Cleveland Cavaliers bagarutse mu mukino mu minota ya nyuma, batsinda Detroit Pistons, imikino 3-2 muri 1/2 cya Playoffs za NBA

Murukerera rwo kuwa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 Cleveland Cavaliers yagaragaje umutima udacika intege, igaruka mu minota ya nyuma itsinda Detroit Pistons amanota 117-113. Iyi ntsinzi ikomeye yayihesheje kuyobora uyu mukino wa kamarampaka ku ntsinzi y’imikino 3-2. James Harden yatsinze amanota 30, naho Donovan Mitchell atsinda 21 harimo 7 yabonye mu minota y’inyongera, bifasha Cleveland […]

Florentino Perez yageze mu Itangazamakuru arinigura avuga nakari imurori

Kumunsi wejo perezida w’ikipe ya Real Madrid, Florentino Pérez yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka kubintu byinshi byasize bamwe bamuha urwamenyo kubera bimwe mubyo yatangaje muri icyo kiganiro n’itangazamakuru nkaho yatangaje ko muri iyi champion irangiye yatwawe na Barcelona ngo Real Madrid yibwe amanota hagati ya 16 na 18 Bimwe mubyabajijwe muri icyo kiganiro Perez yabajijwe kumwuka […]

Indirimbo yahoze iririmbirwa Arsenal ubu irikuririmbirwa Manchester City, Pep mugahinda gakomeye

Umutoza wa Pep Guardiola yagaragaye asezera ku bafana, mu gihe hakiri urujijo ku hazaza he muri Manchester City nyuma y’umukino batsinzemo 3-0 Crystal Palace. Nubwo City yitwaye neza, biri kugaragara ko igikombe kiri hafi kuguma mubiganza bya Arsenal. Mu mukino, abafana ba Crystal Palace baririmbye bati: “Uwa kabiri na none!” amagambo yababaje cyane abafana ba […]

Stade ya Huye igiye guhabwa isura nshya nyuma y’igihe yaribagiranye

Nyuma y’igihe kirekire igikorwa cyo kuvugurura Stade Mpuzamahanga ya Huye, kimeze nk’icyibagiranye ndetse imirimo yo kugisana yarahagaze, kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imyubakire (RHA) bwatanze icyizere gishya cy’uko iki gikorwaremezo kigiye kurangira vuba. Umuyobozi Mukuru wa RHA, Rukaburandekwe Alphonse, yagejeje raporo kuri Komisiyo y’Imari n’Umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga […]

Kylian Mbappe bwa mbere muri kariyeri (career) ye, nkumukinnyi abuze igihembo na kimwe mu bihembo bya UNFP

Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]

BYIRINGIRO Lague ngo ntakibona champion y’Urwanda nkiri kurwego yifuza gukinaho

Imyitwarire mibi iracyari imbogamizi ku mukinnyi w’Umunyarwanda Byiringiro Lague, nyuma yo gutangaza ko atazongera gukina muri shampiyona y’u Rwanda kubera ko atayibona ku rwego yifuza gukinaho Mu kiganiro Sunday Choice Live gica ku Isibo TV cyo kuri iki Cyumweru, BYIRINGIRO Lague yavuze ko yahagaritswe na Police FC arengana, kuko ngo yari yaramenyesheje ubuyobozi bw’ikipe ko […]

Umuhanzi Paddy K yageneye ubutumwa abanyarwanda kubera ko atarabasha kureba 1000 hills derby ngo ashyigikire Kwizera Olivier

Umuhanzi w’umunyanigeria Paddy K yiseguye kubanyarwanda kubera atarabasha kwifatanya nabo mugushyigikira Kwizera Olivier mumukino urahuza Rayon Sports na APR FC muri 1000 Hills derby uyu munsi, ninyuma yaho Kwizera yamukindishije abanyarwanda mundirimbo ye irigukundwa cyane muriyiminsi yitwa anxiety. Mubutumwa uyumuhanzi Paddy K yacishije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati: “Ndababaye kuba ntaribubashe kuba ndi kumwe […]

Umuhanzi w’icyamamare Olivia Rodrigo agiye kugaragara ku mwambaro wa FC Barcelona mu mukino ukomeye wa El Clásico, binyuze mu bufatanye na Spotify.

Umuhanzikazi Olivia Rodrigo akomeje kuvugisha abantu nyuma yo gutungurana agashyirwa ku mwambaro wa FC Barcelona, uyu muhanzikazi wegukanye ibihembo bya Grammy azagaragara ikirango cye ku mwambaro wa Barça ubwo bazahura na Real Madrid ku wa 10 Gicurasi, bityo abe abaye umuhanzi ukiri muto ubikoze binyuze mu bufatanye bw’iyi kipe na Spotify. Mu mukino uzahuza Barcelona […]

Ikipe ya Sabah FC ikinamo Umunyarwanda Joy-Lance Mickels yegukanye igikombe cya shampiyona ya Azerbaijan ya 2025/26

Ikipe ya Sabah FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya Azerbaijan (Misli Premyer Liqası) ya 2025/26 ku nshuro ya mbere mu mateka yayo. Ni intsinzi ikomeye cyane kuko bayegukanye hasigaye imikino ine ngo shampiyona irangire. Ku wa 30 Mata 2026, ikipe ya Neftçi PFK yatsinze Qarabağ FK ibitego 2–1 bishimangira ko Sabah FC itwaye igikombe bidasubirwaho. […]