafaranga yose ryaciwe rikongeraho ay’abakinnyi n’abatoza, kubera ibihano bafatiwe kubera imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabahuje nigihugu cya Morroco wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Mutarama 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe […]
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’umunyezamu Pavelh Ndzila ukomoka muri Congo Brazzaville, nyuma y’amezi atandatu gusa yari amaze ayikinira. Uyu munyezamu w’imyaka 31, yari yarageze muri Gikundiro mu mpeshyi ya 2025, ariko ntiyabashije kugumana umwanya we mu izamu nyuma y’igihe gito, aho aherukaga gukina mu Ugushyingo 2025. Ndzila yatangiye gutakaza icyizere cy’abatoza n’abafana, […]
Ubuyobozi bw’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) bwemeje ko imikino ya nyuma y’iri rushanwa rya 2026, rizaba rikinwe ku nshuro ya gatandatu, izabera mu Mujyi wa Kigali mu Rwanda. Ibi byatangajwe ku wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, ubwo hatangazwaga ingengabihe yemewe ya BAL 2026, irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu mukino […]
Irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 18, riteganyijwe kuva ku wa 22 Gashyantare kugeza ku wa 1 Werurwe 2026, aho rizakinwa mu byiciro umunani (8 stages) ku ntera igera kuri kilometero 993. Amakipe 18 ni yo azitabira Tour du Rwanda ya 2026, akaba yahawe umwihariko wo kuzakina […]
Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wagatanu saa 21:00 tariki 30 Mutarama 2026. Al Hilal SC niyo yafunguye amazamu bwambere kugitego cya Mohamed Abdul Rahman kumunota wa45+3′. Girumugisha Jean Claude yatsinze igitego cya kabiri cya Al Hilal SC kumunota wa 49′ nyuma […]
Tariki 30 Mutarama 2026 habaye tombora y’imikino yakamarampaka (Play-offs) muri UEFA Champions League 2026, amakipe 16 yananiwe kuzamuka ari mumunani yambere kuva kuya9 kugeza kuya24 azakina yishakamo 8 azajya muri 1/8 kirangiza (Round of 16). Dore uko tombora yagenze:
