author

Imodoka ya Howo yaguye muri Nyabarongo

Nkuko byatangajwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyarusange Byicaza Jean Claude wo mu karere ka Muhanga, imodoka yari itwawe n’umushoferi witwa Mugwaneza Idrissa wakoreraga campany y’abashinwa yaguye mu mugezi wa nyabarongo uwo mushoferi ahasiga ubuzima. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange, mu Karere ka Muhanga Byicaza Jean Claude Avuga […]

“Abayisilamu iyo bateye Imbere n’igihugu kiba giteye imbere” Perezida Paul Kagame

Umubare mwinshi w’ abayisilamu baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu bari bateraniye muri BK Arena bazinduwe ni igikorwa bise ‘Meet The President’ aho barimo baganira na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu kwishimira ibyo Abayisilamu bagezeho. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2026, Kibera muri BK Arena, aho kitabiriwe n’ibihumbi by’Abayisilamu baturutse […]

Bamenyekanye, ibyo umusore n’umukobwa basanzwe bapfuye RIB igize icyo ibivugaho

Kumbuga nkoranyamabaga hari gucicikana inkuru y’umusore wigaga mu mwaka wa mbere wa kaminuza mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya RP TUMBA n’umukobwa bombi basanzwe bapfuye mu nzu uyu musore yabagamo, aya makuru akaba yamenyekanye kuwa 24 werurwe 2026. Abatanze aya makuru batabaza bavuga ko basanze uyu musore amanitse mu nzitiramibu naho umurambo w’umukobwa wo […]

Perezida Trump yavuze ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza  burundu intambara imaze iminsi  mu Burasirazuba bwo Hagati kandi  ku bw’izo mpamvu abaye asubitse mu gihe cy’iminsi itanu  kugaba ibitero ku bikorwa remezo by’ingufu bya Iran. Nubwo Trump yatangaje ibyo ariko Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) byatangaje ko […]

Muri abirasi kandi mwiratana ubusa. H.E Paul kagame yakebuye abayobozi

Perezida Paul Kagame yanenze bikabije abayobozi batuzuza inshinganozabo baba barahawe mu nzego zitandukanye, avuga ko babiterwa n’imico mibi kandi ko iyo yiganjemo ubwirasi nubwo baba babikora ntacyo bishingikirije. Yabigarutseho ubwo yasozaga Inama Nyunguranabitekerezo y’Abayobozi b’Inzego bwite za Leta n’inzego z’ibanze yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako. Yitabiriwe n’abayobozi b’uturere, ba minisitiri batandukanye n’abandi. […]

Abahanzi nyarwanda bahatanye mu bihembo bya Africa Golden Awards 2026

Abahanzi bakomeye mu Rwanda barimo Israel Mbonyi, Bruce Melodie, Meddy ndetse n’itsinda rya Alicia & Germaine, bari mu bahataniye ibihembo mpuzamahanga bya Africa Golden Awards 2026. Aya marushanwa agamije guha icyubahiro abantu n’ibigo bigira uruhare mu guteza imbere Afurika mu nzego zitandukanye zirimo ubuhanzi, ubucuruzi, siyansi, siporo n’ibikorwa by’ubugiraneza. Ibi bihembo biteganyijwe gutangwa ku wa […]

Inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Mukamira

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imvura nyinshi imaze iminsi igwa yatumye umuhanda wa Muhanga-Ngororero-Mukamira ufungwa by’agateganyo iboneraho no gutangaza indi mihanda iba ikreshwa mu gihe uyu wabaye ufunzwe. Ni amakuru Polisi yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, ibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X. Polisi y’Igihugu yasabye abakoresha uyu muhanda kwifashisha izindi nzira ndetse […]