author

Mussa KaKa

My name is Byiringiro Moise, a graduate of the University of Rwanda in the Department of History and Heritage. I have practical experience in heritage preservation and museum education, having completed an internship at the Huye Ethnographic Museum where I worked on ethnographic collection management and visitor engagement. I have also served as a teacher, delivering holistic lessons that empower youth and strengthen community values. My academic and professional journey reflects a deep commitment to cultural identity, reconciliation, and civic education.

Israel yatangaje ko yatangiye ibitero ku bikorwaremezo bya Iran

Ingabo za Israel zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero bigamije kwangiza bimwe mu bikorwaremezo bya Leta ya Iran mu mijyi irimo Tehran, Shiraz na Tabriz, kugira ngo bahagarike Iran kuko ari uduce bafata nk’ahifashishwa mu bikorwa by’umutekano n’ubutegetsi bwa Iran. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo za Israel (IDF), bavuze ko ibyo bitero bigamije kwibasira ibikorwa bafata […]

Unity Club yatangije icyiciro cya gatanu cy’ibiganiro “Ndi Umunyarwanda” mu mashuri yisumbuye

Umuryango Unity Club Intwararumuri, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) n’izindi nzego za Leta, watangije icyiciro cya gatanu cy’ibiganiro bya gahunda “Ndi Umunyarwanda.” Ibi biganiro bizibanda cyane ku rubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye, hagamijwe kurushaho kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda no gukomeza kwimakaza indangagaciro z’umuco nyarwanda. Iki gikorwa giteganyijwe kugera mu mashuri yisumbuye agera […]

Amatora mu Rugaga rw’Abikorera mu Rwanda yatangiye ku rwego rw’Akarere.

Abagize inteko itora mu Urugaga Nyarwanda rw’abikorera bazindukiye mu matora y’ababahagararira ku rwego rw’Akarere. Aya matora ni intangiriro y’igikorwa kizakomeza mu byiciro bitandukanye, kikazasozwa n’amatora ku rwego rw’Igihugu ateganyijwe mu minsi iri imbere. Ku rwego rw’Akarere, abanyamuryango b’urugaga batora umuyobozi w’urugaga muri ako karere hamwe n’abamwungirije babiri. Hatorwa kandi abagize inama nkemurampaka barindwi, bose bakazamara […]

Dusure igishanga cy’Urugezi: Uko Nyirantwari yarokotse urupfu, akabyara Basebya wahungabanyije ubwami

Igishanga cy’Urugezi giherereye mu Karere ka Burera, ahahoze ari agace k’uBuberuka kari gakikijwe na Ndorwa, kagahana imbibi n’ u Rukiga ndetse n’uBufumbira byombi ubu biherereye mu gihugu cya Uganda. Urugezi ni igishanga kinini, ahanini kigizwe n’urukangaga ndetse n’urufunzo,ubu hakaba hari n’ibiti byahatewe n’ubuyobozi mu rwego rwo gufata neza. Ibibiti byatewe ngo bikingire Urugezi, iyo ubyitegereje […]

Iran yashyizeho Umuyobozi w’Ikirenga by’agateganyo nyuma y’igitero cya Amerika na Israel

Igihugu cya Iran kiri mu bihe bikomeye nyuma y’amakuru avuga ko Umuyobozi w’Ikirenga wacyo, Ali Khamenei ndtse n’abandi bayobozi bakomeye baguye mu gitero cyagabwe n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Isiraheli. Amakuru aturuka mu nzego z’ubuyobozi bwa Iran avuga ko yahise asimburwa by’agateganyo na Alireza Arafi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo mu gihe hagitegurwa […]

Abantu babiri bitabye Imana bazize impanuka yabaye mu isiganwa rya Tour Rwanda 2026

Ubuyobozi bw’Isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda (Tour du Rwanda) bwatangaje ko abantu babiri bitabye Imana bazize impanuka yabaye ku Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, ubwo harebwaga agace ka mbere k’iri siganwa kahagurukiye mu Karere ka Gicumbi kagasorezwa i Rwamagana. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwavuze ko iyi mpanuka yabereye i […]

INKOMOKO Y’INSIGAMIGANI NAHO MISEKE NDARWANA

Uyu mugani umuntu awuca iyo abangamiwe n’ingorane bikaramba-nya; ni bwo abona ko agiye guseba agakorwa n’ikimwaro, noneho akihagararaho agira ati «N’aho Miseke ndarwana !» Wakomotse kuri Miseke w’iNyabimata ho muri Nshiri (Gikongoro);ahayinga umwaka w’i 1700. Miseke uwo yari atuye aho i Nyabimata ku nkiko y’Abadahemuka.Akaba intwari cyane; ndetse ngo we na Rugimbana rwa Matabaro wisheMakungu, […]

Ibyo abaturage basabwa mu kuzuza Imyirondoro n’Ifoto y’indangamuntu koranabuhanga mu mugi wa Kigali

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) cyatangije ku mugaragaro igikorwa cyo kwemeza imyirondoro no gufotora abatuye Umujyi wa Kigali, mu rwego rwo gutanga indangamuntu z’ikoranabuhanga (SSDID). Iki gikorwa kigamije kuvugurura no kunoza amakuru y’irangamimerere y’abaturage hashingiwe ku byatangajwe n’ubuyobozi bwa NIDA n’Umujyi wa Kigali. Iyi gahunda yatangiye ku wa 7 Gashyantare 2026, ikorerwa mu Turere twose […]

Inkunga y’u Rwanda muri Mozambique nyuma y’ibiza by’imyuzure

Guverinoma y’u Rwanda yakomeje kugaragaza umuco wo gufasha no gufatanya n’ibindi bihugu, aho yoherereje Mozambique inkunga igizwe na toni 20 z’ibiribwa n’imiti, mu rwego rwo gufasha abaturage bagizweho ingaruka n’imyuzure iherutse kwibasira iki gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo. Iyi nkunga yatwawe n’indege ya RwandAir yahagurutse i Kigali mu gitondo cyo ku wa Kabiri, tariki ya […]

Sudan Airways yageze i Khartoum nyuma y’imyaka 3 ubwikorezi bw’indege buhagaritswe n’intambara

Ku Cyumweru tariki ya 1 Gashyantare 2026, indege y’abagenzi ya Sudan Airways yageze ku kibuga cy’indege cya Khartoum, ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka hafi itatu ibikorwa by’ubwikorezi bwo mu kirere bihagaritswe bitewe n’intambara yari imaze igihe ishegeshe Sudani. Ikigo gishinzwe indege za gisivili muri Sudani cyatangaje ko iyi ari “indege y’amateka”, kivuga ko igaragaza […]