Ibyaranze umukino wa Gicuti wahuje urubyiruko rwa EAR cathederal Butare na RASA

Ku wa 28 Werurwe saa Saba z’amanwa(13:00p.m) Umukino wahuje Urubyiruko rw’Anglikani Cathral ya Butare ndetse n’abanyeshuri b’abangilikani biga muri Kaminuza (All RASA) wari utangiye . Ni umukino wabereye ku kibuga cya Groupe officiel. Umukino wateguwe na Cathedral ya Butare ndetse na RASA mu rwego rw’ivugabutumwa ndetse no kongera ubucuti, ubumwe ndetse n’ubusabane bw’urubyiruko rw’itorero Angilikani […]

Mohamed Salah yatangaje ko agiye kuva muri Liverpool FC mu mpera ziyi shampiyona ya 2025-2026

Mohamed Salah yatangaje ko azava muri Liverpool FC mu mpera za shampiyona ya 2025-2026, nyuma y’imyaka icyenda yari amaze muri iyi kipe. Ikipe ya Liverpool yemeje ko habayeho ubwumvikane hagati yayo n’uyu mukinnyi w’imyaka 33, nubwo yari agifite amasezerano azarangira mu 2027. Salah azava muri Liverpool ari umwe mu bakinnyi bakoze amateka akomeye, aho yatwaye […]

Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’

Umunyezamu Kwizera Olivier yongerewe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’ izakina imikino ya FIFA series 2026, izabera mu Rwanda guhera kuwa 26-30 werurwe 2026. Ku wa mbere nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi izatangira umwiherero, umuzamu Kwizera Olivier akazaba ari muri iyikipe”President wa FERWAFA Shema Fabrice, mu kiganiro RTV kickoff kuri Rwanda tv yahamije aya makuru. kuwa 16 werurwe nibwo ikipe […]

Bruno Ferry wari umutoza mukuru wa Rayon Sports batandukanye

Rayon Sports F.C. yatangaje ko, ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Bruno Ferry wari umutoza mukuru w’iyi kipe. Ikipe yashimiye cyane umusanzu we mu gihe yayitozaga, imwifuriza amahirwe masa mu bikorwa bye biri imbere. Uyu Mufaransa atandukanye n’iyi kipe yatozaga kuva mu Kuboza 2025, ayisize muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro. Bruno Ferry asize kandi Rayon sports […]

“Nzakomeza nkore ibyo nkwiriye kuba nakora”, Kwizera Olivier yagarutse kuba atarahamagawe mu m’Amavubi

Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yavuze ko kuba atarahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda-Amavubi, yitegura imikino ya FIFA Series 2026, bitamuciye intege, ahubwo azakomeza kwitwara neza kugira ngo ubutaha nawe azahamagarwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Werurwe 2026, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’umukino wo kwishyura muri 1/4 cy’igikombe cy’amahoro wabereye […]

Impaka muri Africa, Senegal yambuwe igikombe cya AFCON Morocco ihabwa igikombe

Ikipe y’igihugu ya Senegal national football team yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations mu buryo butunguranye cyane nyuma y’amezi abiri gusa bagitwaye banakoze ibirori byo kugishimira. Ibi byabaye nyuma y’uko Confederation of African Football yemeye ubujurire bwa Morocco national football team, wavugaga ko Senegal yishe amategeko y’umukino ubwo abasore bayo bavanwaga mu kibuga mu […]

Amavubi yasohoye urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazatoranywamo abazitabira FIFA series 2026

Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bazifashishwa muri FIFA Series 2026. Nurutonde rwasohowe na FERWAFA, ruriho abakinnyi bakina mu myanya itandukanye ndetse n’amakipe bakinamo. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda national football team Amavubi iyobowe n’umutoza Stephen Constantine, dore urutonde rwabakinnyi bahamagawe: Abazamu Aba defenders Abakina hagati Abataka Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, […]

Adel Amrouche nyuma yo kwirukanwa mu mavubi yareze FERWAFA muri FIFA

Ku wa 14 Mutarama 2026 ni bwo FERWAFA yatangaje ko Amrouche yasezerewe ku mwanya w’Umutoza Mukuru w’Amavubi nyuma y’amezi 10 yari amaze ayatoza. Icyo gihe iri shyirahamwe ryavuze ko icyemezo cyafashwe bitewe n’uko atubahirije bimwe mu byari bikubiye mu masezerano y’akazi yari afitanye na ryo. Nyuma y’iki cyemezo, Amrouche yandikiye FIFA ayimenyesha ko yirukanwe mu […]

FIFA yashyizeho amategeko mashya azatangira gukoreshwa mu gikombe cy’isi 2026

Impinduka nshya ku mategeko y’umupira w’amaguru zatangajwe n’International Football Association Board (IFAB). Izi mpinduka zizatangira gukurikizwa ku itariki ya 1 Nyakanga, kandi zizagaragara bwa mbere mu gikombe cy’isi cya 2026 FIFA World Cup kizatangira ku wa 11 Kamena 2026. Zemejwe mu nama rusange ya 140 ya IFAB. Igihe ntarengwa cyo gutera umupira ujya mu kibuga […]