Impinduka nshya ku mategeko y’umupira w’amaguru zatangajwe n’International Football Association Board (IFAB). Izi mpinduka zizatangira gukurikizwa ku itariki ya 1 Nyakanga, kandi zizagaragara bwa mbere mu gikombe cy’isi cya 2026 FIFA World Cup kizatangira ku wa 11 Kamena 2026. Zemejwe mu nama rusange ya 140 ya IFAB. Igihe ntarengwa cyo gutera umupira ujya mu kibuga […]
Umwongereza Stephen Constantine w’imyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”. Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA. Mu 2023/2025, Constantine yatozaga Ikipe y’Igihugu ya Pakistan. FERWAFA yatangaje ko Stephen Constantine ari umutoza mukuru mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda […]
Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2026 i Paris, Perezida Paul Kagame yitabiriye umukino wa UEFA Champions League wabereye kuri Parc des Princes, aho ikipe ifatanya na Visit Rwanda ari yo Paris Saint‑Germain yatsinze Chelsea FC ibitego 5–2. Nyakubahwa Paul Kagame, ukunda cyane umupira w’amaguru, ejo yitabiriye umukino wo mu […]
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Kyle Walker, yatangaje ko asezeye ku gukinira ikipe y’igihugu mbere y’Igikombe cy’Isi giteganyijwe muri iyi mpeshyi. Uyu mukinnyi w’imyaka 35 ukina ku ruhande rw’iburyo mu bwugarizi yahisemo gusoza urugendo rwe mu ikipe y’igihugu nyuma yo gukinira u Bwongereza imikino 96 mpuzamahanga, bituma aba umukinnyi wari hafi yo gukinira igihugu cye […]
Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko rutahizamu wayo Rodrygo yamaze kubagwa neza nyuma yo kugira ikibazo gikomeye mu ivi. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Fabrizio Romano, Rodrygo yabazwe nyuma yo kugira imvune ya ACL ndetse agira n’ikibazo kuri external meniscus mu ivi ry’iburyo. Rodrygo nyuma yo kubagwa yatanze ubutumwa kurukuta rwe rwa instagram agira ati: “Ndashimira Imana […]
FERWABA na Bralirwa PLC basinyanye amasezerano y’ubufatanye azamara imyaka ine, binyuze mu kirango cyabimwe mubinyobwa bya Bralirwa kitwa Cheetah Energy Drink kugira ngo hashyigikirwe shampiyona ya basketball mu Rwanda, yitwa Rwanda Basketball League. Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA Plc, binyuze mu kinyobwa cyarwo cya “Cheetah Energy’’, rwongereye amasezerano y’imyaka ine n’Ishyirahamwe rya Basketball FERWABA, […]
Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza kubona ubu butumwa bazajya babyishyurira ifatabuguzi. WhatsApp ibinyujije kuri X, yavuze ko ubu butumwa bwo kwamamaza butazajya buboneka ugifungura uru rubuga, ahubwo bazabushyira mu gice cya ‘Updates’. Ubu butumwa kandi buzanagaragara hagati y’aho urebera ‘Status’, ibijya gusa nk’uko kwamamaza kuri Instagram Stories bikorwa. Ku […]
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2026 muri Village Urugwiro habaye inama y’abaminisitri yayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Iyinama yitabiriwe nabaministri nabanyamabanga bazaministeri bafatiramo imyanzuro yasinzweho na Ministri w’intebe Dr. NSENGIYUMVA Justin. Dore imyanzuro yatangajwe nyuma yiyinama. 1. Imishinga y’Amategeko yemejwe Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: 2. […]
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bari muri batayo ya mbere y’Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1), bakorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), bahawe imidari y’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro kuri uyu wa Kabiri, tariki 3 Werurwe 2026. Uyu […]
Laurentiu Aurelian Reghecampf umutoza wa Al Hilal SC na Ben Moussa El Kebir Abdessattar umutoza wa Police FC bafatiwe amande kubera ko batitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino na Rwanda premier league. Ntibitabiriye ibiganiro n’abanyamakuru (post-match press conference) kandi ari itegeko. RPL ivuga ko ibi binyuranyije n’Ingingo ya 25, Igika cya 4 cy’amategeko agenga amarushanwa. RPL […]
