FERWAFA yemeje ko APR FC itazitabira super cup 2026

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryemeje amakuru avuga ko APR FC itazitabira irushanwa rya super cup 2026, nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’igihugu yanditse imeneyesha FERWAFA ko itazitabira iri rushwanwa kubera ryahinduriwe uburyo ryakinagwamo itamenyeshejwe. Igikombe cya super cup cyari gisanzwe gihuza ikipe yabaye iya mbere muri shampiyona n’ikipe yatwaye igikombe cy’amahoro, nkuko bigaragazwa […]

Herekanywe abakinnyi ba Rayon Sports bazakoreshwa 2026-2027 barimo 16 bashya

Kigali Pelé Stadium yari yakubise yuzuye abantu mu birori bikomeye Rayon Sports yerekaniyemo abakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026-2027. Ibyo birori byatangiye ku gicamunsi ku isaha ya Saa Saba, haherewe ku mukino w’abakanyujijeho muri Rayon Sports n’abayobozi bayo wavuyemo ibitego 3-3 bakina na CSK. Iyo gahunda yakurikiwe no kwerekana ikipe y’abagore ya Rayon Sports […]

FIFA yahagurukiye ihohoterwa ryo kuri Internet mu gikombe cy’isi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryamaganye ubutumwa bw’ihohoterwa, iterabwoba n’amagambo arimo urwangano bugera kuri miliyoni 7 bwajyaga ku mbuga nkoranyambaga bwibasira abakinnyi, amakipe, n’abatoza muri iki Gikombe cy’Isi cya 2026. Ibi byavubuwe n’itsinda rishinzwe kurinda abakinnyi ku mbuga nkoranyambaga ryitwa Social Media Protection Service (SMPS). Iri tsinda rigamije kurinda abakinnyi, amakipe n’abasifuzi ibitero byo […]

Ese Argentine yaba igiye kongera gutwara igikombe cy’isi iri kumwe na Messi? ntibishoboka

Argentine yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1. Ni ibitego byatsinzwe na Enzo Fernandez na Lautaro Martinez mu minota ya nyuma Ubwo Anthony Gordon yari yafunguye amazamu mu minota ya mbere y’igice cya kabiri. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nyakanga 2026, ni bwo […]

RDB yagiranye amasezerano na Aston Villa yo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda

Ikipe ya Aston Villa ikina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza Premier League yasinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye na Visit Rwanda, iba umuterankunga wayo wemewe ndetse ikaba izajya itanga ikawa muri stade ya Aston Villa. Ikirango cya Visit Rwanda kizajya kigaragara imbere ku myambaro y’amakipe y’abagabo, abagore ndetse n’ay’abato ya Aston Villa muri season ya […]

BK Pro League yahembye abitwaye neza muri season 2025/26

Umukinnyi w’Umurundi ukinira Al Hilal SC Omdurman yo muri Sudani, Girumugisha Jean Claude, yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, y’umwaka wa 2026/27. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 12 Nyakanga 2026, ni bwo habaye ibirori byo gutanga ibihembo ku bakinnyi n’abatoza bahize abandi muri Shampiyona y’umwaka ushize wa […]

Kylian Mbappé yashyize ahagaragara Itangazo rikomeye ryo kwamagana Ivanguraruhu rya Senateri Celeste Amarilla

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru, Kylian Mbappé, yashyize ahagaragara itangazo rikomeye asubiza Senateri wo muri Paraguay, Celeste Amarilla, nyuma y’amagambo y’ivanguraruhu uyu mugore yamwanditseho nyuma y’umukino w’ikiciro cya 1/8 cy’irangiza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, aho u Bufaransa bwatsinze Paraguay igitego 1-0.​ Nyuma y’uwo mukino, Senateri Amarilla yanditse ku rubuga rwa X amagambo yibasira Mbappé, […]

Dore imikino yose ya 1/4 cy’igikombe cy’isi cya FIFA 2026

Imikino ya 1/8 cy’Igikombe cy’Isi cya FIFA 2026 yahaye abakunzi b’umupira w’amaguru ibyishimo byose bari biteze: ibitego byatsinzwe mu minota ya nyuma, amakipe yatunguye benshi, kugaruka mu mukino mu buryo budasanzwe, ndetse n’abasezeye mu marangamutima menshi. Uko amarushanwa agenda asatira iherezo, hasigaye amakipe umunani gusa ahatanira igikombe gikomeye kurusha ibindi mu mupira w’amaguru. Maroc ni […]