Perezida Kagame na Macron bagiranye ibiganiro ku miterere y’umutekano mu Karere

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byibanze ku mutekano mu karere n’umubano w’Ibihugu byombi. Abakuru b’Ibihugu bahuriye i Paris mu Bufaransa, aho bitabiriye Inama Mpuzamahanga ya kabiri yiga ku ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri mu bikorwa bya gisivili. Iyi nama yabaye ku wa 10 Werurwe 2026, […]

Yoweri Museveni yasimbuye kubuyobozi bwa EAC William Ruto

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yafashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) abusimbuyeho perezida wa Kenya William Ruto, munama ya 25 isanzwe ihuza abakuru bibihugu bya EAC yabereye I Arusha muri Tanzania. Nyuma yo gushyikirizwa ubuyobozi Museveni yahise atangira kuyobora uyu muryango w’akarere ndetse anayobora ibiganiro byiyo nama yahuje abayobozi b’ibihugu bigize EAC kugira […]

Imyanzuro y’inama yabaminisitiri yayobowe na perezida Paul Kagame kuri uyu wa 4 Werurwe 2026

Kuri uyu wa gatatu, tariki 04 Werurwe 2026, inama y’abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Nanyakubahwa Perzida wa Repubulika y’u Rwanda , Kagame Paul. iy’inama yafatiwe mo imyanzuro itandukanye aho yemerejwemo imishinga yamategeko itandukanye, hemejwe kandi politiki, ingamba na porogaramu zitanduka ndetse hanashyirwa mumyanya abayobozi batandukanye nkuko bigaragara mu Itangazo ryashyizwe hanze nibiro bya […]

Tshisekedi yasabwe kurandura FDLR na Wazalendo mu maguru mashya

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yasabwe gufata ingamba zifatika mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, hagamijwe gushimangira umutekano n’amahoro arambye mu gihugu cye no mu karere ka Afurika yo hagati n’Iburasirazuba. Ibi byagarutsweho mu biganiro yagiranye n’abayobozi bakuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu ruzinduko […]

Abakuru b’Ibihugu bahuriye i Kigali ku kibazo cy’umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC

Uyu munsi tariki ya 30 Mutarama 2026 mubiro by’Umukuru w’igihugu village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yagiranye inama yihariye (tête-à-tête) na Faure Gnassingbé, Perezida w’Inama nkuru y’Igihugu ya Togo ndetse n’Umuhuza Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ku bijyanye n’igikorwa cyo gushakira amahoro iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Nyuma y’iyo nama, Abakuru […]