author

Arashinjwa ibyaha 5 Dosiye ya DC Clement yashyikirijwe Ubushinjacyaha

Dosiye ya Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement yashyikirijwe Ubushinjacyaha, ku ikubitiro akaba yarezwe ibyaha bitanu nubwo hari ibindi bigikorwaho iperereza nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B.Thierry yemereye Itangazamakuru ko dosiye ya DC Clement yagejejwe mu Bushinjacyaha kuri uyu wa 8 Mata 2026. Ati: “Nibyo koko dosiye ye […]

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bigiye guhita bigabanuka

Nyuma y’amasezerano y’ibyumweru bibiri yo guhagarika intambara hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za America, ibiciro by’ibikomoka peteroli ku isi byagabanutse cyane mu bihugu bimwe nabimwe kuri uyu wa Gatatu. Ni mu gihe abahanga mu by’ubukungu bemeza ko kugira ngo icyizere cy’igabanuka ry’ibi biciro byumvikanyweho ku isoko mpuzamahanga, bizafata igihe kugira ngo rigere hose. […]

Nshuti Innocent Rutahizamu w’amavubi yambitse impeta umukunzi we

Nshuti Innocent, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice bamaze igihe bakundana amusaba kumubera umugore. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, ni bwo uyu mukinnyi yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze buhuriyeho na bombi, abukurikiza amagambo yuje urukundo. Yagize ati: “Ndacyishimiye ko […]

Ibiciro bishya by’ingendo byavuguruwe ubu kigali – Kamembe ni 11,445Frw

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Izi mpinduka zije zikurikiye izamuka rikomeye mu mateka y’u Rwanda y’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli kuko bwa mbere, Lisansi na Mazutu byarenze 2000 Frw, kimwe kikagera kuri 2.303 Frw ikindi aba 2.205 Frw. Mu Mujyi wa Kigali, umugenzi azajya yishyura 59.28 Frw kuri […]

Abajura11 bakekwaho ubujura bakoreraga kwa Mutangana Nyabugogo bafashwe

Mu gace ka Nyabugogo hamaze igihe havugwa ubujura bukabije, ariko nyuma yuko abahakorera bagaragaje cyuko hari abajura babatega mu masaha ya nijoro bakabambura ibyo bafite cyane cyane amatelefone, Polisi yaje kubikurikirana kuri uyu wa Mbere tariki 1 Mata 2026, Polisi ikaba yafashe abantu 11 bakekwaho ubwo bujura. ubu bujura bwakorerwaga abacururiza mu isoko ry’ahazwi nko […]

Drones zikomeza kuraswa mu burasirazuba bwa RDC zarikoroje muri Loni

Ibitero bya drones biherutse kwibasira Umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bikomeje guteza impaka n’impungenge ku rwego mpuzamahanga. Ibi bitero byahitanye abantu barimo umukozi w’ubutabazi w’Umufaransa n’abakozi ba UNICEF. Iki kibazo cyagarutsweho ku wa 26 Werurwe 2026 mu nama y’Inama y’Umutekano ya Loni, aho hasuzumwaga umutekano […]

Ibyo wamenya Ku gitaramo Alicia na Germaine batumiwemo muri BK Arena

Ni igitaramo cyateguwe n’itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana basanzwe bafite izina rikomeye hano mu Rwanda, Ben na Chance, kizaba kuwa 05 Mata 2026. Iki gitaramo kiswe Easter Jubilee, ni kimwe mubitaramo Ben & Chance bateguye gukorera mu Rwanda ariko bakazanakorera ibindi hanze y’u Rwanda nk’uko babitangaje ubwo bari mu Kiganiro n’ IGIHE […]

“Namukubise isuka mu mutwe” urubanza rw’umugabo wishe umugore n’umwana

Mu kagali ka Bujyujyu mu murenge wa muyumbo wo mu karere ka Rwamagana Haburanishijwe imanza 2 zose zifitanye isano n’ubwicanyi, aho muri zo harimo urubanza rw’ubwicanyi ndengakamere rw’umugabo wishe umugore we n’umwana we abakubise isuka mu mutwe. Uru rubanza hamwe n’urundi zaburanishijwe mu ntangiriro z’iki cyumweru tariki ya 24 werurwe 2026 Rubera kubiro by’akagari, aho […]

Kiliziya yongeye kwemeza ibyo guhabwa insimburangingo z’inyamaswa

Vatican yavuze ko ntacyo bitwaye kuba abakirisitu Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa mu rwego rwo kuvura indwara zitandukanye, mu gihe ubu buryo bukurikiza amahame y’imyitwarire n’amabwiriza ya Kiliziya. Ibi byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026, bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bukoresha ingingo z’inyamaswa nk’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. […]