Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
Ni umukino wabereye kuri Muhanga stadium, tariki 24/01/2026 saa15 :00 PM wasifuwe na MURINDANGABO Moise. Uyumukino w’umunsi wa 18 wa championa warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Mukura niyo yafunguye amazamu mbere aho kumunota wa 47’, IRADUKUNDA Elie Tatou yatsinze igitego cya Mukura, uba umukino wa 2 iyikipe inganya gusa. Rayon sports yaje kwishyura kumunota wa 49’ […]
Al Merrikh SC yaguye miswi na Rayon Sports 2-2 kuri uyu wagatatu, tariki 21/01/2026, 15:00 kumukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, uyumukino wasifuwe na Kayitare David. Rayon Sports yatangiye itsinda igitego cyatsinzwe na Tambwe Gloire kumunota wa 8′, nuko Faustin Kitoko Likau aza kuyitsindira ikindi gitego kumunota wa 33′, igice cya mbere kirangira Rayon Sports […]
Umuhango wo gufungura irushanwa AFCON 2025 wabereye kuri Prince Moulay Abdellah Stadium tariki 21/12/2025 k’umukino wahuje Morroco na Comoros. Umuhango wo gufunga irushanwa wabereye i Rabat nuko Senegal itsinda Morroco 1-0 inatwara iri rushanwa kunshuro ya 2 mumateka. Umukongomani Michel Kuka Mboladinga wamamaye nyuma yo guhagarara atanyeganyega muri match zose yarebye nkumufana wikipe yigihugu cya […]
Abakunzib’umupira w’amaguru muri Africa ndetse no ku is hose bamaze hari ukwezi kose baryoherwa n’irushanwa rikomeye ku mugabane w’Afrika, AFCON 2025 kugeza rishyizweho akadomo n’umukino wanyuma wahuje ikipe y’igihugu ya Morocco (Les Lions de l’Atlas) n’iya Senegal (Les Lions de la Téranga), umukino wasize Senegal irara neza. Uyu mukino wabaye mu mwuka wihariye, aho amakipe […]
Ikipe ya Arsenal FC yashinzwe mu 1886 mumajyepfo y’umugi wa London ahitwa woolwich n’uruganda rwacuraga intwaro. Iyikipe yashinzwe n’abari abakozi b’uruganda rwitwaga Royal arsenal rwakoraga intwaro zifashishwagwa nigisirikare cy’ubwongereza. Ntibyari ikipe gusa ahubwo byari ikimenyetso cyo guhanga udushya no gukorera hamwe. Kuki arsenal bayita the gunners? mu 1913 ikipe yimukiye mumajyaruguru y’umugi wa London, murwego […]
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru mu rwanda Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru mu rwanda. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru […]
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje amakipe ko FERWAFA Super Cup izaba tariki ya 2 Kanama, naho Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere igatangira tariki ya 15 Kanama 2025. Ibi ni bimwe mu bikubiye mu ngengabihe y’amarushanwa ateganyijwe mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26, yashyizwe hanze ku wa Mbere, tariki ya 16 Kamena 2025. Umwaka w’imikino […]
