Guverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro 12 yafatiwe mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yateranye ku wa 5-6 Gashyantare 2026, ku nshuro yayo ya 20, uyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME. Mu bitabiriye Umushyikirano, harimo abayobozi batandukanye n’abahagarariye abikorera, Abanyarwanda baba mu mahanga, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda n’imiryango mpuzamahanga, n’abandi bafatanyabikorwa, n’itangazamakuru. Imyanzuro […]
Ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2026 habay NBA All-Star Game kunshuro ya 75, umukino wanyuma wabereye muri Intuit Dome muri leta ya California, ikipe ya USA Stars yatsinze USA Stripes amanota 47-21 yegukana igikombe, mu gihe Anthony Edwards yahawe igihembo cya Kobe Bryant MVP. Uyu mukino wari mwisura nshya kubera imiterere mishya yashyizweho na NBA, […]
Perezida w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasezeranyije gukora ibishoboka byose mu mushinga w’Ubumwe bw’Afurika wo gucecekesha intwaro, kugira ngo abaturage b’Afurika babeho mu mutekano, mu cyubahiro n’icyizere, nyuma yo gutorerwa kuyobora uyu muryango. Ndayishimiye yatorewe kuyobora uyumuryango mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu ku cyicaro cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU/UA) i Addis Abeba muri […]
Uwahoze ari Perezida w’Amerika Barack Obama yavuze mu buryo buziguye kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, abwira umuyobozi w’ikiganiro cya podcast ko kugira isoni n’imyitwarire myiza byahoze biranga abayobozi, ubu byatakaye. Iyo videwo ikomeretsa yari irimo igice kigaragaza Obama n’umugore we Michelle nk’inguge, bituma binegwa henshi n’abo mu ishyaka ry’abademokarate […]
Ikipe ya Arsenal ku Cyumweru tariki 15 Gashyantare yatsinze byoroshye Wigan Athletic ibitego 4-0 mu mukino w’icyiciro cya kane cya FA Cup wabereye kuri Stade ya Emirates, Wigan isanzwe ikina mu cyiciro cya gatatu m’Ubwongereza aricyo bita League One. Mu minota 27 ya mbere gusa, Arsenal yari yamaze gusoza umukino n’ibitego 4 byinjijwe na Noni […]
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Gashyantare habaye umukino wa CAF Champions League wahuje AL Hilal yo muri Sudan ariko ikinira mu Rwanda na FC Saint Eloi Lupopo kuri Amahoro stadium saa 15:00. Al Hilal SC yagiye gukina uyu mukino isabwa gutsinda cyangwa kunganya kugira ngo igere muri 1/4 cy’iri rushanwa Nyafurika ku nshuro ya […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare NGABO Roben wari Communication Manager yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Rayon sports, nkuko yabitangaje kurubuga rwe rwa X yahoze ari twitter. Itangazo NGABO yashyize hanze riragaragaza urugendo yakoranye nikipe ya Rayon Sports mu gihe cy’imyaka 6 n’uruhare rwe muguteza imbere itumanaho n’imbuga nkoranyambaga by’iyi kipe. Ngabo […]
Mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 15 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabaye ku wa 10 Gashyantare 2026, Al Hilal FC yatsinze APR FC ibitego 2 ku busa, uyumukino wabereye kuri Stade ya Kigali Pelé saa 15:00. Uyu mukino wayobowe n’abasifuzi bashyizweho n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, aho Ishimwe Jean Claude ari we wari […]
Nyuma yo gusoza neza igeragezwa , ikipe yo muri Ukraine ya FC Veres Rivne yagaragaje inyota ikomeye yo gusinyisha umunyarwanda ukiri muto Niyo David, nyuma yo gushima cyane imikinire ye n’uburyo yiyerekanye. Imikinire ye myiza yatumye amakipe menshi amwifuza, cyane cyane ayo ku mugabane w’u Burayi, ikipe ya NK Veres Rivne yamuhamagaye mu igeragezwa rizamara […]
APR FC inganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabaye tariki 7 Gashantare 2026, waberaga kuri Bugesera stadium, uyumukino wari butangire saa 15:00 ariko kubera imbogamizi z’urugendo ikipe ya Bugesera FC yahuye nazo zitayiturutseho, abayobozi b’umukino bemeje ko utangira saa 15:30. Umukino watangiye APR FC ifite imbaraga […]
