Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ku mugaragaro ko rishyigikiye Gianni Infantino kongera kwiyamamariza kuyobora FIFA muri manda ya 2027–2031

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ku mugaragaro ko rishyigikiye Gianni Infantino kongera kwiyamamariza kuyobora FIFA muri manda ya 2027–2031. Ibi byatangajwe binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’urubuga rwa FERWAFA, aho bagaragaje ko bishimiye gushyigikira uyu muyobozi usanzwe uyoboye FIFA kuva mu 2016. Iki cyemezo cya FERWAFA kijyanye n’indi myanzuro yafashwe n’ibihugu byo ku mugabane […]

Perezida william Ruto yakiriye Sebastian Sawe nyuma yo gukora amateka muri London marathon anamuhemba bikomeye

Perezida wa Kenya William Ruto yakiriye ku mugaragaro Umunyakenya Sebastian Sawe kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2026, amushimira anamuha ishimwe ryihariye nyuma yo kwandika amateka mashya mu gusiganwa ku maguru, aho yashyizeho agahigo gashya k’isi muri marato yabereye i Londres izwi nka London Marathon. Umukinnyi w’Umunyakenya Sebastian Sawe yanditse amateka mashya muri marato, […]

UEFA na CAF byashyize umukono ku masezerano y’ingenzi agamije guteza imbere umupira w’amaguru ku migabane yombi

Ku wa Gatatu i Vancouver muri Canada perezida wa UEFA Aleksander Čeferin na perezida wa CAF Patrice Motsepe mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umupira w’amaguru no kuwugira igikoresho cy’ubumwe n’iterambere rusange, impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA) n’iy’Afurika (CAF) byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire (MoU) azamara kugeza ku wa 30 Kamena 2031. […]

IKINYAMAKURU 433 CYEGERANYIJE IMIKINO 20 MYIZA YABAYE MURI IKI KINYEJANA CYA 21

Nkuko tubikesha ikinyamakuru 433 iyi ni imikino myiza yabayeho muri iki kinyejana cya 21 hashingiwe kuko imikino yagenze umwe kurumwe ndetse ningano yabari bayikuri nibyavuye muri buri mukino Ni imikino yiganje iya UEFA Champions league bisanzwe bizwiko iba irimo ishyaka ryinshi ndetse hagaragaramo nimikino yigikombe cy’isi mumyaka itandukanye ndetse hagaragaramo nimikino ya UEFA Europa league […]

RPL yamaze guhindurirwa izina ubu yitwa BK Pro League

Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 Bank of Kigali yasinyanye amasezerano na Rwanda Premier League angana na miliyari 3.25 z’amafaranga y’u Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice, atangiza ku mugaragaro izina rishya rya shampiyona BK Pro League agamije kuzamura urwego, ubunyamwuga n’iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Aya masezerano azamara imyaka itanu n’igice […]

Kuki abantu bari guhindura Kylian Mbappé umunyagitugu? Ibisobanuro bya meme ya Dictator Mbappé

Murinominsi hari gucicikana amafoto, amavidewo kumbuga nkoranyambaga y’umukinnyi wa Real Madrid n’ubufaransa muburyo bwa memes yambaye imyenda ya gisirikare agaragara nk’umunyagitugu, ujya wibaza aho byaturutse? Iyi meme yatangiye hafi mu 2024, nyuma y’uko Mbappé yashatse gufatira ibyemezo mu mategeko unyamakuru/umuinfluencer w’Umufaransa witwa Mohamed Henni, wari wamwise izina atebya ashyira izina rye ku ifunguro rya kebab.Henni […]

Chelsea yirukanye Liam Rosenior nyuma yo gutsindwa inshuro eshanu zikurikirana muri premier league

Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2026 ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yamaze gutandukana n’umutoza wayo mukuru Liam Rosenior nyuma y’uruhererekane rw’imikino mibi yagaragayemo gutsindwa inshuro eshanu zikurikiranye muri Premier League. Rosenior w’imyaka 41 y’amavuko yagiye kuri izinshingano muri Mutarama asimbuye Enzo Maresca, asinya amasezerano y’imyaka 6 yagombaga kugeza mu mwaka wa 2032, […]

Nshuti Innocent Rutahizamu w’amavubi yambitse impeta umukunzi we

Nshuti Innocent, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice bamaze igihe bakundana amusaba kumubera umugore. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, ni bwo uyu mukinnyi yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze buhuriyeho na bombi, abukurikiza amagambo yuje urukundo. Yagize ati: “Ndacyishimiye ko […]