Ku matariki ya 7–8 Gashyantare, mu kigo k’ishuri Collège Christ Roi, giherereye mu karere ka Nyanza, hari kubera irushanwa rya Isonga Intercenter Competitions ryateguwe na minisiteri ya siporo k’ubufatanye na leta y’ubufaransa ibicishije mukigega Agence Francaise de Developpement. Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe atandatu y’abakobwa ndetse n’amakipe atandatu y’abahungu, yose ahatanira imyanya ya mbere no kugaragaza […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Gashyantare 2026, RSSB Tigers BBC yatwaye igikombe cya Super Cup 2026 cyateguwe na FERWABA itsinze APR BBC amanota 78–68 mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena saa 20:00 mu mwuka w’ishyaka n’ihangana rikomeye. Ikipe ya Tigers yitwaye neza kuva umukino utangiye kugeza urangiye, igaragaza ubukana mu busatirizi no […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Gashyantare 2026 habaye umukino w’umunsi wa 19 wa Rwanda Premier League 2025-2026 wahuje Gorilla FC na Rutsiro FC, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, saa 15:00, uyumukino wasifuwe na NGABOYISONGA Patrick. Umukino watangiye Gorilla FC ifungura amazamu kuko umukinnyi wayo Chancelor Ndombe yatsinze igitego k’umunota wa1′ w’umukino, amakipe yombi yakomeje […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Argentine (AFA) ryemeje ingamba nshya zibuza abakinnyi guhamagarwa mu makipe y’igihugu iyo bimukiye mu mahanga batarasinya amasezerano y’umwuga mu kipe yo muri Argentine. Iyi politiki igamije, Kurinda amakipe yo muri Arijantina gutakaza impano z’abakiri bato, no gushishikariza guteza imbere abakinnyi baturuka mu marerero yo mu gihugu. AFA ivuga ko iki cyemezo […]
Rayon Sports yasinye amasezerano y’ubufatanye na Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd izwi cyane mu gihugu cya Tanzaniya, afite agaciro ka miliyoni 3.5 z’amadorali y’Amerika mu igihe kingana n’imyaka 5. Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd ni kompanyi yo muri Tanzaniya ikorera muri afurika y’iburasirazuba niyo hagati, ikaba itanga serivisi zirimo gutunganya ibinyobwa, amasabune, izubwikorezi, […]
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA tariki 5 Gashyantare 2026 ryasinye amasezerano y’ubufatanye bw’imyaka itatu na Okapi Sports Network, OSN, bugena ko OSN igira uburenganzira bwihariye bwo gutambutsa imikino ya basketball ya FERWABA mu buryo bwa live streaming. Aya masezerano y’imyaka myinshi azegereza abakunzi ba basketball mu Rwanda no hanze yarwo ibyishimo by’umukino kurushaho, […]
Uwahoze ari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Spain, Roberto Moreno, bivugwa ko yirukanwe ku kazi ke ka vuba aha nk’umutoza wa FC Sochi yo muburusiya, bitewe n’impungenge zavutse ko yaba yarishingikirizaga cyane AI, ChatGPT, mu gutoza ikipe no gufata ibyemezo. Moreno, ufite imyaka 48, wari watangiye gutoza FC Sochi mu 2023, bivugwa ko mu mwaka […]
Etincelles FC yirukanye Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe isigaranwa na Bizimana Abdou unzwi nka Bekeni usanzwe ushinzwe tekinike muriyikipe. Masudi Djuma ni umwe mu batoza batari borohewe muri Shampiyona y’u Rwanda nyuma y’uko ikipe ye yasoje imikino ibanza iri ku mwanya wa nyuma, ifite amanota 11 mu mikino 17 ndetse mu […]
Kuba rutahizamu wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo, atarakinnye umukino wahuje ikipe ye na Al Riyadh, byaciye amarenga ko umwuka utari mwiza hagati ye n’abayobozi b’ikigo gicunga iyi kipe akinira. Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Al Nassr nyuma y’uko hasohotse ingingo y’ibanga mu masezerano ye. Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, aravugwaho kuba ashobora kuva muri Al […]
Karim Benzema yinjiye muri Al Hilal avuye muri mukeba wayo muri Saudi Pro League, Al Ittihad. Uyu rutahizamu w’Umufaransa ufite imyaka 38, yari yarasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Al Ittihad avuye muri Real Madrid mu mpeshyi ya 2023, aho amasezerano ye muri iyi kipe yo mu mujyi wa Jeddah yari ateganyijwe kurangira muri Kamena 2026. […]
