Abo Leta izishyurira: Mituweli izajya yishyurwa kugeza ku 20,000 Frw guhera umwaka utaha

Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026 hijihijwe imyaka 25 ishize Leta y’u Rwanda ishyizeho ubwisungane mu kwivuza bwa mituweli (Mutuelle de sante), ndetse hanerekanwa ku mugaragaro uburyo bwo kwishyura mituweli bijyanye n’imisanzu mishya ivuguruye bikaba byabereye mu karere ka Gasabo na Kayonza. Hatangajwe serivisi ziyongereye kuzari zisanzwę zihabwa abakoresha mituweli zirimo kuyungurura amaraso ku bafite […]

Dore ibyiza biterwa no kurira utari uzi

Wabonye ukuntu nko mu muryango nyarwanda no mu muco rusange, kurira akenshi bifatwa nk’intege nke? Umwana abwirwa guceceka, umuntu mukuru akabwirwa ko “ungana nkawe adakwiye kuba arira”, naho naho ngo “amarira y’umugabo atemba ajya mu nda.” Nyamara Ariko burya ni ukwibeshya, si ko ukuri kwa siyansi n’ubuzima bwo mu mutwe bubivuga. Kurira si intege nke, […]

Ubutumwa bw’umujyi wa Kigali bwibutsa abawutuye koga umubiri wose buri munsi

Umujyi wa Kigali watanze ubutumwa bushishikariza abaturage kurushaho kwita ku isuku y’umubiri n’aho baba, ubinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X ku wa 16 Gashyantare 2026. Mu butumwa bwatangajwe, hagarutswe ku kamaro ko kuba umuntu w’umusirimu arangwa n’isuku aho atuye, aho akorera n’aho anyura. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwibukije ko ari ngombwa koga umubiri wose ukoresheje […]

Mu Rwanda indwara y’igicuri iri kuvurwa igakira

Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangirijwe ku nshuro ya mbere mu Rwanda igikorwa cyo kubaga indwara y’igicuri, ni igikorwa cyateguwe mu gihe cy’icyumweru kigamije gufasha abarwayi bari basanzwe boherezwa kuvurirwa mu mahanga, by’umwihariko mu Buhinde. Iki gikorwa cyatangiye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Gashyantare 2026, gitangizwa habagwa umurwayi wa mbere. Uwo […]

RBC irateganya ko abahungu bazajya bakingirwa kanseri y’inkondo y’umura

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko kiri gusuzuma uburyo mu gihe kiri imbere n’abahungu bashobora kujya bakingirwa virusi ya HPV, mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira ryayo mu baturage. HPV ni virusi izwiho gutera kanseri y’inkondo y’umura ku bakobwa n’abagore, kandi yandurira cyane mu mibonano mpuzabitsina. RBC igaragaza ko kanseri y’inkondo y’umura ari imwe mu […]

FDA yahagaritse umuti witwa RELIEF ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyatangaje ko cyahagaritse itumizwa, icuruzwa no gukwirakwiza ku isoko ry’u Rwanda imiti yitwa Relief kuko itujuje ubuziranenge. Itangazo rya Rwanda FDA ryo ku wa 11 Kamena 2025 rigaragaza ko binyuze mu igenzura rihoraho ry’ubuziranenge bw’imiti iri ku isoko, yatahuye “imiti itemewe yitwa “RELIEF” y’ibinini iri […]

MU CYARO HARI BENSHI BATAGIRA IMYENDA Y’IMBERE: DR ANICET ASOBANURA AKAMARO K’ISUKU MU GIHE CY’IMIHANGO

Mu Rwanda, cyane cyane mu byaro, haracyagaragara ibibazo bikomeye bijyanye n’isuku y’abagore n’abakobwa mu gihe cy’imihango. Kimwe mu bibazo bikunze kugarukwaho n’abaganga n’impuguke mu by’ubuzima ni ukutagira imyenda y’imbere iboneye, bikaba bishobora gutera indwara zitandukanye n’ingaruka ku buzima bw’imyororokere.Dr Anicet, umuganga w’inzobere mu buzima rusange, agaragaza ko iki kibazo kidakwiye gufatwa nk’ikintu gito, kuko gifitanye […]