author

Imyanzuro y’inama y’igihugu y’umushyikirano ku nshuro ya 20 yagiye hanze

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro 12 yafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026, ku nshuro yayo ya 20, uyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME. Mu bitabiriye Umushyikirano, harimo abayobozi batandukanye n’abahagarariye abikorera, Abanyarwanda baba mu mahanga, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda n’imiryango mpuzamahanga, n’abandi bafatanyabikorwa, n’itangazamakuru. Imyanzuro […]

“Nta gihugu cy’Afurika cyagakwiye kuba giterwa mu kinyejana cya 21” Perezida mushya wa AU Ndayishimiye

Perezida w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasezeranyije gukora ibishoboka byose mu mushinga w’Ubumwe bw’Afurika wo gucecekesha intwaro, kugira ngo abaturage b’Afurika babeho mu mutekano, mu cyubahiro n’icyizere, nyuma yo gutorerwa kuyobora uyu muryango. Ndayishimiye yatorewe kuyobora uyumuryango mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu ku cyicaro cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU/UA) i Addis Abeba muri […]

Obama yagarutse kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe na Trump imugaragaza nk’inguge

Uwahoze ari Perezida w’Amerika Barack Obama yavuze mu buryo buziguye kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, abwira umuyobozi w’ikiganiro cya podcast ko kugira isoni n’imyitwarire myiza byahoze biranga abayobozi, ubu byatakaye. Iyo videwo ikomeretsa yari irimo igice kigaragaza Obama n’umugore we Michelle nk’inguge, bituma binegwa henshi n’abo mu ishyaka ry’abademokarate […]

NGABO Roben yasezeye kuri Rayon Sports nyuma y’imyaka 6 bakorana

Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare NGABO Roben wari Communication Manager yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Rayon sports, nkuko yabitangaje kurubuga rwe rwa X yahoze ari twitter. Itangazo NGABO yashyize hanze riragaragaza urugendo yakoranye nikipe ya Rayon Sports mu gihe cy’imyaka 6 n’uruhare rwe muguteza imbere itumanaho n’imbuga nkoranyambaga by’iyi kipe. Ngabo […]

Niyo David umunyarwanda ukiri muto Agiye gusinyira ikipe ikomeye i burayi

Nyuma yo gusoza neza igeragezwa , ikipe yo muri Ukraine ya FC Veres Rivne yagaragaje inyota ikomeye yo gusinyisha umunyarwanda ukiri muto Niyo David, nyuma yo gushima cyane imikinire ye n’uburyo yiyerekanye. Imikinire ye myiza yatumye amakipe menshi amwifuza, cyane cyane ayo ku mugabane w’u Burayi, ikipe ya NK Veres Rivne yamuhamagaye mu igeragezwa rizamara […]

Bugesera FC yanganyije na APR FC muri Rwanda Premier League

APR FC inganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabaye tariki 7 Gashantare 2026, waberaga kuri Bugesera stadium, uyumukino wari butangire saa 15:00 ariko kubera imbogamizi z’urugendo ikipe ya Bugesera FC yahuye nazo zitayiturutseho, abayobozi b’umukino bemeje ko utangira saa 15:30. Umukino watangiye APR FC ifite imbaraga […]